1 Umwa go Umwami uziya yapfuye. nabonye Umwami yicaye ku ntebe iri hejuru cane kandi, umwenda go yari yambaye, guzura mu rusengero 2 Abaserafi bari bahagaze hejuruye, buri muserafi yari afite amababa gatandatu, abiri gatwikiye mu maso, abiri gatwikiye amarenge, agandi abiri yagakereshega kuguruka. 3 Bari bari kugamba bombi mujwi rireyi ngo: utunganye, utunganye, utunganye n'uhoragaho, nyiringabo! isi yose yuzuyemo icubahiro ce. 4 Imiryango yose, iranyeganyega guturuka mu fondasiyo kubera iryo jwi, nuko inzu yose yugura mo umwatsi. 5 Maze ndagamba ngo: ni ishano ndapfuye we. kubera ko ndi umuntu w'iminwa yanduye, kandi ntuye hagati y'ubwoko bufite iminwa yanduye. kandi amaso ganje gabonye umwami uhoragaho nyiringabo. 6 Maze umwe mu baserafi araguruka aza ahondi afite igikara mu ntoki kirikwaka yagikuye ku gicaniro, agifatishije ipensi. 7 Agikoza ku munwa gwanje aragamba ngo: iki gikoze ku munwa gwawe, gukiranirwa kwawe kukumyeho, n'icaha cawe kivuyeho. 8 Nunva ijwi ry'umwami Imana ririkugamba ngo: nzatuma nde,ninde uzatugendera? nuko ndasubiza ngo, ndi hano, untume. 9 Nuko aragamba ngo: genda ubwire ubu bwoko ngo: kumva muzumva, ariko ntabwo muzabwitegereza. 10 Unangire imitima y'ububwoko, uhindire amatwi gabo ibihuri, upfuke amaso gabo kugira ngo batareba, batumvisha amatwi, batamenyesha imitima, bagahinduka bagakira. 11 Nasubije ngo: kugeza ryari Mwami! niho yasubije ngo: 11 Ndagamba ngo: n'ukugeza ryari mwami? nuko arasubiza ho imigi izatsembwa, ikabaho ari nta uruyituyemo. kugezaho nta muntu uzaba munzu maze igihugo kikarinduka amatongo gusa. 12 Kugeza igihe uhoragaho azajana kure abantu, mazi igihugo gihinduke ahadaturwa hanini. 12 Uhoragaho akatume abantu be bagende kure, igihugo kibere amatungo. 13 Kandi ni hasigaamo igice kimwe mu ikumi, nabwo kizongera gutwikwa. aeiko, nkuko ibiti bw'umwela nu mwaloni bisigaga igitsitsi, bimaze gucibw, urubyaro ruboneneye, ruzavuka ruve muri ubu bwoko.