Isura 7

1 Kubutegetsi bwa ahazi, mwene Yotamwo muhungu wa Uziya, umwami w'Abayuda, resini Umwami wa siriya bazamuka na peke muhungu wa remaliya umwami w'abisiraeli gufata yerusalema, ariko ntabwo bashoboye kuyifata. 2 Abantu baza kubwira umuryango gwa Dawidi ngo: Abasuriya bakambitse muri Ephatimu. maze umutima gwa Ahazi, n'imitima yabantu be irarakara, irahubangana nkuko ibiti byo mu kibira bihunganywaga n'ikiyaga. 3 Nuko uhoragaho abwira Yesaya ngo: genda uhure na Ahazi, weho n'umuhungu wawe Sheyari yathubu maze mumusanganire. muzahurira, kumwisho haragu y'ikindendezi, kiri ku nzira yo kukama aho abafuraga imyenda bakoreraga imirimo yabo. 4 Umugambire ngo: utuze weregutinya, kandi were gukuka umutima. imbere y'uburakari bwe rezimu n'u bwa siriya, na muhungu wa Remaliya bameze nki bishishimuzo bibiri byimori zirigucumba umwotsi. 5 Ku bwo Siriya iri kugupfangira ibibi weho. kubyo Efurahimu na muhungu wa Remaliya barikugamba. 6 Dutarame tuje gukubita Yuda, dufate umugi, maze tubakure umutima, nyuma dushireho umuhungu wa Tabeli ahategeke. 7 Gutya niko Umwami, uhoragaho arikugamba : imipango yabo ntabwo izaba, ibyo ntabwo bizasohozwa. 8 Kubera Damasi arigo mutwe gwa siriya kandi resini ni go mutwa gwa Damasiko, kandi imyaka miringo itandatu n'itanu itariyashira, Efuraimu bazaba batakiri ubwoko. 9 Samariya nigo mutwe gwa Epfuraimu kandi muhungu wa Rumaliya ni umutwe gwa Samariya. niba mutabyizeye, ntabwo muzabaho. 10 Uhoragaho yongera abwira ahazi ngo: 11 Usabe ikimyetso ku uhoragaho Imana yawe, usabe ico mw'ijuru hejuru cangwa ico hasi kuzimu. 12 Ahazi arasubiza ngo: ntabwo ndasaba ikimenyetso. ntabwo nzagerageza uhoragaho. 13 Maze Yesaya aragamba ngo: nimwunve mwanzu ya Dawidi mwe murushaga abantu mukakona ko bibohereye. none mushaka no kurusha Imana yanje? 14 Nico gituma, Umwami Imana wenyine azabaha ikimenyetso muzareba, umuhara azaheka inda, azabyara rya Imanweri. 15 Azatungwa n'amata n'ubuki kugeza aho azamenyera ubwenge bwo kwanga ibibi agakunda ibyiza. 16 Ariko mbere yuko uwo mwana amenya kwanga ibibi agakunda ibyiza, igihugo co urigutinya abami babiri kizatabwa. 17 Uhoragaho azakuzanahoweho, n'ubwoko bwawe, no kunzu ya basogokuru bawe, imisi itariyaboneka ho, guturuka ku musi go Efuraimu y'itandukanije na Yuda. (umwami wa siriya) 18 Muri iyo misi uhoragaho azatuma amasozi, gari ku mwisho gw'amatiyo ga misiri. ni inzui ziri mu gihugo ca siriya. 19 Zizaza zose maze zigwe mu bikombe, no mu byobo by'ibitare, no ku byatsi byose, no ku byatsi byo mu patiraje byose. 20 Zizaza iyo misi, Umwami Imana azogosha umusatsi ku mutwe N'ubwoya bwo kibirenge, azavanaho n'ubwana, abyogosheshe icuma co gutira hakurya yinyanja, ariwe umwami wa siriya. 21 Muri iyo misi, umuntu azaragira akanyana kinka, nintama zibiti. 22 Amata gazabonekana ku bwinshi, kandi abantu bazarya amavuta, kubera ko amavuta nubuki nibyo bizababeshaho, abazaba basigaye mu gihugo. 23 Muri iyo misi, abantu hose habaga ibiti byimizabibu ibihumbi, iguraga amadorari igihumbi, hose hazamera, imishumbi ni mifatangwe. 24 Ufite umuheto nimyambi niwe uzahagera, kubera ko igihugo cose kizaba ari imifatangwe ni mishubi gusa gusa. 25 No kumusozi yose yo bahingagaho uzayitinyishwa nimishubi nimifatangwe. bazaragiramo inka ni ntama.