1 Uhoragaho we, ni weho mana yanje, nzagushima, nzashira hejuru izina ryawe. kubera ko wakoze ibintu bitangaje imipango yawe yo wapanze kuva kera yarasohoye neza. 2 Kubera ko wahinduye umugi ikirundo cisakamburo.Umugi gukomeye gwahindutse amatongo. inyumba zo mu rurembo rwabanyamahanga watumye hataba umugi, kandi ntabwo hazongera ku bakwa. 3 Nico gituma amahanga gakomeye gakw'ubaha, ni imigi yabakomeye bagutinya. 4 Kubera ko uri ubuhungiro ku batafite imbaraga; uri ubuhungiro ku bakene na abatindi: ukaba ubwugamo mu gihe cikiyaga. kandi ukaba igicucu igihe hariho ico kere cubashuhe. kubera ko ubukana bwa babi bumeraga nkikiyaga kiriguhuha ku gipangu cama buye gikomeye. 5 Nkuko uhoreshaga ubushuhe mubutaka, na niko zahoza ubukana ni induru zabanyamahanga, nkuko ubushuhe buhozwaga nigicucu cigicu naniko wahojeje indirimbo zo gutsinda kwababi. 6 Uhoragaho nyiringabo azagirira kuri ugu musozi amahanga gose, abakorere ibirori, ababagire ibibyibushe, abatereke vino ikuze iryoshe,nibiyibushe byuzuye imisokoro, na vino nziza yabagabo imiminywe neza. 7 No kuri ugu musozi, ni azamariraho rwose igitwikirizo gitwikiye abantu bo kwisi bose. 8 Kandi urupfu azarunesha arukureho pepe imisi yose. Umwami uhoragaho, azahanagura amarira ku maso gose, azavanaho kwisi hose, agasuzuguro nibitisti byo batukaga ubwko bwe ku isi hose. kuko ni uhoragaho wabigambye. 9 Muri iyo misi bazagamba ngo: iyi ni yo mana yacu, yo twizeye niyo izadukiza. ni horagaho, wo wizeye; twishime tunezerwe ku bera agakiza ke. 10 Kubera ko ukuboko ku uhoragaho kuri kurugu musozongo agurunde, kandi Moabu bazakandagirwa, mu gihugu cabo, nkubwatsi mu cobo cifumbire. 11 Baza tega amaboko gabo nkumuntu urikwoga mu ruzi, ariko uhoragaho azarangiza ubwibone bwabo, agwishe nago maboko gabo. 12 Igohome cu murara co ku bipangu byawe byamabuye, Imana iragishenye, irakirambika, ikigeza hasi, no mu mucucu.