Isura 24

1 Dore, uhoragaho yubitse isi ayihinduye umwirare. 2 Ibizaba kuri rubanda, bizaba no kumutambyi, ibizaba ku mugaragu bizaba no kuri shebuja ibizaba ku muja bizaba no kuri nyabuja. ibizaba ku mugi bizaba no kumutunzi. Ibizaa ku uguzaga abandi bizaba no ugurizaga inyungu bizaba no ku umwishura. 3 Isi izanyangwa ihinduke umwirare rwose, kuko uhoragaho niwe uvuze iryo jambo. 4 Igihugo kirikurira kandi kibaye umuhonge: Abagituyemo bacitse intege, barikurira. abatware batenteburitse, nta mbaraga. 5 Isi yandujwe na bayituyemo kubera ko bishe amategeko, bagahindura ibyategetse maze bakica isezerano. 6 Nico gitumye umuvumo gutsemba isi nabayirimo bagatsindwa nurubanza, bigatuma abaturage bisi batwika hagasigara bakeya cane. 7 Imizabibu irumye, kandi vino irabuze. Abimitma yariguwe neza, bose bari ku suhuza umutima. 8 Umunezero gutewe n'ingoma, gurashize, urusaku rwabishimye rurahoze, umunezero gutewe numuki gurashize. 9 Ntabwo bazannywa vino bari kuririmba, inzoga zisindishaga zizasharira abarikuzinnywa. 10 Umugi gurashenyutse, amazu gose garakinzwe, nta muntu uginjiramo. 11 Abantu bari kwabira mu ma barabara ngo babuze vino, umunezero gurabuze, ibyishimo byo mu gihugo birazimye. 12 Umugi gusigaye ari amatongo, ni irembo rira bomotse. 13 Nuko abantu bo mu isi bazamera nkumutini guri ku nyeganyezwa, cangwa kuko bahumbaga imizabibu isarura rishize. 14 Bateye induru bari gusakuza, kubera icubahiro cuhoragaho bazatera hejuru bari ku nyanja. 15 Nuko nimuhimbarize uhoragaho iburasira zuba, ni nimuhimbarize izina ry'uhoragahoImana ya isiraeli mu birwa byo mu nyanja. 16 Twunvishije indirimbo ziherutse ku mwisho gwisi zirikuvuga ngo: abakiranutsi bahawe icubahiro ariko ndagamba ngo: ndazimiye ishano abaringanya bari kuringanya, ni koko abogupiya barigupiya. 17 We muturage wi isi we, ubwoba nu rwobo numutego bikugezeho. 18 Nuko uruguhunga urusaku rw'ubwoba uzagwa mu rwabo umutego guzamufata, kubera ko imigomero yo mwijuru, igomerowe kandi ifondasiyo yisi iri ku nyeganyega. 19 Isi ira shenyutse, isi irasadutse, isi irigucumbagira. 20 Isi iri ku ndandabirana nkumusinzi kandi izanyeganyezwa nkikibanda, igicumuro cayo kirayiremereye, kandi izagwa yere kwongera kubyuka. 21 Ugo musi uhoragaho azahana ingabo zo hejuru mu ijuru, nabami bo hasi mu isi. 22 Bazateranizwa hamwe nkuko abafungwa bateranizwaga mu pirizo. kandi imisi akangari ni ishira, baza hanwa kabisa. 23 Ukwezi kizitwikira isoni, ni zuba rizamwara, kubera ko uhoragaho nyiringabo azategekera ku musozi gwa Siyoni nu iyerusalemu, kandi azahabwa icubahiro imbere ya batwaru.