Isura 26

1 Ugo musi, bazaririmba iyi ndirimbo mu gihugo ca Yuda ngo dufite umugi gukomeye, Imana ya duhaye agakiza nkibipangu ni bihome. 2 Mufungure imiryango, kugira ngo abantu bakiranuka, bagakomeza ibyukuri binjire. 3 Umuntu ugushikamirijeho mu bitekerezo bye, uzamukanda kandi umuhe amahoro, amahoro gusa. kubera ko akwiringiye weho mana. 4 Nimwihegurire uhoragaho imisi yose kubera ko uhoragaho, uhoragaho niwe rutare ruhoragaho imisi ose. 5 Yacishije bugufi ya abari batuye aharehare mu mugi gwishiraga hejuru agurambika hasi akagugeza ku butaka, ndetse akagugeza no mu mucucu. 6 Ibirenge bizaguribatira ndetse ibirenge byabakene, na batindi nabyo bizaguribata. 7 Inzira zumukiranutsi, ni ugutungana, kandi weho utunganye ni weho uyoboraga umukiranutsi mu rugendo rwe. 8 Ni koko uhoragaho, mu nzira yamategeko gawe niko tukurindiriye, imitima yacu yifuza izina ryawe nurwibutso rwawe. 9 mutima gwanje gurakushakaga nijoro, kandi nzaja nzidukira kugushaka mumutima gwanje kubera ko, iyo amategeko gawe gubahirijwe ku isi, abaturage bisi bigaga gukiraruka. 10 Iyo bababarye umunyacaha, ntabyo yigaga gukiranuka, nubwo we agameza gukara amabi mu gihugo cukuri, kandi ntabwo azahabonera ubwiza bwimana. 11 Uhoragaho, ukuboko kwawe kurakomee, ariko ntabwo babirebaga, bazabona umwete uguriraga abantu, maze abantu bamware umuriro guzatsemba abanzi bawe. 12 Uhoragahowe, uduhagu amahoro, kubera ko ibyo dukoraga byose, ni weho ubusohoaga kuri twe. 13 Uhoragaho, mana yacu, abandi batware batari weho, bara dutegekaga no kudukandamiza, ariko twemere ko ari weho wenyine uri Imana yacu. 14 Abo bantu barapfuye kandi ntabwo bazongera kubaho, barashize babaye imizimu ntabwo bazongera kubaho. kubera ko warabahamye, maze urabarimbura, maze ukazimanganya kwibukwa kwabo kwose. 15 Ugwize ubwoko, gwiza ubwoko uhoragaho we! werekane icubahiro cawe wongere no ku mipaka yose yisi. 16 Uhoragaho we, bagushatse mu gihe bari bari mu mubabaro; basutse amaganya no kugusenga igihe wabahanaga. 17 Nku mugore ufite inda ugeze igihe co kubyara, aribwaga, akarira arikubabazwa ni ibise, natwe niko twari turi igihe twabaga niko twari turi igihe twabaga kure nawe, uhoragaho we. 18 Twasamye inda, twagize uburibwe, mu gihe co kubyara, tubyara umuyaga gusa. igihugo ntabwo cakijijwe, kandi abaturage baco ntabwo bavutse. 19 Abapfu bawe bongere babeho intumbi za bantu banje zihagurukemwebe abari mu mucucu mwe, muhaguruke, mugire ibyishimo, kubera ko ikime cawe ari ikime co kubaho, kandi isi izengera ihe kubaho abapfuye. 20 Mugende, bantu banje, mwinjire mu mazu ganyu, mukinge imiryango, mwihishe mo akanya gakeya, kugezaho umujinya gushira. 21 Kubera ko , dore uhoragaho, ahagurutse mu bwicare bwe kugira ngo ahane ubugome bwabatuye kwisi. isi izagaragaza amaraso gayo nta guhisha, kandi ntabwo bazongera guhisha hisha abwicanyi.