Isura 24

1 Aburahamu yar'umusaza, mumyakaye, Uwiteka yari yaramuhaye imigisha muri byose. 2 Aburahamu abwira umukoziwarumaze igihe cyinshi muwe, umuhagarikize wibintu bye byose, ariko ntakwinginje, shira ukuboko kwawe musi yi kibero canje. 3 Nja kurahiriza k'Uwiteka Imana yijuru n'Imana yisi, ntusohoreze umuhungu wanje umunyakananikazi abo nduyemo. 4 Ariko genda mugihugu canje kub'umumuryango wanje ufatire umuhungu wanje umugore. 5 Umukozi aramusubiza, hari uyu mugore ntazemera kuza n'uriki kihugo, none njobora kuzana umuhungu wawe murikigihugu waturutsemo? 6 Aburahamu aramubwira wireba ntuzane umwana wanje iyo. 7 Uwiteka, Imana yijuru nisi, yanguye munju ya Data no mugihugo canje, yambwiye no kuntahira ko, iki gihugo nja kiha urubyaro rwawe, wenyine azatuma marayika imbere yawe, naho ngaho uzavana umugore w'umwana wanje. 8 Niba uwo mugore ataza kukurikira, uzava kuriyi ndahiro ngukoreye. Icangombwa nuko utazanayo umuhungu wanje. 9 Umukozi ashira ukuboko kwe musi yi kibero ca Aburahamu, umutware we amarahirira ibi bintu. 10 Umukozi afata ingamiya cumi mungamiya zu mutware, aragenda, arafite ibyiza byose by'umutware we. Arahagera aragenda Mezapotaniya, mu mugi gwa Nahori. 11 Apfukamisha ingamiya hafi yumugi, iruhande wigisima ca mazi, igihe ca niugoroba, igihe abantu bazakuvamo amazi. 12 Aragmba ngo: Uwiteka, Imana yu mutware wanje Aburahamu ngirira neza ndakwinginze, garagaza ibyifuzo byanje, erekana ubuntu ku mutware wanje Aburahamu. 13 Reba ndihafi yikisima ca mazi, nabahara ba bantu bo mu mugi baraza kuvama amazi. 14 Umuhara wunjabwira, manura ikibindi, ndakwinginze, kugira nyweho, uzasubiza: inywa, ntahereze ningamiya zawe zinywe, abe ariwe wateguriye umukozi wawe isake! nahongaho nja menyako werekanye ubundu ku mutware wanje. 15 Atariyarangiza kugamba Rebeka aratunguka afite ikibindi kurutugu, yabyawe Betueri, umwana Neluka, umugore wa Naheri, mwene nyina wa Aburahamu. 16 Yarar'umuhara uboneye cane mumaso, wisugi yari atararyama numugabo. yarari kurindimura kusoko, yuzuza ikibindi ce aratarama. 17 Umukozi yirukanga imbere ye, aramubwira ngo: ndeke nywe, ndagusaba, amazi make, yo mukibindi. 18 Aramusubiza: inywa, Mwami wanje. Arapfukama ashira ikibindi kumaboko ye, amuha ico kunywa. 19 Amaze kumuhereza ibyo kunywa, aramubwira ngo: ntavomero ningamiya zawe, mbaka igihe ziramara kunywa. 20 Agenda vuba asuka amazi yo mukibindi murubumbira, ariruka kandi aja kusoko kuvoma, avomera ingamiya zose. 21 Uwo muntu abirebye aratangara ndakumubwira icarico cose, kugira ngarebe yaba Imana irashoboza urugendo rwe, cangwa dya. 22 Ingamiya zirangije kunywa, uwo muntu afata ibage yizahabu, uburemere bwayo nari afata nibikoma bibiri, bifite uburemere bwi shekeri cumi. 23 Aramubwira urinde wa muhara we! mpyira, ndabikusaba. Haboneka ahantu ho kuryama munzu yaso? 24 Arasubiza ngo: ndumuhara wa Betuweri, umuhungu wa Miluko wa Nahori. 25 Aramubwira tena: tufite ibyatsi nibyo kurya bizihagije, hamwe na ho kurara. 26 Nuko uwo muntu arapfukama aramya uw'Iteka. 27 Arikugamba ngo: Uwiteka ahabwe icubahiro, Imana ya Data buja Aburahamu, itabuze kugirira databuja imbabazi nu bwira kuri databuja! naje Uwiteka yanyaye munzu ye benenyina badata buja. 28 Uwo muhara areka kubigamba munzu yanyina. 29 Rebeka yarafite musaza we witwa Raboni. Raboni ariruka hafi yuwo muntu, iruhande wisoko. 30 Yabonye imbeta nibikomo kukuboko kwa mushiki we, yumva mushikiwe arikugamba, ngo: uko niko uyu muntu yambwiye. Hanyuma agera kuruwo muntu ari ahagaze hafi wingamiya iruhande wisoko, 31 Aragamba ngo: ngwino, weho wabonye umugisha k'Uwiteka! kuberiki urikusigara hanze? namaze kutegura inzu, nah'ingamiya zawe. 32 Uwo muntu ageze murugo. Laboni atura imitwaro yari kungamiya, ahereza izo ngamiya ibyatsi nibyo kurya, ahereza nuwo muntu amazi yo kukaraba kumaguru, niyo kumaguru yabobantu babiri hamwe nawe. 33 Hanyuma, hamuha ibiryo. Ariko aragamba ngo: ndondarya, ndarinagamba icomvite. Gamba! niko Ranani. 34 Nuko aragamba ngo: ndumukozi wa Aburahamu. 35 Uwiteka yujuje imigisha kuri data buja Aburahamu, yahindutse umuntu ukomeye. Yamuhaye indama, inga, amakuta nizahabu, amuhaabakozi na bakozikazi, n'ingamiya hamwe nipunda. 36 Sara umugore wa data buja, abyarira data buja umuhungu mubusaza bwe, amuha byose byo yari afite. 37 Data buja arandahira ngo: nduzafatira umuhungu wanje umugore wo mubahara bi kanane, mu gihugo co nduyemo; 38 Ariko uzagenda munzu yadata no mumuryango wanje kufatira umuhungu wanje umugore. 39 Mbwira data buja: ahari uwo mugore ndazemera kungurikira. 40 Aramusubiza: Uwiteka uwo ngenda imbereye, azatuma marayika hamwe nawe, azashoboza urugendo rwawe, uzafatira umuhungu wanje umugore, wo mumuryango no munzu ya data. 41 Uzafungurwa muriyi ndahiro nguhaye, igihe uzagera mumuryango wanje, nibatamuguha, uzaba ufunguwe muriyi ndahiro nguhaye. 42 Nageze uyu musi kusoko, mbwira Uwiteka Imana ya data buja baburahamu. Niba uhaye umugisha ururugendo rwanje rusohore, 43 Reba, ndihafi y'isoko y'amazi, bibe umuhara uraza kuvoma, uwo ndabwira ngo: ndeke nywe, ndabikusaba, amazi makeya yo mukibindi, nuzanzubiza ngo: 44 Inywa weho wenyine, kandi ndavomera ingamiya zawe, abe ariwe muhara uzaba umugore uwo Uwiteka ateguriye umuhungu wa data buja. 45 Mbere yuko ndangiza kubigamba mumutima wanje, Reba, Rebeka araza,ashize ikibindi ku bitugu, amanuka ku soko, aravoma. Ndamubwira ngo: mbereza ibyo kunywa, ndabikusaba. 46 Iwe arapfukama amanura ikibindi ce cari kubitugu, iwe aramubwira inywa, kandi nahereza ingamiya zawe ibyo kunywa. Ndanywa, nawe ahereza ingamiya zanje ibyo kunywa. 47 Ndamubaza ngo: urumuhara wande? nawe arambwira: ndumuhara wa Batueri, umuhungu Nahori, Nahori wa Miluko. nzira ipete ku mazuru ye, ni ibikoma kumakeye. 48 Nuko ndapfukama, ndamya Uwiteka, nsingiza Uwiteka, Imana ya data buja Aburaham, iyanyoboye mubyukuri kugira ngopfatire umuhungu wa data buja umuhara , kuri mwene nyina. 49 Noneho niba muragirira ubuntu ni byiza data buja, mubimbwire ingo cangwa oya mbinduke iburyo cangwa ibumoso. 50 Rabani na Batuweri baramusubiza, baragamba ngo: ibibintu bivuye k'Uwiteka, ndotugomba kukubwira ni nabi cangwa ni byiza. 51 Reba Rebeka arimbere yawe: mufate mugende, na abe umugore wu mwana wa shobuja, nkuko Uwiteka yabigambye. 52 Ahubwo umukozi wa Aburahamu yumvishe amagambo yabo, apfuma kubutaka imbere y'Uwiteka. 53 Nuwo mukozi abahra ibintu byifeza ni bintu byi zhabu ni myenda abihereza Rebeka; na beneyina na nyina abagira abakire bico gihe. 54 Nyuma yaho, aradya no kunywa, iwe na bantu bari hamwe nawe, bararaho. Mugitondo, bumaze kuca umukozi aragamba ngo: mundeke nzubire kwa databuja. 55 Benenyina hamwe na nyina baragamba ngo: bisaba ngo uyumuhara yosigara natwe igihe kitoya, imisi cumi, nzagenda. 56 Arasubiza ngo: mutandindisha, kubera Uwiteka yashobije urugendo rwanje, mundeke nigendere nigire kwa data buja. 57 Nuko baramusubiza ngo: twakure uyo muhara, tumugenzure. 58 Baramuhamagara Rebeka, baramubwira ngo: ushaka ko ujana n'uyu muntu? arabasubiza ngo: ingo ntagenda. 59 Bareka Rebaka kugenda, mushiki wabo, bamuha ibyo kurya, hamwe n'umukozi wa ABrahamu na bantu be. 60 Bahumugisha Rebaka, baramubwira ngo: mushiki wacu ube nyina w'igihumbi ni bihumbi cumi, abana bawe bahambwe urugi rwa wabanzi babo! 61 Rebeka arahaguruka hamwe na bakozi be, baja hejuru yingamiya bakurikira uwo muntu n'uwo mukozi ajana Rebeka, baragenda. 62 Murugo mwanya Isaka yarekuye ku soko yitwa Lahayoroyi, kuko yarouye mugihugo ci Negebu. 63 Nimugoroba Isaka yaravuye mumirima kutekereza no kwibaza, yubura amaso, aritegereza, areba ingamiya zisohoye. 64 Rebeka nawe yubura amaso, areba Isaka ahita ava kungamiya yo yarariho. 65 Abwira umukozi ngo: uriya muntu ninde? uvuye mu mirima akaba aje kuhura natwe! umukozi aramubwira ngo: ni data buja. Ahita afata umwirogoso we arirogosa. 66 Umukozi abwira Isaka ibintu byose ya kozeyo. 67 Isaka ayobora Rebeka muhema dya nyina Sara, afata Rebeka, aba umugore we, aramukunda, Isaka aragumanywa nyuma yu rupfu rwa nyina.