Isura 25

1 Abrahamu yongera gufata umugore witwaga Ketura. 2 Amuzarira Zimurani,Yokishani,Medani,Madiyani,Yishibaki na Shuwaki. 3 Yokishaniyazcye Seba na Dedani.Abahungu ba Dedani babeye Abashurimu,Abacetushimu n'Abaleumimu. 4 Abahungu ba Mediani babeye Efa eferi,Henoki,Abida na Elida.Abo bose noibo bahungu ba Ketura. 5 Aburahamu aha Isaka ibintu bye byose. 6 Abahungu b'ishorekeze abaha impano,kandi ubwo yarakiriho,abahereza kure y'umuhungu we Isaka mu ruhande rw'iburasirazuba,mugihugo c'iburasirazuba. 7 Ngiyo imisi y'imyaka y'ubuzima bw'Abrahamu ,yaramire imyaka igana na miro mirongirindwi. 8 Aburahamu avamo umuka arapfa nyuma y'ubusaga busimisize,bukurire kandi bahagire imisi,abayazanwa mu bwoko bwe. 9 Bahungu be Isaka na Ishimaeli bamuhambire mu buvumo bw'i Makipela,mu murima gwa Efuroni mwene Tisokari w'Umuhiti hahereranye n'i Mamure. 10 Ni umurima g'Abrahamu yari yagurire n'abahungu ba Heti.Abo niho Abrahamu na Sara mugore we bahambirwe. 11 Nyuma y'urupfurw'Abrahamu ,Rurema yahiriye Isaka muhungu we. Yabaga ayubakire hamwe n'igitega c'i Lahayiroyi. 12 Ngurwo urubyaro rwa Ishimaeli mwene Aburahamu wo Hagari umunya Misiri,umuboyi wa Sara yazeye hamwe n'Aburahamu. 13 Ngago amazina g'abahungu ba Ishimayeli,Hkurikijwe igisekuruza cabo Neyabati ,umwana w'infura wa Ishimaeli ,Kedari ,Adibeli ,Mibisamu. 14 Misikima,Duma,Masa. 15 Hadadi ,Tema ,Yeturi,Nafishi na Kedima. 16 Abonibo bahungu ba Ishimayeli;Ago nigo mazina gabo hakurijwe amazu gabo.Nibo babeye abasheju cumi na babiri b'ubwoko bwabo. 17 Ngiyi imyaka y'ubuzima bw'Ishimayeli :Igana na mirongisatu n'irindwi.Avano umuka arapfa ,abayazamwa mu bwoko bwe. 18 Abahungu ba batura guturuka i Havila kugeza i Sishuri,hateganye n'i Misiri ,urikuja i Asiriya .Yayubakire imbere ya bene se bose. 19 Runo nirwo rubyaro rwa Isaka mwene Aburahamu . 20 Aburahamu yazeye Isaka,Isaka yamarire imyaka mirongwine ubwo yasohozaga umugore Rebeka umuhara wa Betuweli umuyunani w'i Padani ni Aramu na mushiki wa Labani Umuyunani. 21 Isaka atakambira Rurema kubw'umugore we ,kuko yariyabeye ingumba,Rurema aramusubiza :Rebeka mugore we aba asamire inda. 22 Abana bakaza barabyiganira munda ye,nuko agamba ngo:Niba ariguco yakubereaki nasamire inda?Aba yagenda kuboza kubana Rurema . 23 Maze Rurema aramubwira ngo:amahanga abiri munda yawe.kandi ubwoko bubiri bukatandukane bumarire kuva munda yawe ,umwe w'ubwo bwoko akakomere kuruta uwundi ,kandi imukuru akamikire umutoya. 24 Imisi yo yagombire kuzarimo iba igerire;Mundaye haba haviyemo amahasha abiri. 25 Uwambere yaviyemo afite ubwoya kangari,bamwita izina rya Esawu. 26 Hanyuma mwene nyina yaviye mo ukuboko kufatire akatsi nzino ka Esawu.nawe bamwita izina rya Yakobo.Isaka yari amarire imyaka mirongitandatu ubwo bavukire. 27 Abo bana bakurire .Esawu ahindukire umuhigi akomeye,umugabo w'ishamba ,ariko Yakobo yabeye umugabo uturize yakiberaga mu mahema. 28 Isaka yakundaga Esawu,Kubera ko yaryaga ku nyama zo yabaga yahigire;na Rebeka yakundaga Yakobo. 29 Ubwo Yakobo yaratekire imboga Esawu aturuka mu shamba yaruhire kabisa. 30 Esawu abwira Yakobo ngo:Nybuna womba kwizo mbaga,naruhire basi.Niyo impanvu Esawu bamuheye izina rya Edomu. 31 Yakobo agamba ngo:Manza wangurisha ubukuru bwawe. 32 Esawu asubiza ngo:kongiye kwipfira si, ubwo bukuru bumariye iki? 33 Na Yakobo agamba ngo:Manza undahire kwanza.Aba yamurahirira ,gucorero abayagurisize Yakobo ubukuru bwe. 34 Nuko Yakobo ahereza Esawu umukati hamwe n'imboga .Aragya,aranywa hanyuma yahagurukire arakigendera.Uko niko Esawu yagayire ubukuru bwe.