Isura 7

1 Nuko Salomono amaze kurageza umuriro ura manuka guvuye mwijuru gu twika amaturo, nishimwe, nuko ishimwe ry'Imana ryuzura iyonzu. 2 Kandi abatambyi nataho bashoboye kwinjira munzu y'Imana kuko ishimwe ry'Imana ryari ryamaze kuzura munzu y'Imana. 3 Nuko baraba abana ba b'Israeli bose ugo muriro gwa maso kumanuka nuko ishimwe ry'Imana riraho hejuru winzu bose bose bara senga ikifudifudi detse na muri co gihungu barasenga barugushima Imana kuko ni mwiza Imbabazize nizitekoryose. 4 Niho umwami nabantu, bose batanga izabihu imbere z'Imana. 5 Umwami Salomono atanga uturo, ry'inka ibihumbi makumyabiri nabibiri nintama magana bihumbi namakumyabiri, niho umwami nabantu bose bamaze kubikora babitura munzu y'Imana. 6 Bara hagarara abatabwikumya nyayabo abigishwa nabo hamwe. ni binanda by'Imana ibyakoze umukoziwe Daudi, kugera ngo bashiiime Imana kuko imbabazize niziteka ryose nuko Daudi arahimbaza ku maboko yabo, nabo batabyi barazamuka imbere zabo naba Israeli bose barahangarara. 7 Nuko kandi Salomono arageza ibe hewa yari hagati, imbere yinzu y'Imana kuko ahoniho yari yakuye amaturo ateketejwe na mavuta ga maturo nya mahoro, kubera ago mazabahu gishoba ago Salomono yari yakoze, ntaho yatosheje kwakira amaturo gejejwe, na maturo gifu na mavuta. 8 Basi mugihe Salomono yakoze umusi mukuru, na b'Israeli bose hamwe nawe niteraniro rinini cane kuva mu mwijiro yahamati ha nkagera ku mugezi go mu Misiri mugihe cimusi irindwi. 9 Ndetse nu musi gwa munane bakura iteraniro ryu rwibutso, kuko bari bamase kuinga kurizihirwa kwaya ku minsi irindwi ni minsi mikuru irindwi. 10 Ategeka abantu ngo bagende ku musi gwa ma kumyabiri nagatatu yu kwezi kwa karindwi, bishimwe, mu mitima yabo kubuuza kuri byose Uwiteka yakoreye Daudi na Salomono, na Israeli ye. 11 Nuko Salomono aragea inzu y'Imana ninzu yu mwami na buri kitu cose cari camaze kumwinzjira Salomono mu mitima we abikore munzu y'Imana, no munzu ye nawe. 12 Nuko Imana ibonekera Salomono nyora ara mubwira numvishije ago wa senze kandi aha hantu na maseku ha hitamo. 13 Nufungo ijuru nta mvula irahaba cangwa ni tegeka inzu ye kurya igihugu cangwa jane abantu banje muta uni. 14 Niba abantu banje bahama yawe kuzina ryanje barichiiishabugufi nogu senga, no kushaka mu maso hanje no kureka inzira zabombi nuko nzumva dimwijuru maze mbaba barire ibyaha byabo no yu kiza igihugu cabo. 15 Nukorero amaso ganje ga humura na maatwi ganje gazafunguka gumve amasengesho gabantu banje barigusengera hano. 16 Kuko na maze gutoranya iyinzu no kuyi kiranura kugera gi zina ryanje rizabeho ite karyose namaso ganje nu mutima gwanje deka ryose. 17 Nawe nugenda imbere yanje ukore kuko Daudi dad wawe ukore byose byonagutegetse nogukomeza amateegeko yanje na mbanza rwaje. 18 Nihoza guha itebe gi caba hiro cubwami bwawe kukonariba biraganje hona Daudi data wawe dukugamba kontaha haza bura umuntu wogutwara Isiraeli. 19 Ariko nimuhunduka no kuze ka amategeko yanje ago na sheze imbere zanyu, mukorera izina dimana no kuzi senga. 20 Nihonzaba kura mugihugu canje cana bahaye niyinzu yongeje kuzina ryanje nzayi vana imbere anje kandi za yegira kuba umugani nigitutsi imbere yabantu banje bose, 21 Niyinzu irihejuru uzahangura wese azareba atangare nokugambo kuberi ki Imana ya keze guca kari ikigihungu? niyinzu? 22 Nabo baza subizango nukubera baretse Imana yabase we wabakuye mugihugu comu misiri bakabana nizindi mana bakazisenga no kuzi korera nukorero kubwibyo yazange ibibi byose hejuru yabo.