Abifilipi 2

1 Habaye hariho kuyagirwa muri Kristo, habayeho guhumurizwa muri urukundo, babayeho ubumwe m'umwuka, habayeho imbabazi n'impuhwe. 2 Mwuzuze ibyishimo gwanje, mufite imyumvire imwe, urukundo rumwe, umutima gumwe n'ibitekerezo bimwe. 3 Mutakora icari co cose m'ukukumvikana cangwa muri kwishira hejuru bidafite akamaro ariko kwichisha bugufi kwanyu kubiboneshe abandi babaruta. 4 Buri muntu muri mwewe atakora iby'inyungu ze gusa ahubwo atekereze no kuz'abandi. 5 Mugire umutima gwari guri muri Kristo. 6 Uwo wabayeho ameze ng'Imana, ntaho yaboneye ko kuba nk'Imana ari inkintu co kunyaga. 7 Ahubwo yiyatse yifatira ishusho y'umugaragu cisana n'abandu kandi yabonekanye nk'umuntu nyakuri. 8 Yicishije bugufi, arubaha kugeza gupfa, n'ikirushijeho yemera urupfu ryo k'umusaraba. 9 Nico catumye Imana mu ubushobozi n'ubushake bwe yaramuzamuye, nyuma amuha izina riri hejuru y'amazina yose. 10 Kugira ngo mu izina rya Yesu burivi mw'ijuru no ku isi no musi y'isi rimupfukamire. 11 N'uko buri rurimi rugamba cane imbere y'abantu bose ko Yesu Kristo ari Umwami, kandi bahimbaye Imana Data wacu twese. 12 Kubera ibyo, bakundwa banje, kubera ko mwahoze muri kumvira, mukoreshe agakiza kanyu mufite bwoba no gutitira, atari gusa igihe ndiho, ariko bihore guco no kurushaho igihe ntariho. 13 Kuko n'Imana abakoreragamo ngo mukore kandi mukunde ibyo ishaka. 14 Mwere gukora icari cocose mutishimye cangwa murigutinya tinya. 15 Kugira ngo mubeho ntamugayo kandi mubonereye akazi, abana bo Imana yishimiye hagati y'abantu babi bafite imitima igoramye mukabana nabo muri ikimori muri iyi si. 16 Mufite ijambo ry'ubuzima nabigishije kandi iryo ndikwiritira ngo musi gwa Kristo ndikwerekana ko ntaho nirikuye ubusa cangwa gukorera ubusa. 17 Kandi naho natanga amaraso ganje kuba igitambo, ndishimye no kwishima namwe. 18 Namwe mwishime nkanje kandi mwishimane nanje. 19 Mwiringiye m'Umwami Yesu gutuma Timoteyo ngo azi iwanyu kugira ngo mundeme agatima maze kumenya uko mumeze. 20 Kuko nta muntu n'umwe uri hano ufite ibitekerezo nk'ibyanje ushoboye kwita ku byanyu koko; 21 Kuko bose bari kwishakira iby'inyungu zabo, atari guhangayikira ibya Kristo. 22 Muziko Timoteyo yabonetse ko akwije igihe yitangaga k'umurimo go gutangaza ubutumwa hamwe nanje, yigashe nk'umwana uri hamwe na se. 23 Nimera kubona aho ibyanje bigeze, nzamubatumira. 24 Kandi nizeye ko Umwami azanshoboza kuza iwanyu vuba. 25 Nabonye ari byiza kubatumira Epafrodito umuvandimwe kandi umukozi hamwe nanje mu ntambara zanje, kandi akaba ariwe wanzaniye ibyo mwantumiye kugira ibibazo byanje byorohe. 26 Kuko yumvaga ashaka kubabonaho mwese, kandi yashimiye ko mwamenye ibyerekeye indwara ye. 27 Yarandwaye kandi yari agiye gupfa habura gakeya ariko Imana yamugireye imbabazi, atari we gusa ahubwo nanje, kugira ngo nticwa n'agahinda kugeretse ku kandi gahinda. 29 Naeahitiye kumutuma kugirango mwishimire kumubona kandi nanje mve mugahinda. 28 Mumwakire rero m'Umwami mwuzuye ibyishimo kandi abantu bameze nkamwe mugomba kubaha icubahiro. 30 Kuko yageze hafi yo gupfa kubera akazi Kristo we utari hangayikiye ubuzima bwe ngo ageze ku mwisho akazi mwakoreraga igihe mwabaga mudahari.