Marko 8
1
Muruho musi abantu benshi bongera guterana ntaco bari bafite co kurya , Yesu ahamagara abigishwa arababwira ngo:
2
Nfite imbabazi kubwaba bantu, rebako bamaze imisni tatu ari kumwe nanje , ntabyo kurya baribafite .
3
Nimbasezeraho ngo baje iwabo ngo baje iwabo , imbaraga ziraza ku baburira bageze minzira , kuko bamwe muribo bavuye kure .
4
Abigishwa be baramusubiza ngo : Twabahaza n'imitima gute, hano mubutayu?
5
Yesu arababaza ngo : Mufite i mikati ingahe , bamusubiza ngo :
6
N'irindwi nuko bishaza abantu hasi , bafata ya mikati iridwi amaze kuyi sengera ara imanyagura ayiha abigishwa be ngo ayi gabire abantu .
7
Bari basigaranye amahere make , Yesu ara yasabira umugisha ayaha abigishwa , kuya gabira abantu .
8
Bararya bageza igihe bahaze basigaza ibisobane biridwi byuzuye ubusagirizwa bwasigaye .
9
baba rirwaga mu bihumbi bine nyuma yaho Yesu ara basezera .
10
Yinjira mubwato game , berekeza mukarere ki Dalmanuta .
11
Haza Abafarisayo batangira kuja impaka na Yesu bashaka kumugerrageza bamusaba ikimenyetso kiva mwijuru .
12
Yesu yibaza mu mutima ngo: kuberi iki aba bantu biki gihe babaza iki menyetso ? ndababyira ukuri , ntihazongera kuhabwa iki menyetso kurab'abantu biki gihe .
13
Nyuma ava ahongaho aja mubwato agana hakurya .
14
Abigishwa bari bibagiwe kujana imikati bari basigaranye gusa mubwato.
15
yesu abaha aya mabwiriza , mwirinde neza itubura rya Barisayo n'itubura rya Herode .
16
Abigishwa bara bazanya hagati yabo noku vuganan ngo ,
17
nuko tutafite imikati Yesu arabimenya arababaza ngon: Kubera iki mutekereza ko mutafite umukati , muracari abantu batagira ubwenge ? Ntabyo musobanukirwa ? Mufite Imitima yinangiye ?
18
Mufite amaso hariko ntaho mureba ? Mufite amatwi ntaho muri kumva ?
19
Ntabwo mwibuka igihe namanyaguraka imikati itano , kubantu bihumbi bitanu nibisobane byuzuye ubuvungunyikira bwasigaye ? bara muzubiza ngo nicumi nabibiri .
20
Nigihe na manyaguraga imikati irindwi ku bantu ibihumbi bine, hasigaye ibisobane bingahe byuzuye ubuvungunyukira ?
21
baramusubiza ngo biridwi arababwira ngo ntabwo murasobanukirwa ?
22
bagana i Betesaida , bazanira Yesu impumwi bamusaba ngo ayikoreho .
23
Afata impumwi ukuboko, ayisohokana hanze yurusisiro nuko amuciraho ama canjwe ku maso ye , ayarambikaho ibiganza amubaz ngo : hari ikintu ureba .
24
Yesu arareba aravuga ngo : Ntareba abantu ariko ndabareba bameze nki biti biri kugenda
25
Yesu yongera amurambikaho ibiganza ku maso impumwi itumbira yesu irakira ;
26
isigara ireba byose neza n'uko Yesu amwohoreza iwabo ara mubwira ngo : we kwinjira murusisiro
27
Yesu aragenda hamwe nabigishwa be murusisiro rwi Kaisaria iwabo wa Filipo bari munzira babaza ikikibazo , munvaga ngo barigamba ngo ndinde ?
28
Bara musubiza : Yohana umubatiza abandi , uri Eliya abandi ngo umwe womubahanuzi .
29
Arababaza ngo : Mwe mumvuga ko ndinde aramusubiza ngo uri kristo .
30
Yesu asaba abihanangiriza kuta bibyira umuntu wese
31
Atangira kubigisha aba bwira ngo umwana wumuntu agobwa kubabazwa cane , akagwa nabakuru , nabatambyi bakuru , hamwe nabanditsi , yuko azichwa nyuma y'iminsi itatu aka zuka .
32
Ababwira ibyo bintu kumugaragaro . Petro araramwihererana atangira kumukosora.
33
Yesu arahindukira areba abigishwa be yamagana Petero , aramubyira ngo : Subira inyuma shetani kuko ibyo utegereza atari iby'Imana ibyo bitekerezo werekanye niby'abantu .
34
Nuko yakura abantu hamwe nabigishwa be arababwira , niba umuntu ashaka kungurikira abanze yiyange , yikorere umusaraba we abone ankurikire.
35
nuko uzashaka kukiza ubugingo bwe aza butakaza ariko uza takaza ubuzima bwe kubwanje ,
36
cangwa akatakaza ubuzima
37
bwe kubera umwaze guboneye azakizwa .
38
Bimaziki umuntu ku ronka ubutinzi bwisi akatakaza ubugingi bwe ? umuntu wese azagira isoni zo kunyemera nokwemera amagambo yanje , muriki gihe ca basambanyi nabanyabyaha . Umwana w'umuntu nawe aza gira isoni kuri we igihe azaza mubwiza bwase naba marayika bera.