Marko 8

1 Muruho musi abantu benshi bongera guterana ntaco bari bafite co kurya , Yesu ahamagara abigishwa arababwira ngo: 2 Nfite imbabazi kubwaba bantu, rebako bamaze imisni tatu ari kumwe nanje , ntabyo kurya baribafite . 3 Nimbasezeraho ngo baje iwabo ngo baje iwabo , imbaraga ziraza ku baburira bageze minzira , kuko bamwe muribo bavuye kure . 4 Abigishwa be baramusubiza ngo : Twabahaza n'imitima gute, hano mubutayu? 5 Yesu arababaza ngo : Mufite i mikati ingahe , bamusubiza ngo : 6 N'irindwi nuko bishaza abantu hasi , bafata ya mikati iridwi amaze kuyi sengera ara imanyagura ayiha abigishwa be ngo ayi gabire abantu . 7 Bari basigaranye amahere make , Yesu ara yasabira umugisha ayaha abigishwa , kuya gabira abantu . 8 Bararya bageza igihe bahaze basigaza ibisobane biridwi byuzuye ubusagirizwa bwasigaye . 9 baba rirwaga mu bihumbi bine nyuma yaho Yesu ara basezera . 10 Yinjira mubwato game , berekeza mukarere ki Dalmanuta . 11 Haza Abafarisayo batangira kuja impaka na Yesu bashaka kumugerrageza bamusaba ikimenyetso kiva mwijuru . 12 Yesu yibaza mu mutima ngo: kuberi iki aba bantu biki gihe babaza iki menyetso ? ndababyira ukuri , ntihazongera kuhabwa iki menyetso kurab'abantu biki gihe . 13 Nyuma ava ahongaho aja mubwato agana hakurya . 14 Abigishwa bari bibagiwe kujana imikati bari basigaranye gusa mubwato. 15 yesu abaha aya mabwiriza , mwirinde neza itubura rya Barisayo n'itubura rya Herode . 16 Abigishwa bara bazanya hagati yabo noku vuganan ngo , 17 nuko tutafite imikati Yesu arabimenya arababaza ngon: Kubera iki mutekereza ko mutafite umukati , muracari abantu batagira ubwenge ? Ntabyo musobanukirwa ? Mufite Imitima yinangiye ? 18 Mufite amaso hariko ntaho mureba ? Mufite amatwi ntaho muri kumva ? 19 Ntabwo mwibuka igihe namanyaguraka imikati itano , kubantu bihumbi bitanu nibisobane byuzuye ubuvungunyikira bwasigaye ? bara muzubiza ngo nicumi nabibiri . 20 Nigihe na manyaguraga imikati irindwi ku bantu ibihumbi bine, hasigaye ibisobane bingahe byuzuye ubuvungunyukira ? 21 baramusubiza ngo biridwi arababwira ngo ntabwo murasobanukirwa ? 22 bagana i Betesaida , bazanira Yesu impumwi bamusaba ngo ayikoreho . 23 Afata impumwi ukuboko, ayisohokana hanze yurusisiro nuko amuciraho ama canjwe ku maso ye , ayarambikaho ibiganza amubaz ngo : hari ikintu ureba . 24 Yesu arareba aravuga ngo : Ntareba abantu ariko ndabareba bameze nki biti biri kugenda 25 Yesu yongera amurambikaho ibiganza ku maso impumwi itumbira yesu irakira ; 26 isigara ireba byose neza n'uko Yesu amwohoreza iwabo ara mubwira ngo : we kwinjira murusisiro 27 Yesu aragenda hamwe nabigishwa be murusisiro rwi Kaisaria iwabo wa Filipo bari munzira babaza ikikibazo , munvaga ngo barigamba ngo ndinde ? 28 Bara musubiza : Yohana umubatiza abandi , uri Eliya abandi ngo umwe womubahanuzi . 29 Arababaza ngo : Mwe mumvuga ko ndinde aramusubiza ngo uri kristo . 30 Yesu asaba abihanangiriza kuta bibyira umuntu wese 31 Atangira kubigisha aba bwira ngo umwana wumuntu agobwa kubabazwa cane , akagwa nabakuru , nabatambyi bakuru , hamwe nabanditsi , yuko azichwa nyuma y'iminsi itatu aka zuka . 32 Ababwira ibyo bintu kumugaragaro . Petro araramwihererana atangira kumukosora. 33 Yesu arahindukira areba abigishwa be yamagana Petero , aramubyira ngo : Subira inyuma shetani kuko ibyo utegereza atari iby'Imana ibyo bitekerezo werekanye niby'abantu . 34 Nuko yakura abantu hamwe nabigishwa be arababwira , niba umuntu ashaka kungurikira abanze yiyange , yikorere umusaraba we abone ankurikire. 35 nuko uzashaka kukiza ubugingo bwe aza butakaza ariko uza takaza ubuzima bwe kubwanje , 36 cangwa akatakaza ubuzima 37 bwe kubera umwaze guboneye azakizwa . 38 Bimaziki umuntu ku ronka ubutinzi bwisi akatakaza ubugingi bwe ? umuntu wese azagira isoni zo kunyemera nokwemera amagambo yanje , muriki gihe ca basambanyi nabanyabyaha . Umwana w'umuntu nawe aza gira isoni kuri we igihe azaza mubwiza bwase naba marayika bera.