Marko 7

1 Abafarisayo n'abakarani bari bavuye i Yerusalemu bahurira aho Yesu ari . 4 Yesu ava i Tiro, anyura i Sidona aja ku ngezi ya Galilaya yambukanya igihugo ca Dekapoli. 31 Bamuzanira umurwayi w'igipfamatwi utarashoboraga kugamba. bamusaba kumushiraho ibiganza 5 Nuko abafarisayo n'abakarani baramubaza ngo : kuki abigishwa bawe batubaha imigenzo bakarisha ibiganza bitejejwe ? 6 Yesu arababwira ngo : Mwa ndyadya mwe, m'ukuri Yesaya yabahanuriye ngo 7 Aba bantu banyubahaga ku munwa gusa, ariko imitima yabo iri kure yanje. Banyubahaga ku busa, kuko bashira imbere amategeko y'abantu. 8 Arongera arabwira ngo : Musuzugura amategeko g'Imana 9 mukagasimbuza amategeko g'abantu. 10 Kuko Musa yahanuye ngo : Wubahe so na nyoko; uzatuka se, cangwa nyina, azahanishwe urupfu. 11 Ariko mwewe, muragamba ngo : Niba umuntu abwiye se na nyina ngo : Ico nagombaga kubafashisha korobani (bivuze ngo ituro ry'Imana), 12 mutuma nta n'agato akorera se cangwa nyina, bico mugasuzugura ijambo ry'Imana. 13 mugashira imbere imigenzo yanyu mwihimbiye. Kandi mukora n'ibindi akangari mwihimbiye. 15 Yongeye guhamagara abantu, arababwira ngo : Munyumve mwese kandi mumenye. 14 Nta kintu kiva hanze y'umuntu gishobora kumwanduza; ahubwo ikiva mu muntu nico kimwanduza. 16 Niba hari umuntu ufite amatwi go kumva, niyumve. 17 Igihe yaramaze kwinjira mu inzu kure y'abantu; abigishwa be bamubaza kubyo yavuze. 18 Arababwira : Namwe nta bwenge mufite ? Ntaho mwumva ko ibiva hanze y'umuntu bidashobora kumwanduza ? 19 Kuko bitinjira mu mutima we ahubwo bija munda, mugifu, kibiyungurura hanyuma bikaja mu musarani. 20 gera aragamba ngo : Ibiva mu muntu n'ibyo byanduza umuntu. 21 Kuko ni mu muntu; mu mutima g'umuntu havaga mo ibitekerezo bibi, 22 ubusambanyi, kutagira isoni, ubwicanyi, ubujura, kwikunda, uburimanganya, utagira gahunda mumyifatire, kwifuza kubi, gateranya,ubwibone, ubusazi. 23 Ibyo bintu byose bidatunganye biva mu mutima kandi byanduza umuntu. 24 Yesu avuyeyo, agera ahitwa Tiro na Sidona, yinjira mu inzu adashaka ko babimenya; ariko ntibyashoboka kuko umugore umwe wari afite umuhara wari yafashwe n'ibihindi, yamwituyeho amusaba kumukiriza umwana we. 25 Uwo mugore yari umugirikikazi wo muri Sidoni y'Abafenisi. 26 Aramwinginga ngo : mbabarira ubinyirukanire bimuvemo. 27 Yesu aramubwira ngo : Reka abana bamanze bahage : Kuko atari byiza gufata ibiryo by'abana nuko ukabijugunyira ibyana by'imbwa. 28 Yego, Nyagasani, uwo mugore aramusubiza. Ariko ibibwana, musi y'ameza biryaga ubuvungunyukira bw'ibiryo by'abana. 29 Nuko aramubwira ngo : Kubera iryo jambo, genda umuhara wawe yakize. 30 Ibihindi byagiye. atashe asanga umuhara we aryamye yakize koko. 32 Yesu ava i Tiro, anyura i Sidona aja ku ngezi ya Galilaya yambukanya igihugo ca Dekapoli. 31 Bamuzanira umurwayi w'igipfamatwi utarashoboraga kugamba. bamusaba kumushiraho ibiganza 33 Aramufata, amujana ahiherereye kure y'abantu, ashira intoke mu matwi ge, amukora k'ururimi akoresheje amacanshwe ge. 34 Nuko areba hejuru aragamba ngo "Ephphatha" n'ukuvuga ngo funguka. 35 Ako kamwanya amatwi ge garafunguka n'ururimi rwe rurahambuka ashobora kuvuga neza cane 36 Yesu abasaba kutagira uwo babibwira. Ariko, nkunko yababuza kubigamba niko barushagaho kubigamba cane. 37 Baratangara cane, bibaza ngo : Arigukora ibitangaza, arikumvisha ibipfamatwi, akagambisha ibiragi.