Marko 5

1 Bagera ko yindi nkengero y' ingezi ya Gederenia. 2 Igihe Yesu yamaraga kuva mu bwato, yabonye umugabo imbere ye,uvuye mu kaburi yujujwe n'imyuka mibi. 3 Uwo mugabo yabaga atuye mukaburi nta muntu washoboraga kumuboha naho yashoboraga gukoresha umunyororo. 4 Buri gihe, yari ifite ibyuma ku maguru kandi yambitswe imihama. Ariko yarazicaga izo minyororo ni ibyuma, nta numwe wari ashoboye kumufata. 5 Buri gihe yabaga mu kaburi no ku misozi ari ari kwabira no kwikubitisha amabuye. 6 A arunama imbere ye, ararira n'ijwi rirerire: Urikundyoza iki Yesu Mwana w' Imana Isumba Byose? Ndagusabye mu zina ry'Imana ntutese. Buri gihe, yari ifite ibyuma ku maguru kandi yambitswe imigama. Ariko yarazicaga izo minyororo ni ibyuma, nta numwe wari ashoboye kumufata. 7 Buri gihe yabaga mu kaburi no ku misozi ari kwabira no kwikubitisha amabuye. Abonye Yesu kure, aramwirukagira, arunama imbere ye, ararira n'ijwi rirerire: 8 Urikundyoza iki Yesu Mwana w' Imana Isumba Byose? Ndagusabye mu zina ry'Imana ntutese. 9 Aramubaza ngo izina ryawe ninde nawe arasubiza ngo abasoda kangari niryo zina ryanje kuebra ko kutari kangari nyine . 10 Ara muhendahenda cane ngo ata birukana murico gihugu. 11 Kurugo musozi habga ho ingurube kangari zirikurisha . 12 Baramwinginga bati utwohereze muriya ngurube tuzi sesere mo . 13 Arabakundira abo badaimoni bamuvamo binjira mwizo nguruba sasa izo ngurube zirukira mungezi . Amazi garazica zari nkibihumbi bibiri . 14 Abashumba bizo ngurube bariruka cane barahunga abo mumuji baza kureba uko bibaye . 15 Bageze aho Yesu ari basanga wa munya Daimoni yambaye neza afite ubwenge ngabandi bantu baratinya cane . 16 Babonye ibyo bibaye kuri uwo muntu ni ngurube zaguye mungezi . 17 Sasa baramuhendahenda ngo bave mugihugu cabo. 18 Bamaze kwinjira mu bwato wa muntu warimo daimoni ramuhendahenda ngo bajane . 19 Ariko Yesu aranga ahubwo aramubyira ngo asubire iwabo ababyire ico Imana yamukoreye . 20 Aragenda atangira gucura ugumwazi i Decapoli arikugamba uko Yesu yamukijije abantu bose baratangara . 21 Yesu asubira hirya ari mubwato abantu bwnshi bateranira aho iruhande rwingezi . 22 Umwe mubakuri bi Sinagogi izinarye ni Yairo araza abonye Yesu aramupfukamira . 23 Aramuhendahenda cane aragamba ngo : akahara kanje karenda gupfa ndikuguhenda henda ngo uze ukaze undoke zawe kabone kubaho . 24 Yesu agendana nawe abantu benshi baramukuririka barikumubyiga . 25 Habagaho umugore wari warwaye kuzana amaraso yaramaze imwaka cumi nibiri anarwaye iyo ndwara . 26 Ifaranga ze zashiriye muba nganga barigupima kumukiza ibintu bye byose birashira ahubwo akomeza kugwara . 27 Uwo mugore amzae kunva ibya Yesu araza anyura mubantu akora kumukaba rw'iropo rye. 28 Kuko yatekereje ngo nimara kukora ku ropo rye gusa ndakira . 29 Akokanya amaraso garansina amenya mumubiriwe yuko akize iyorwara . 32 Yesu nawe yunva ko imbaraga ingufu zimushizemo arabaza niba arinde wamukoze ho . 30 Abigishwa be baramusubiza bati ariko si ko abantu barikuku byiga nawe ukabaza ngo ninde unkoze ho . 31 Abanyuza mo amaso kugirango arebe uwa mukoze ho . 34 uwo mugore aratinya cane aratitiza kuko azi ica mubaye ho araza aramupfukamira amubwira ukuri kose . 33 Yesu aramubwira ati muhara wanje ukwizera kwawe kurakukishize genda amahoro ukire . 36 Ariko Yesu atahangaika ahubwo abwira uwo mukuru w'iSinagogi utatinya upfe co kwizera gusa . 37 Yesu yanga ko undi muntu ajana nawe keretse Petero na Yakobo na Yohana mwenyina wa yakobo . 38 Bageze mumu ryango gwinzu yuwo mukuri wi Sinagogi ahasanga abarikurira cane . 40 Nuko arinjira arababaza ngo niki kiri gutuma muri kurira umwan ntaho yapfuye ahubwo arasinziriye baramuseka cane . 39 Abirukaho bose asigarana nase wumwana na nyina nabaribari hamwe na yesu aja ahuwo uwomwana ari . 41 Amufata ukuboko aramubyira ati : "Ntalisa , kumi n;ukugamba ngo kahara we ndakubyiye ngo kanguka " . 42 Uwo mwanya ako kahara kara kanguka karagenda , kuko kari kamaze imyaka cumi nibiri ka vutse . Uwomwanya baratangara cane . 43 Yesu arababyira ngo hatagira umuntu numwe wo babyira arababyira ngo bahe uwo mwana ibiryo .