Marko 4

1 yesu yongera kwigisha ari ku inkengero y'ikivo abantu benshi bara muzunguruka azamuka yishara mu bwato hejuru y'amazi. 2 Abantu bo bari bicaye hasi ku inkengero y'ikivo maze abigisha ibintu bt=yinshi mu migani arabwira ngo: 3 Ni munve : Umuhinzi umwe yagiye gutera imbuto 4 ari gutera zimwe zigwa mu inzira inyoni ziraza zirazitoragura 5 izindi zigwa mu makoro ahatari ubutaka buhagije zimeze zanga gushinga imizi, 6 Maze izuba rivuye rirazitwika ziruma. 7 izindi zirwa mumishubi imishubi irakura irazisonga izibuza kwera imbuto. 8 Izindi zigwa mu butaka buboneye zitanga imbuto akangari, zimwe miringo itatu, mirongo itandatu nizindi ijana buri igiti. 9 N'uko ara babwira ngo ufite matwi go kumva ni yunve. 10 Yesu aritarura, abantu bose bari ahongaho hamwe nabigishwa be bara mubaza kubyerejkeye iyo migani. 11 Arababwira, nimwewe mwahawe umurimo w'ubwami bw'Imana, ariko abari hanze,byose bikorerwaga mu imigani, 12 kugira ngo mukureba barebe ariko ntibagire ico babona nibumva bunve ariko be kumenya ico bivuze kugira ngo bate kwihana ibyaha byabo batababarirwa. 13 Yongera kubabwira ngo ntabwo mwumvishije ugumugani? umuhinzi uwo navuze nuwo kuminja ijambo ry'Imana. 14 Zazindi zaguye mu inzira inyoni zira zitoragura; 15 niba bandi bunvaga ijambo ry'Imana ako akanya shetani akaza agakura mu mitima yabo rya ijambo baribumvishije. 16 Abandi nabo n'uko, imbuto zaguye mu makoro nibabandi bunvaga ijambo ry'Imana bakaryakira bishimye, 17 ariko muribo nta imizi, ntabwo bafite kwihangana kuko iyo haje ikigeragezo cangwa kubabazwa kubera Krisito n'uguhita bagwa bagasubira inyuma. 18 Abandi imbuto zirwaga mu imishubi ni babandi bumvaga ijambo ry'Imana, 19 ariko kwifuza iby'isi bibarimo,amaganya no kurarikira byinshi bitagira akamaro bikaribyiga ntiryere imbuto. 20 Ariko imbuto zaguye mubutaka bwiza ni babandi bunvaga ijambo baka ryakira rika byara amatunda (umusaruro),mirongo itatu,mirongo itandatu,n'ijana burigiti. 21 Aringera ara babwira ngo: Mbese umuntu yocana itara akarirambika hasi, cangwa musi y'uburiri? hoya, ahubwo n'ukurishira ku meza rigatanga umwangaza. 22 Kuberako ikintu cyose kizahishwa kizahishurwa nibizakorerwa bwihishwa bizashirwa ku akarubanda. 23 Umuntu wese ufite amatwi gumvaga niyumve. 24 Yongera kubabwira: Mwitondere ibyo mwumvishije kuberako igipimo mupimiragamo abandi nico 25 muzapimirwamo ndetse muzatsindagirirwa kubera ufite niwe uzongererwa ariko udafite bazamwaka n'ako yaganyiragaho 26 Arababwira kandi, ubwami bw'Imana bumeze nko umuntu uteraga imbuto mubutaka, 27 uko buri guca nuko buri kwira ntabwo amenyaga ukuntu imbuto iri gukura cangwa kwera. 28 Ubutaka bwonyine bumezaga ibyatsi bikazana ihundo ririmo imbuto ariko byose bibaga biri muriryo hundo. 29 Iyo amahundo gamaze kwera baga temeshaga umupanga (umuhoro) kubera ko igihe co gusarura kigeze. 31 Yongera kugamba ngo: Ubwami bw'Imana twabugereranya n'iki cangwa ni uguhe mugani gwabusobanura, 30 bugereranywa n'imbuto ya Sinapi yo uyiteye mubutaka niko kabuto gatoya kurusha izindi zose zibagaho. 32 Ariko iyo kamaze guterwa karameraga kakavamo igiti kinini cane gifite amatabi manini gaboneye, kugezaho inyoni zose zarikagamo kuberako harimo igicucu. 34 nimuriyo inzira y'imigani myinshi yashoboraga kubahubira ijambo akurikije n'uko bashoboraga kuyi sobanukirwa . 33 Yababwiraga abantu bose akoresheje imigani ariko yagera ahihereye agasobanurira abigishwa be byose. 35 Kurugo umusi k'umugoroba Yesu arababwira ngo: twambuke tuje hakurya. 36 Amaze kwirukana abantu bose abigishwa be bamu zana m'ubwato bwo yararimo kubera harihariho ubundi ubwato bwinshi. 37 Umuvumba munini gurimo umuyago gura batera amazi guzira mubwato kuburyo bashaka kuzama. 38 Naho Yesu yararyamye yisinziriye baramubyutsa baramubyira: Mwalimu ntabwo ubabajwe n'uko tugiye kuzama? 39 abutse yiyama ugo muyaga abwira ingezi ngo tuza, hora akokanya umuyaga guratuza. 40 Arabanyega, kubera iki mwagize ubwoba? kubera iki mufite ukwizera gukeya? 41 bafatwa n'ubwoba bwinshi barabazabya bonyine, uyu we ni umuntu ki? uwo umuyaga n'ingezi birikubaha.