Marko 3

1 Yesu yinjira muri Sinagogi. Asanga umugabo udaze akaboko. 2 Bari barikwitegereza Yesu barindiye nimba aramukiza ku musi w'Isabato kugirango babone ibyo kumurega. 3 Yesu abyira uwo mugabo ufite akaboko kadaze ngo: Haguruka uve iyongiyo hagati. 4 Arababyira ngo: Mbese byemerewe umusi gw'Isabato gukora ibyaha cagwa ikibi, gukiza umuntu cangwa kumwica? 5 Arabitegereza nakababaro afite agahinda kubera kwinangira mumitima yabo. 6 Abafarisayo baja hagenda hanze baja inama n'Abaherode kugira ngo bashake uko bazamwica. 7 Yesu n'abigishwa be berkeza ku ngezi, abantu benshi baturutse i Garilaya no muri Yudea baramukurikira 8 nabi i Yerusalemu, ni Dumeya no hakurya ya Yorodani, babo munkengero ya Tira, na Sidoni, bamenye ko yaje bose baja kumusanganira 9 Asaba abigushwa bishwa be ngo bakomeze kurinda ubwato bwe kugira ngo abantu batamusunikira hasi. 10 Kubera ko yakizaga abantu benshi abarwayi bose ba mwirundagaho ngo bamukoreho 11 Imyuka mibi zimu bonye, zira mupfukamira zirabira ngo: Uri umwana w'Imana . 12 Ariko arabihanangiriza cane ngo bagende bate kugira ico bagamba 13 Yongera kutarama kumusozi yakura abo ashaka ngo bamusangeyo, 14 arondora mo icumi nababiri babane nawe maze abatuma kuja kuhubiri, 15 n'ubushobozi bwo kwirukana amadaimoni. 16 Aba nibo icumi nababiri bo yarondoye: Simoni wo yise Petero, 17 Yakobu umwana wa Zebedayo na Yohana mwenenyina wa Yakobo, maze ibita Boanerige biuga ngo "abana b'inkuba", 18 Anderea, Filipo , Bartoromayo, Matayo, Tomasi, Yakobo umwana wa Alufayo, Tadeyo, Simoni umu kananaiti, 19 na Yuda Iskarioti wawundi wagambaniye Yesu, bose baragenda baja murugo. 20 Abantu benshi bongera guterana na ndetse ntabyo ba bonaga umwanya go kurya. 21 Ababyeyi ba Yesu bamenye ibyo ari gukora baza kumwenda kuko bagambaga ngo yasaze. 22 Kandi aba Karani baragogoma bavuye Iyerusalemu baragamaba ngo: Yatewe na Bersebuli umwami wa badaimoni ngo niwe umushobozaga kwirukana ama shetani. 23 Yesu arabakura aba bwira mu imigani: Nigute shetani ashobora kwirukana undi shetani? 24 niba umbwami bwigabanyijemo ibice, 25 bwakomera gutekandi niba inzu yigabanyijemo ibice ntabwo yakomera. 26 Niba shetani nawe yigabanijemo ibice ntabwo yagira ingufu ake kaba karangiye. 27 Nta umuntu ushobora kwinjira mu inzu y'umuntu ufite imbaraga ngo y'ibe ibintu bye ata manjije kumuzirika(kumuboha). 30 Ndababyiye mu ibyukuri ibyaha byose by'abana babantu biza babarirwa nubwo baba baratutse Imana, 29 ariko umuntu wese uza tuka umuka wera ntazababarirwa nagatoya azacirwaho urubanza ruhoraho. 28 Yesu yagambye gutyo kuberako bagambaga ngo afite ama shetani. 31 Nyina n'abenenyina baribari hanze batuma abantu kumwakura ngo bari kumushaka. 32 Abantu benshi bari bamuzungurutse baramubyira ngo nyoko na benenyoko barihanze bari kugushaka. 34 Arabasubiza ngo: Mama ninde na benemama ni bande? 33 maze y'itegereza abo bantu bari bamuzungurutse ara babyira ngo nimwebwe mama na benemama. 35 Kubera umuntu wese ukoraga ubushake bw'Imana niwe mwenemama, mushiki wanje, na mama.