Marko 12

1 Nyuma yaho Yesu arabacira Imingani : Umuntu umwe yateye igiti cu muzabibu . Arakizitira acukuramo urwina , yubaka urukuta , ararufunga , asigamo abahinzi , nuko aja mukindi gihugo . 2 igihe co gusarura kigeze atuma umukozi we kubahinzi bu muzabibu kugirango abone amatunda y'uruzabibu . 3 Abinzi bara mufata baramukubita bamwirukana amaboko masa . 4 Yongera kubatumira undi umukozi bamukubita mumutwe , bara mumwaza . Atuma wagatatu . 5 Uwo we baramwica , atuma abandi benshi nabo barakubitwa no kwicwa . 6 Kandi yarafite umwan w'akunda aramubatumira : Yibwira ko baza tinya umwana we . 7 Ariko abahinzi baravugana bati Dore umuragwa muze tumwice maze umurage guzabe ugwacu . 8 Nuko baramufata , baramwica baramujugunya . 9 None nyiru ruzabibu aza kora iki ? Azaza , azica abo bahinzi , kandi uruzabibu aza ruha abandi . 10 Ntabwo mwasomye inyandiko : Ibuye abubatsi banze kubakisha niryo ryabaye iryo gukomeza inyubako . 11 Byabaye guco kubera ubushake bwu umwami imana . Iki ni ikimenyetso tubonye . 12 Bashaka kumufata , ariko bagatinya abantu. Bamenyako ugo mugani gwa Yesu aribo gwerekeyeho nuko baramusiga baragenda . 13 Batuma kuri Yesu aba Yuda hamwe nabo muruhande rwa herode kugira ngo : Bamufatire mumagambo ye . 14 Bazaaho ari bara mubyira ngo mwigisha tuzi yuko uri umunyakuri utarengera umuntu wese utareba ugihagararo ca bantu kandi wigisha mukuri inzira y'Imana . Turemerewe kuriha umusoro wa Kaizari ? Ese tugomba gusora cangwa oya ? 15 Yesu amenya uburyarya bwabo arabasubiza ati : Kubere iki muri kungera geza ? N'imuzanire igiceri kimwe nkirebe. 16 Barakizana maze Yesu arababaza ati iyi shusho ninyandiko iriho nibyande ? Baramusubiza bati Ni ibya Kaizari . 17 Ara babyira ati : ibya Kaizari mubihe Kaizari , iby'Imana mubihe Imana . Nuko bara mutangarira cane . 18 Abasadukayo bavuga ko ntakuzuka kubaho basanga Yesu , baramubaza bati : 19 Mwigisha dore ibyo Mose ya twandikiye : Umuvandimwe y'umuntu apfuye , agasiga umugore utari wabyara , umuvandimwe we azasohoza uwo mupfakazi maze abana baza vuka bazitwe aba nyakwigendera . 20 Nuko rero , habaye ho abavandimwe barindwi uwambere aramusohoza , apfa ntarubyaro asize . 21 Uwa kabiri nawe asohoza uwo mupfakazi , nawe arapfa ntamwana asize . 22 Bibagutyo no kuwa gatatu . Bityo nta numwe muri abo barindwi wasize urubyaro. 23 Nyuma ya bose Umugore nawe arapfa . None se igihe co kuzuka , uyu mugore azaba uwande muri bose ? kuko bose uko bari barindwi bara mutunze . 24 Yesu arabasubiza ati ntakosa mufite kuko mutunva ibyanditswe cangwa ubushobozi bw'Imana . 25 Kuko mugihe co kuzuka abagabo ntibaza sohoza nabagore ntibaza sohozwa , kuko bazaba nka ba marayika bo mw'ijuru. 26 Kubyerekerane no kuzuka kw'abapfuye ntabwo mwasome iby'Imana ya byiye Mose ubwo umugina wakaga ati : Ninjewe Imana ya Aburahamu , Imana ya Isaka , n'Imana ya Yakobo ? 27 Imana ntabwo ari Imana y'abapfuye ahubwo n'Imana ya bazima muri mumakosa rwose . 28 Umwe mubanditsi wumvise baja impaka azi yuko Yesu yashubije neza abasadukayo , yigira hino ara mubaza ati : Mumategeko yose iriruta ayandi n'irihe ? 29 Yesu aa subiza ati : Dore irya mbere : Umva Isiraeli umwami Imana yacu niwe mwami we nyine . 30 Kandi ukunde umwami mana yawe , n'umutima wawe wose , n'ubugingo bwawe bose , n'ubyenge bwawe bwose nimbaraga zawe soze . 31 Doreirya kabiri ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda . Ntarindi tegeko rigaruta . 32 Umwanditsi aramubwira ati : Mwigisaha uvuze ukuri ko Imana arimwe rutoki , kandi ko nta undi umeze ngayo . 33 Kandi kumukundisha umutima wose , n'ubwenge bwose n'ubugingo bwose n'imbaraga zose no gukunda mugenzi wawe nguko wikunda bisumba ibitambo byose . 34 Yesu abonye ko yashubije n'ubwenge ara mubwira ati : Ntabwo uri kure y'ubwami b'Imana . Nuko ntihagira umuntu wongera kumubaz ikibazo . 35 Yesu akomeza kwigisha murusengero ati : kuki abanditsi bavuga ko Yesu ari umwana wa Dawidi ? 36 Dawidi ubwe ayobowe n'umuka wera yaravuze ati : Umwami yabwiye umwami wanje ati : icara iburyo bwanje kugeza igihe uzakandagira abanzi bawe . 37 Ubwo Dawidi ubwe amwita umwami we none se ni gute abaye umwana we kandi ? Abantu benshi bamutegaga amatwi cane . 38 Munyigisho ze Yesu yara vuze ati : Mwirinde abandinsi bakunda kwambara amakanzu maremare no kuramustwa mu bantu benshi . 39 Bashaka imyanya ya mbere muma Sinagogi no mu minsi mikuru . 40 Bakinjita mu mazu yabapfakazi baga senga amasengesho maremare .Bazacirwa urubanza rukomeye . 41 Yesu yari yicaye imbere yaho baturaga amaturo areba uko abantu bashiramo amafaranga .Abakire bashiraga mo amafaranga menshi . 42 Haza umupfakazi w'umukene ashiramo ibice bibiri byi feza bingana na kimwe ca kane c'ifaranga. 43 Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati : Ndababwira ukuri ko uyu mupfakazi yatanze byinshi gusumba aba bose . 44 Kuko bo batanze ibyasagutse ariko we yatanze ico yaratezeho amakiriro .