Marko 12
1
Nyuma yaho Yesu arabacira Imingani : Umuntu umwe yateye igiti cu muzabibu . Arakizitira acukuramo urwina , yubaka urukuta , ararufunga , asigamo abahinzi , nuko aja mukindi gihugo .
2
igihe co gusarura kigeze atuma umukozi we kubahinzi bu muzabibu kugirango abone amatunda y'uruzabibu .
3
Abinzi bara mufata baramukubita bamwirukana amaboko masa .
4
Yongera kubatumira undi umukozi bamukubita mumutwe , bara mumwaza . Atuma wagatatu .
5
Uwo we baramwica , atuma abandi benshi nabo barakubitwa no kwicwa .
6
Kandi yarafite umwan w'akunda aramubatumira : Yibwira ko baza tinya umwana we .
7
Ariko abahinzi baravugana bati Dore umuragwa muze tumwice maze umurage guzabe ugwacu .
8
Nuko baramufata , baramwica baramujugunya .
9
None nyiru ruzabibu aza kora iki ? Azaza , azica abo bahinzi , kandi uruzabibu aza ruha abandi .
10
Ntabwo mwasomye inyandiko : Ibuye abubatsi banze kubakisha niryo ryabaye iryo gukomeza inyubako .
11
Byabaye guco kubera ubushake bwu umwami imana . Iki ni ikimenyetso tubonye .
12
Bashaka kumufata , ariko bagatinya abantu. Bamenyako ugo mugani gwa Yesu aribo gwerekeyeho nuko baramusiga baragenda .
13
Batuma kuri Yesu aba Yuda hamwe nabo muruhande rwa herode kugira ngo : Bamufatire mumagambo ye .
14
Bazaaho ari bara mubyira ngo mwigisha tuzi yuko uri umunyakuri utarengera umuntu wese utareba ugihagararo ca bantu kandi wigisha mukuri inzira y'Imana . Turemerewe kuriha umusoro wa Kaizari ? Ese tugomba gusora cangwa oya ?
15
Yesu amenya uburyarya bwabo arabasubiza ati : Kubere iki muri kungera geza ? N'imuzanire igiceri kimwe nkirebe.
16
Barakizana maze Yesu arababaza ati iyi shusho ninyandiko iriho nibyande ? Baramusubiza bati Ni ibya Kaizari .
17
Ara babyira ati : ibya Kaizari mubihe Kaizari , iby'Imana mubihe Imana . Nuko bara mutangarira cane .
18
Abasadukayo bavuga ko ntakuzuka kubaho basanga Yesu , baramubaza bati :
19
Mwigisha dore ibyo Mose ya twandikiye : Umuvandimwe y'umuntu apfuye , agasiga umugore utari wabyara , umuvandimwe we azasohoza uwo mupfakazi maze abana baza vuka bazitwe aba nyakwigendera .
20
Nuko rero , habaye ho abavandimwe barindwi uwambere aramusohoza , apfa ntarubyaro asize .
21
Uwa kabiri nawe asohoza uwo mupfakazi , nawe arapfa ntamwana asize .
22
Bibagutyo no kuwa gatatu . Bityo nta numwe muri abo barindwi wasize urubyaro.
23
Nyuma ya bose Umugore nawe arapfa . None se igihe co kuzuka , uyu mugore azaba uwande muri bose ? kuko bose uko bari barindwi bara mutunze .
24
Yesu arabasubiza ati ntakosa mufite kuko mutunva ibyanditswe cangwa ubushobozi bw'Imana .
25
Kuko mugihe co kuzuka abagabo ntibaza sohoza nabagore ntibaza sohozwa , kuko bazaba nka ba marayika bo mw'ijuru.
26
Kubyerekerane no kuzuka kw'abapfuye ntabwo mwasome iby'Imana ya byiye Mose ubwo umugina wakaga ati : Ninjewe Imana ya Aburahamu , Imana ya Isaka , n'Imana ya Yakobo ?
27
Imana ntabwo ari Imana y'abapfuye ahubwo n'Imana ya bazima muri mumakosa rwose .
28
Umwe mubanditsi wumvise baja impaka azi yuko Yesu yashubije neza abasadukayo , yigira hino ara mubaza ati : Mumategeko yose iriruta ayandi n'irihe ?
29
Yesu aa subiza ati : Dore irya mbere : Umva Isiraeli umwami Imana yacu niwe mwami we nyine .
30
Kandi ukunde umwami mana yawe , n'umutima wawe wose , n'ubugingo bwawe bose , n'ubyenge bwawe bwose nimbaraga zawe soze .
31
Doreirya kabiri ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda . Ntarindi tegeko rigaruta .
32
Umwanditsi aramubwira ati : Mwigisaha uvuze ukuri ko Imana arimwe rutoki , kandi ko nta undi umeze ngayo .
33
Kandi kumukundisha umutima wose , n'ubwenge bwose n'ubugingo bwose n'imbaraga zose no gukunda mugenzi wawe nguko wikunda bisumba ibitambo byose .
34
Yesu abonye ko yashubije n'ubwenge ara mubwira ati : Ntabwo uri kure y'ubwami b'Imana . Nuko ntihagira umuntu wongera kumubaz ikibazo .
35
Yesu akomeza kwigisha murusengero ati : kuki abanditsi bavuga ko Yesu ari umwana wa Dawidi ?
36
Dawidi ubwe ayobowe n'umuka wera yaravuze ati : Umwami yabwiye umwami wanje ati : icara iburyo bwanje kugeza igihe uzakandagira abanzi bawe .
37
Ubwo Dawidi ubwe amwita umwami we none se ni gute abaye umwana we kandi ? Abantu benshi bamutegaga amatwi cane .
38
Munyigisho ze Yesu yara vuze ati : Mwirinde abandinsi bakunda kwambara amakanzu maremare no kuramustwa mu bantu benshi .
39
Bashaka imyanya ya mbere muma Sinagogi no mu minsi mikuru .
40
Bakinjita mu mazu yabapfakazi baga senga amasengesho maremare .Bazacirwa urubanza rukomeye .
41
Yesu yari yicaye imbere yaho baturaga amaturo areba uko abantu bashiramo amafaranga .Abakire bashiraga mo amafaranga menshi .
42
Haza umupfakazi w'umukene ashiramo ibice bibiri byi feza bingana na kimwe ca kane c'ifaranga.
43
Yesu ahamagara abigishwa be arababwira ati : Ndababwira ukuri ko uyu mupfakazi yatanze byinshi gusumba aba bose .
44
Kuko bo batanze ibyasagutse ariko we yatanze ico yaratezeho amakiriro .