Marko 11

1 I Betaniya hafi y'umusozi wa Mizeituni, Yesu atuma bairi mu bigishwa be. 2 Muje mu rusisiro ruri aho imbere murahabona icana c'indagoba co batari bagendaho kiziritse, mugifate mukizane. 3 Nyiraco nababaza mumubwire ko Umwami ariwe ugitumyeho, arakigarura vuba. 4 Bakigenda, basanga kiziritse iruhande rw'inzira bamuzanira ico cana. 5 Abantu bara'aho, barababaza ngo murakora iki ? 6 Kubera iki murikuzitura iyo ndagoba. Basubiza uko Yesu yari yababwiye, barabareka baragenda. 7 Bazanira Yesu ca cana, basasaho imyenda, na Yesu ayicaraho. 8 Abantu benshi basasa imyenda mu inzira, abandi amatabi baciye mu mirima. 9 Abagendaga imbere n'inyuma bamuririmbira Hozana, hahabwe umugisha uje mu izina ry'umwami. 10 Hahirwa ubwami buje, ubwami bwa Daudi, sogokuru ! Hozana ashirwe hejuru ! 11 Yesu yinjjira i Yerusalemu, mu ikanisa. nkuko yabitekerezaga, abonye ko bitinze, agendana n'abigishwa be cumi na babiri. 12 Bukeye, ava aho i Betania, Yesu agira inzara. 13 Acari kure, areba igiti c'umutini gifite ibibabi, ashakako yagihembukiraho, ahagarara hafi yaco, arriko ntiyabonamo amatunda, kuko igihe kuko kitari igihe caco. aterura ijambo avuga ngo. 14 Ntihakire irya amatunda y'iki giti ! Abigishwa be barabyumva. 15 Agera i Yerusalemu yinjira mu ikanisa. Atangira kwirukana abagurishirizagamo no kugura, ahenura ameza y'abavunjayi, naho bagurishaga inuma. 16 Ntiyasigira n'umwe wikoreye ikintu mu ikanisa. 17 Yesu atangira kubigisha ko inzu ya se ari iyo gusengerwamo n'amoko yose. 18 ariko mwaigize isoko ry'abajura. abatmbyi bakuru n'abakarani babyumvise bashaka uko bamwica, ariko batinya abantu kubera inyigisho ze nkuru. 19 umugoroba ugeze, Yesu ava mu mugi. 20 Mugitondo intumwa za Yesu zirahanyura, zibona ca giti yari yavumye cumye. 21 Petero yibuka ibyo Yesu yari yavuze, Mwami, reba ca giti co wavumye cumye. 22 Yesu afata ijambo agira ngo, mugire kwzera Imana. 23 Ndababwirw ukuri ko umuntu yabwira umusozi kuva aho guri ugatabwa mu kivo; udafite gushidikanya azabireba bisohoye. 24 Ndabwira ko ibyo musaba musenga, mwizere ko muzabibona bisohoye. 25 Ni muhaguruka mugiye gusenga ufite ikibazo na mugenzi wawe, umanze kumubabarira, kugirango na so wo mw'ijuru akubabarire ibyaha. Ni mutababrira, so nawe ntabwo azababarira ibyaha byanyu. 26 27 Yongeera gusubira i Yerusalemu, Yesu akigendagenda mu ikanisa, abatambyi bakuru n'abakarani, n'abakuru baza aho ari. 28 Baramubaza ukoresha ubuhe bushobozi, kandi ngo ninde wabuguhaye. 29 Yesu arabasubiza kandi nawe arababaza, abasaba igisubizo, nimumbwire, ni ubuhe bushobozi nkoresha. 30 Umubatizo wa Yohana wavuye mu ijuru cangwa mu bantu ? Ni munsubize. 31 baratekereza mu mitima yabo : Ni tumusubiza : Mu ijuru aragamba ngo n'iki catumye tutamwizera. 32 Kandi nidusubiza ngo mu bantu ... Batinyaga abaturage kuko bari bazi ko Yohana ari umuhanuzi. 33 Bamusubuza ko batabizi. Yesu nawe abawira ko atabizi, kandi ko ubushobozi akoresha adashobora kububabwira.