Marko 10
1
Umwami Yesu agera i Yudeya hakurya ya Yorodani . Iteraniro ryongera gusanga yesu , nawe arabigisha .
2
Abafarisayo bamubaza iki bazo co kumugerageza niba byemewe ko umugabo yirukana umugore we.
3
Yesu arababaza ati: Mose yabivuzeho iki ?
4
Basubiza ko Mose yategetse kwandika ibaruwa y'ubutane.
5
Yesu arababwira ati : Ni ukubera imitima yanyu yinangiye Mose yabahaye iryo tegeko .
6
Ariko mu tangiriro ryo kuremwa, Imana yaremye umugabo n'umugore.
7
Niyo mpanvu umugabo azasiga Se na nyina akabana n'umugore we. Bombi bazaba umubiri umwe.
8
Bityo ntibakiri babiri ahubwo babaye umubiri umwe.
9
Nuko rero umuntu ntakatandukanye ico Imana yahujije.
10
Bageze munzu, abigishwa bongera kumubaza. Arabwira ati : Uwirukana umugore we
11
akazana undi , aba asambanye nawe.
12
Kandi niba umugore atandukanye n'umugabo we agasohozwa n'undi, aba asambanye.
13
Bamuzanira abana bato, kugirango abakoreho. Ariko abigishwa babuza ababweyi b'abobana.
14
Yesu abonye ibyo , arababara, arababwira ati : Mureke abana bato basange, mwe kubabuza ; kuko ubwami bw'Imana ari ubw'abameza ngabo.
15
Ndababwira ukuri, umuntu wese utemera ubwami bw'Imana nk'umwana muto , atazabwinjiramo na rimwe .
16
Nuko arabakikira , abaha umugisha , abaramburaho amaboko.
17
Yesu akomeje kugenda ,haza umuntu , aramupfukamira ara mubaza ati : Mwigisha mwiza, nakora iki kugira ngo mbone ubuzima buhoraho?
18
Yes aramubaza ati : Kuki unyita mwiza ? Nta mwiza keretse Imana yonyine .
19
Uzi amategeko : Ntugasambanye ; Ntukice ;Ntukibe; Ntugashinje ibinyoma ; Ntuga hemuke ; Wubahe So na nyoko .
20
Aramusubiza ati : Mwigisha, ibyo byose narabyitondeye uhereye mu busore bwanje.
21
Yesu aramwitegereza , aramukunda , aramubwira ati : Ubuze ikintu kimwe ; genda , ugurishe ibyo ufite byose , ubihe abakene , uzagira ubutunzi mw'ijuru . Nuko uze unkurikire .
22
Ariko ababanzwa n'iryo jambo , agenda afite agahinda kenshi kuberako yari afite ubunzi bwinshi.
23
Yesu arakebuka , abwira abigishwa be : Bizagora abatunzi kwinjira mu bwami bw'Imana .
24
Abigishwa batangazwa n'uko Yesu avuze guco . Arongera arababwira ati : Bana banje , biragoye ko abiringiye ubutunzi binjira mu bwami bw'Imana !
25
Biroroshe ko ingamiya yanyura muzuri ry'isindani kuruta ko umukire yinjira mu bwami bw'Imana.
26
Abigishwa barushaho gutangara , barabwirana bati : None ninde wakizwa ?
27
Yesu arabitegereza , aravuga ati : Ibyo ni ibitashoboka kubantu ariko si ku Mana : Kuko ku Mana byose birashoboka .
28
Petero aramubwira ati : Twebwe twasize byose turagukurikira .
29
Yesu aramusubiza ati : Ndababwiye mu kuri, nta muntu wasize inzu ye ,cangwa benenyina ,cangwa bashiki be cangwa nyina , cangwa se ,cangwa abana, cangwa imirima ye kubera njewe nokubera inkuru nziza .
30
Utazabona incuro ijana kano kanya amazu , abavukana , ababyeyi ,abana , hamwe n'imirima hamwe n'imibabaro mu gihe kizaza , ubuzima bw'iteka ryose .
31
Abenshi b'imbere bazaba ab'inyuma , kandi abenshi b'inyuma bazaba ab'imbere .
32
Bakiri mu nzira yo kuja i Yerusalemu , Yesu abaja imbere abigishwa bari bahagaritse imitima , nuko bamukurikira batinya . Yesu yongera gufata cumi na babiri atangira kubabwira ibiraza kumubaho .
33
Ati, tugiye i Yerusalemu , kandi umwana w'umuntu arashirwa mu maboko y'abatambyi bakuru n'abanditsi . Baramucira urubanza rwo gupfa baramutanga mu bapagani .
34
Bazamwisekerera bamuciraguraho baza mukubita inkoni bazamwica nuko nyuma y'iminsi itatu azazuka .
35
Bene Zebedayo , Yakobo na Yohana , begera Yesu baramubwira bati : Mwigisha ,dushaka ko wadukorera ico turagusaba .
36
Arababaza ati : Murashaka ko mbakorera iki ? baramubwira bati :
37
Utwemerere kwicara umwe iburyo bwawe undi ibumoso bwawe nugera mu bwami bwawe.
38
Yesu arabazubiza ati : Ntaho muzi ico musabye . Mwashobora kunywera mu kopo ,ryo ngomba kunywera ho , cangwa kubatizwa umubatizo go ngomba kubatizwa ?
39
Barasubiza bati : Twashobora ; Yesu arababwira ati : Nukuri ko muzanywera ku kopo nzanywera ho no kubatizwa umubatizo go nzabatitwa .
40
Ariko ibyo kwicara iburyo bwanje cangwa ibumoso bwanje , ibyo ntaho ari ibyanje , ahubwo bizahabwa abo byagenewe .
41
Abo cumi babyumvise , barakarira Yakobo na Yohana .
42
Yesu arabahamagara arababwira ati : Muzi ko abatware batwaraga n'agahato .kandi ko abakuru bategekaga abatoya .
43
Ariko Kuri mwewe siko biri . Ahubwo ushaka kuba mukuru muri mwewe agomba kuba umukozi wanyu .
44
Kuko ushaka kuba uwambere muri mwe ni abe mukozi wa bose .
45
Kuko umwana w'umuntu ataje gukorerwa , ahubwo yaje gukorera abandi no gutanga ubuzima bwe ngo bukize benshi .
46
Bageze i Yeriko Yesu hamwe n'abigishwa be n'abantu benshi babona Baritimayo mwene Timayo impumyi yari iri gusabiriza yicaye iruhande rw'inzira .
47
Yumva ko ari Yesu w'iNazareti arataka ati : Yesu mwene Dawidi ungirire imbabazi !
48
Benshi baramubyira ngo ahore ; ahubwo we arataka cane ati : Mwene Dawidi , ungirire imbabazi .
49
Yesu arahagarara arababwira ati : Mumwakure . Bahamagara iyo mpumwi barayibyira bati : Ihangane haguruka ari kukwakura .
50
Impumyi ita umwenda wayo , irasimbuka iza kwa Yesu.
51
Yesu afata ijambo ati : Ushaka ngugire gute ? Impumyi iramusubiza ngo irashaka kureba .
52
Maze Yesu aramubwira ati : Genda kwizera kwawe kwakukijije . Ugomwanya arahumuka akurikira Yesu .