1 Mugihe co Yesu yari amaze kurangiza amagambo gose abwira abigishwa be : 2 Muzi yuko nyuma yimisi biri Pasika irikuza numwana wabantu aratangwa ngo bamubambe . 3 Maze abakuru babatambyi nabazehe ba bantu bateranira ku mbunga yumutambyi mukuru witwa Kayafa . 4 Bigira inama muburyarya ngo bafate Yesu no kumwica . 5 Ariko baragamba ngo : bwerekuba muminsi mikuru kugira ngo uruyombo rutava mubantu . 6 Nuko mugihe Yesu yarari iBetaniya munzu ya Simoni wumubembe . 7 Umugore umwe aramwegera afite icupa ryamavuta yari afite ibeyi rikaze cane agamena kumutwe gwe mugihe yari yicaye kumeza ariarikurya . 8 Ariko mugihe abigishwa be babibonye bararakara kubera iki gihombo kimeze guca ? 9 Kubera ago mavuta gari kugirishwa amafaranga kangari no kuyaha abakene . 10 Ariko Yesu arabimenya arababwira kubera iki muri kubuza uyumugore amahoro ? ko yankoreye igikorwa ciza ? 11 Kubera ko mufite abakene hamwe namwe buri musi , ariko ntabwo turi hamwe buri musi . 12 Kubera kumena agamavuta umubiri gwanje yabikoze arigutegura guhambwa kwanje . 13 Nukuri mwebwe ndababwiye ko burihantu hose umwaze guboneye guza bwirizwa mwisi yose ico gikorwa uwo mugore yakoze kiza gambwa nkurwibutso rwe . 14 Hanyuma umwe muri babandi cumu nababiri witwaga Yuda Iskariote aja ku bakubakuru babatambyi . 15 Arababwira : Murampa iki ngo nanje nzamubahe ? Bamupimira ibice mirongo itatu byi feza . 16 Kuva ico gihe yacatse inzira zo kumutanga. 17 Nuko umunsi gwa mbere gwimikati itasembuye abigishwa be begera Yesu baragamba ngo : ushaka ko tugutegurira ifunguro rya Pasika ? 18 Argamba ngo : Mugende murusisiro ku muntu runaka mumubwire ngo Umwigishwa aragambye : igihe canze kiregeje (kiri bugufi) , iwawe niho nzarira Pasika hamwe nabigishwa banje . 19 Abigishwa bakora nguko Yesu yababwiye . 20 Nuko igihe umugoraba gwari gugeze bacarana kumeza hamwe nabigishwa be cumi na babiri . 21 Mugihe bari bari kurya aragamba : Ndababwira ukuri umwe muri mwe arantanga . 22 Bararakara cane , batangira kumubwira umwe umwe , ninjewe Mwami ? 23 Arabasubiza , aragamba ngo : Umuntu wotuza gukoza hamwe musahani niwe uzantanga . 24 Umwana wumuntu aragenda nkuko rynditswe hejuru ye ariko azabona ishano umuntu uri gutanga umwan w'umuntu . Byari kuba ngombwa kuri we ko atavuka . 25 Yuda wamutanze arasubiza aragamba : Ninjewe Rabi ? Aramusubiza : Weho wabigambye . 27 Mushikire murye ugu numubiri gwanje . Afata ikopo arashima arabaha aragamba ngo : Munywe mwese . 28 Kubera aga ari amaraso ari amaraso gi sezerano gamenetse kubwa benshi , gukuraho ibyaha . 29 Ariko ndababwira ntaho ndarya amatunda yimizabibu kuva none kugeza umunsi go nzanywa amasha hamwe namwe mubwami bwa Data . 32 Nyuma , barangije kuririmba baja kumusozi gwa Elayo . 31 Nuko Yesu arabwira : Mwese muragwa kubera njewe muri iri joro kubera ko byanditswe ngo : "Ndakubita umushumba wintama zitatane . 30 Ariko nyuma yo kuzuka kwanje mwe nzabatanga kugera i Galilaya . 33 Ariko Petero arasubiza aramubwira : Nubwo bose bagwa kubera wowe njewe sindagwa narimwe . 34 Yesu aramubwira ngo : Nukuri ndakubwiye muri iri joro inkoko itari yabika urampakana gatatu . 35 Petero aramubwira : Nibishoboka gumpfa hamwe nawe ntaho ndaguhakana . nabigishwa bagamba guco . 36 Maze Yesu agenda hamwe nabo ahanu hitwa i getsemani abwira abigishwa be : Mwicare hano , mugihe ndigira hirya gato kugira ngo nsenge . 37 Afata Petero hamwe na bana babiri ba Zebedayo atamgira kugira agahinda numubabaro . Nuko arababwira : umutima gwanje 38 urababaye cane byo gumpfa . Mwicare hano mube maso hamwe nanje . 39 Aja imbere gake agwa hasi yubamye arasenga arikugamba : Data nibishoboka irikopo nere kurinyweraho . Ariko siko mbishaka njewe ahubwo bibe uko weho ushaka . 40 Aza aho abigishwa be baribari asanga basinziriye . Abwira Petero : Ntimwashoboye kuba maso hamwe nanje isaha imwe ? 41 Urebe ndagusabye mutinjira mubigeragezo . Umutima kurakunze ariko umubiri numworo . 42 Aragenda ubwakabiri arasenga arikugamba ngo : Data niba bitashoboka iri kopo rintambuke ho, gushaka kwawe ariko gusohora . 43 Aragaruka asanga baryamye kuberako amaso gabo garigaremereye. 44 Arabareka arongera aja gusenga ubwagatatu arikugamba aga magambo : 45 Kandi agaruka aho abigishwa be bari bari arababwira : Muryame , muruhuke . Dore isaha iregereje kandi umwana wumuntu yatanzwe mumaboko yaba nyabyaha . 46 Muhaguruke tugende , dore wamuntu wantanze aregereje 47 Mugihe yari kugamba nuko Yuda umwe wababandi cumi nababiri aza hamwe nawe nabantu kangari bafite imihoro , ninkoni , abavuye kubakuru babatambyi nabazehe . 48 Nawawundi wamutanze abahereza ikimenyetso aragamba: Uwo ndasoma nuwo mumufate . 49 Nuko asanga Yesu aragamba ngo : Ndagusuhutsa , aramusoma . 50 Yesu aramubwira : Nshuti nkora icakuzanye . Nuko Baraza barambura amaboko kuri Yesu baramufata . 51 Kandi , reba umwe mubari barikumye na Yesu arambura ukuboko kwe akura umusho gwe akubita umuko w'umutambyi mukuru amuca ugutwi . 52 Nuko Yesu aramubwira : Subiza umusho gwawe aho gwari guri kubera ko bose bafataga imisho bazinhwa ni misho . 53 Cangwa urikugira ngo njewe ntaho njewe ntaho nakwinginga Data kugira ngo anyoherereze kano kanya imitwe cumi nibiri yabamalaika . 54 Nuko , niburyo ki ibyanditswe bya sohora ? Nkuko byavuzwe ngo bigomba kuba guco . 55 Kuri iyo saha Yesu abwira abantu kangari : Mwaje kumfata nkaho ndi umusambo , Nimisho , ninkoni kugira ngo mumfate ? Burimusi nicaraga hagati yanyu mu kanisa ndi kwigisha ariko ntimwamfashe . 56 Ariko aga magambo gose gaje kugira ngo ibyanditswe numuhanuzi bisohore . Nuko ababigishwa bose baramuhunga baririka . 57 Nuko bafata Yesu bamujana kwa Kayafa umutabyi mukuru aho abakarani nabasaza bari abateraniye . 58 Ariko Petero aramukurikira ari kure kugeza mu mbuga y'umutabwi mukuri arijira yicara hamwe nabakozi kugira ngo arebe iherezo . 59 Nuko abakuru babatambyi nibarza ryose bashaka abadimwe bo kubesha kuri Yesu kugira ngo babone uko bamwica . Ariko ntibabonye nabadimwe benci bokuhamya ibinyoma . 60 Ariko Ntibabonye abadimwe benci bo kubesha . 61 Nyuma haza babiri baragamba ngo : Uyu muntu yaragambye ngo : Nshobora kurimbura iri kanisa ry'Imana no kongera kuryubaka mu misi itatu . 62 Umutabwi mukuru arahaguruka aramubwira ntaco ushobora gusubiza ? ababantu baguhamirije iki weho ? 63 Ariko Yesu arahora umutambyi mukuru aramubwira : Ndakurahije ku Mana ihoraho utubwire kwari weho Kristo umwana w'Imana . 64 Yesu aramubwira weho wabigambye . Ariko ndababwira ko kuva none murareba umwana w'umuntu yicaye kukuboko kwiburyo kubushobozi gw'Imana arikuza hejuru yibicu . 65 Nuko umutambyi mukuru atandura imyenda ye arikugamba ngo : Atutse Imana . 66 Murigushaka iki kandi kubadimwe ? Reba none ho mwebwe mwese mwumvishije kutuka Imana kwe . Murigutekereza iki ? Barasubiza bari kugamba ngo : Akwiriye gupfa . 67 Nuko bamuciraho amacancwe mumaso ge no kumukubita inkoni , abandi bamukubita inshi . 68 Barikugamba ngo : Hanura niba weho uri Kristo Ninde wagukubise ? 69 Nuko Petero yari yishaye hanze mu mbuga , umugaragu umwe aza aho yarari aragamba : Weho warikumwe na Yesu wi Galilaya . 70 Ariko arahakana mbere yabo bose aragamba : Sinzi amagambo go urikuvuga . 71 Undi mugore aramureba abwira babandi bari aho : Uyu muntu yarari na Yesu w'umunazareti . 72 Arongera aramuhakana hamwe ni ndahiro : Ntaho nzi uyu muntu . 73 Nyuma yu mwanya muto babandi bari bahagaraye aho baraza no kubwira Petero : Nukuri weho urumwe nabo kubera ko no kugamba kwawe kurerkana ko uriwe . 74 Nuko atangira ku vuma no kurahira : Sinzi uwo muntu . Mukanya isake irabika . 75 Petero yibuka rya jambo Yesu yagambye : mbere y'isake kubika , urampakana gatatu kose arasohoka aja hanze ararira numubabaro mwinci .