Yohana 9
1
Ubwo Yesu yatambukaga abona umuntu wavutse ari impumwi .
2
Abigishwa be baramubaza ngo : Mwalimu , Ninde wakoze icaha kugira ngo uyu muntu avuke ari impumwi , ni uyu muntu cangwa n'ababyeyi be ?
3
Yesu arabasubiza ngo ntabwo ari uyu wakoze icaha cangwa abayeyi be , ahubwo kwari kugira ngo imirimo y'Imana igaragarire muri we .
4
Ngomba gukora umurimo g'uwantumye hakiri kare , ijoro riraje , aho umuntu atashobora gukora .
5
Igihe nkiri hano mwisi , ndi urumori rw'isi .
6
Amaze kugamba ibyo , acira hasi , akora akondo n'ago macandwe . Nyuma asiga ako kondo ku maso yiyo mpumwi .
7
Aramubwira : Genda , maze ukarabe muki dendezi c'Isiloamu ( Izina risobanura ngo yatumwe ) . Ajayo ,arakaraba , asubirayo arikureba neza .
10
Baramubwira ngo niburyo ki amaso yawe yafungutse ?
11
Arabasubiza ngo: Umugabo witwa Yesu yakoze akondo , akansiga mumazo , maze
12
aramumbwira ngo : Genda ku gisima ci Siloamu ukarabe . Njayo , ndakaraba , mbona guhumuka . Baramubaza ngo : Uwomugabo arihe ? Ntaho mbizi .
13
Uwo wahoze arimpumyi , bamujanira abafarisayo .
14
Ariko ubwo hari kumusi w'Isabato , ubwo Yesu yakoraga akondo akaka musiga ku maso akamuhumura .
15
Abafarisayo bongera kumubaza uburyo yongeye kubona .Aragamba ngo yasize akondo kumaso ganje ndareba , kandi ndabona .
16
Hejuru y'ibyo , bamwe bo mu Bafarisayo baragamba ngo : Uyu mugabo ntabwo avuye ku Imana , kubera ko atubahiriza isabato . Abandi bara gamba ngo : ni buryo ki umunyabyaha yoshobora gukora ibitangaza bingaho ? Baramupfa . Nuko , biremamo ibice .
17
Babwira ya mpumwi ngo : weho umuvuga ho iki , kubyo yaguhumuye amaso ? Arabasubiza ngo : N'umuhanuzi . Ab
18
ayahudi ntabwo bigeze bemera ko yari impumwi kandi ko yahumutse kugeza uko batumye kuzana ababyeyi be .
19
Arababaza , bavuga ngo : uriya niwe mwana wanyu muvuga ko yavutse ar impumwi ? None ni buryo ki yahumutse ?
20
Ababyeyi be barasubiza ngo : ico tuzi nuko ari umwana wacu , kandi ko yavutse ari impumwi .
21
Ariko nibiryo ki areba , cangwa ninde wamuhumuje amaso , ico nico tutazi . Mumwibarize ubwe , Arakuze akagamba ibimwerekeye ubwe .
22
Ababyeyi be bagambye baco kubera ko batunyaga aba yuda . Kuko Abayuda bari bunvikanye ko uzahamya ko Yesu ariwe Krisito bazamutenga mu kanisa .
23
Niyo mpanvu ababyeyi be bagambye ngo arakuze ; mumwibarize ubwe .
24
Abafarisayo bahamagara wa mugabo wa hoze ari impumyi ubwa kabiri , baramubwira ngo : Wowe himbaza Imana , natwe tuzi ko uwo mugabo ari munya byaha .
25
Arasubiza ngo : Niba ari umunyabyaha , ndago mbizi ; iconzi nikimwe , nuko nari impumwi none nkaba ndeba .
26
iki ? yabigenjeje ate ngo aguhumure amaso ?
27
ngo namaze kubibabyira , ntimwabwinva , kubera iki mushaka kubyunva ubwa kabiri ?
28
Murashaka kuba abishwa be baramutuka baragamba ngo : Niwowe uri umwigishwa we , twehe ho turi abigishwa ba Musa .
29
Tuzi ko Imana yakuye Musa . Ariko uyu ntituzi ngo n'uwahe ?
30
Arabasubiza ngo : Uyu mugabo biratangaje ko mutamuzi ngo n'uwahe kandi yara mpumuye amaso .
31
Tuziko Imana itunvira abanyabyaha ; naho nimba umuntu ayubaha agakora gushaka kwayo uwo niwe yunvira .
32
Ntagihe nakimwe umuntu yigeze kunva ko umuntu yigeze guhumura uwavutse ari impumyi .
33
Yabaye uwo muntu atari yaraturutse ku mana ntaco yari gushobora gukora .
34
Baramusubiza ngo : wowe muzima wavukiye mu byaha none wowe uri kutwigisha ? baramwirukana .
35
Yesu amenyako bamwirutse ho , ahuye nawe , aramubwira ngo : Wizera umwana w'Imana ?
36
Aramusubiza ngo : Ninde, Mwami kugirango mwizere ? wamaze kumubona
37
, Yesu ara musubiza kandi uri kukugambisha niwe .
38
Aragamba ngo : Ndizeye , Mwami . Nuko yikubita imbere ye aramuramya .
39
Nyuma , Yesu aramubwira ngo naje hano mwisi guca urubanza. kugirango abatabona barebe nababona bahinduke impumwi .
40
Abafarisayo bari bari hamwe nawe , bamaze kunva ayo magambo , baragamba ngo natwe, turi impumyi ?
41
Yesu arabasubiza ngo : Yabaye muri impumyi , ntabwo mwari kuba mufite ibyaha . Ariko noneho muragamba ngo : Turareba . Nico gituma icaha canyu gihamaho .