Yohana 9

1 Ubwo Yesu yatambukaga abona umuntu wavutse ari impumwi . 2 Abigishwa be baramubaza ngo : Mwalimu , Ninde wakoze icaha kugira ngo uyu muntu avuke ari impumwi , ni uyu muntu cangwa n'ababyeyi be ? 3 Yesu arabasubiza ngo ntabwo ari uyu wakoze icaha cangwa abayeyi be , ahubwo kwari kugira ngo imirimo y'Imana igaragarire muri we . 4 Ngomba gukora umurimo g'uwantumye hakiri kare , ijoro riraje , aho umuntu atashobora gukora . 5 Igihe nkiri hano mwisi , ndi urumori rw'isi . 6 Amaze kugamba ibyo , acira hasi , akora akondo n'ago macandwe . Nyuma asiga ako kondo ku maso yiyo mpumwi . 7 Aramubwira : Genda , maze ukarabe muki dendezi c'Isiloamu ( Izina risobanura ngo yatumwe ) . Ajayo ,arakaraba , asubirayo arikureba neza . 10 Baramubwira ngo niburyo ki amaso yawe yafungutse ? 11 Arabasubiza ngo: Umugabo witwa Yesu yakoze akondo , akansiga mumazo , maze 12 aramumbwira ngo : Genda ku gisima ci Siloamu ukarabe . Njayo , ndakaraba , mbona guhumuka . Baramubaza ngo : Uwomugabo arihe ? Ntaho mbizi . 13 Uwo wahoze arimpumyi , bamujanira abafarisayo . 14 Ariko ubwo hari kumusi w'Isabato , ubwo Yesu yakoraga akondo akaka musiga ku maso akamuhumura . 15 Abafarisayo bongera kumubaza uburyo yongeye kubona .Aragamba ngo yasize akondo kumaso ganje ndareba , kandi ndabona . 16 Hejuru y'ibyo , bamwe bo mu Bafarisayo baragamba ngo : Uyu mugabo ntabwo avuye ku Imana , kubera ko atubahiriza isabato . Abandi bara gamba ngo : ni buryo ki umunyabyaha yoshobora gukora ibitangaza bingaho ? Baramupfa . Nuko , biremamo ibice . 17 Babwira ya mpumwi ngo : weho umuvuga ho iki , kubyo yaguhumuye amaso ? Arabasubiza ngo : N'umuhanuzi . Ab 18 ayahudi ntabwo bigeze bemera ko yari impumwi kandi ko yahumutse kugeza uko batumye kuzana ababyeyi be . 19 Arababaza , bavuga ngo : uriya niwe mwana wanyu muvuga ko yavutse ar impumwi ? None ni buryo ki yahumutse ? 20 Ababyeyi be barasubiza ngo : ico tuzi nuko ari umwana wacu , kandi ko yavutse ari impumwi . 21 Ariko nibiryo ki areba , cangwa ninde wamuhumuje amaso , ico nico tutazi . Mumwibarize ubwe , Arakuze akagamba ibimwerekeye ubwe . 22 Ababyeyi be bagambye baco kubera ko batunyaga aba yuda . Kuko Abayuda bari bunvikanye ko uzahamya ko Yesu ariwe Krisito bazamutenga mu kanisa . 23 Niyo mpanvu ababyeyi be bagambye ngo arakuze ; mumwibarize ubwe . 24 Abafarisayo bahamagara wa mugabo wa hoze ari impumyi ubwa kabiri , baramubwira ngo : Wowe himbaza Imana , natwe tuzi ko uwo mugabo ari munya byaha . 25 Arasubiza ngo : Niba ari umunyabyaha , ndago mbizi ; iconzi nikimwe , nuko nari impumwi none nkaba ndeba . 26 iki ? yabigenjeje ate ngo aguhumure amaso ? 27 ngo namaze kubibabyira , ntimwabwinva , kubera iki mushaka kubyunva ubwa kabiri ? 28 Murashaka kuba abishwa be baramutuka baragamba ngo : Niwowe uri umwigishwa we , twehe ho turi abigishwa ba Musa . 29 Tuzi ko Imana yakuye Musa . Ariko uyu ntituzi ngo n'uwahe ? 30 Arabasubiza ngo : Uyu mugabo biratangaje ko mutamuzi ngo n'uwahe kandi yara mpumuye amaso . 31 Tuziko Imana itunvira abanyabyaha ; naho nimba umuntu ayubaha agakora gushaka kwayo uwo niwe yunvira . 32 Ntagihe nakimwe umuntu yigeze kunva ko umuntu yigeze guhumura uwavutse ari impumyi . 33 Yabaye uwo muntu atari yaraturutse ku mana ntaco yari gushobora gukora . 34 Baramusubiza ngo : wowe muzima wavukiye mu byaha none wowe uri kutwigisha ? baramwirukana . 35 Yesu amenyako bamwirutse ho , ahuye nawe , aramubwira ngo : Wizera umwana w'Imana ? 36 Aramusubiza ngo : Ninde, Mwami kugirango mwizere ? wamaze kumubona 37 , Yesu ara musubiza kandi uri kukugambisha niwe . 38 Aragamba ngo : Ndizeye , Mwami . Nuko yikubita imbere ye aramuramya . 39 Nyuma , Yesu aramubwira ngo naje hano mwisi guca urubanza. kugirango abatabona barebe nababona bahinduke impumwi . 40 Abafarisayo bari bari hamwe nawe , bamaze kunva ayo magambo , baragamba ngo natwe, turi impumyi ? 41 Yesu arabasubiza ngo : Yabaye muri impumyi , ntabwo mwari kuba mufite ibyaha . Ariko noneho muragamba ngo : Turareba . Nico gituma icaha canyu gihamaho .