Yohana 8

2 Yesu aragenda agana ku musozi wa Elayo . 1 Ariko ,mugitondo karekare yongera kuja mukanisa , nuko abantu bose baza aho ari . Amaze kwicara , arabigisha . 3 Nuko abakarani n'Abafarisayo bazana umugore wafashwe ari gusambana . 4 Bamuhagarika hagati y'abantu , nuko babwira Yesu ngo : Mwigisha uyu mugore yafashwe mpiri arigusambana . 5 Musa , mumategeko , yadutegetse ko abagore ngaba tubicisha amabuye : None weho ubivuzeho iki ? 6 Ibyo babigambaga bamutega kugira ngo babone ibyo bamurega . Ariko Yesu amaze kunama yandigisha urutoke hasi . 7 Mugihe bakomezaga kumubaza arunamuka arababwira ngo : Niba hari umuntu umwe uziko atagira icaha , aba uwambere kumutera ibuye . 8 Nuko yongera kunama yandika kubutaka . 9 Mugihe bumvise ibyo , bamaze kuregwa n'umutima nama gwabo , batangira kunyonyomba bigendera umwe umwe , kuhera kubakuru ukageza kubanyuma , 10 nuko Yesu asigara wenyine hamwe nawa mugore waruri hagati . Amaze kunamuka , abona wamugore gusa , 11 aramubwira ngo : Mugore , abakuregaga barihe ? Nta muntu numwe ugucira urubanza ? Arasubiza ngo : Oya , mwami . Nuko Yesu aramubwira ngo : Nanje ntabwo ndikugucira urubanza , genda ariko ntuzongere kukora icaha . 12 Yesu araongera arabwira ngo : Ndi umwangaza wisi , umuntu wese unkurikira ntabwo azagendera mumwijima , ariko azabona umwangaza w'ubuzima . Hejuru yibyo , Abafarisayo baramubwira 13 ngo : Weho , urikwitangira ubuhamya , ubwo buhamya bwawe ntaho arubwukuri . 16 Yesu arabasubiza ngo : Nubwo ndikwitangira ubuhamya ,ubuhamya bwanje nubw'ukuri ,kuko njewe nzi iyo navuye niyo ndi kuja , ariko mwebwe , ntabwo muzi ayi mva niyo ndikuja . 15 Muriguca imanza mukoresheje umubiri , ariko njewe ntawe nshiriye urubanza . 14 Kandi niba nciye urubanza , urubanza rwaje n'ubw'ykuri , kuko ntari njenyine ariko Data wantumye arihamwe nanje . 17 Byanditswe mu mategeko yanyu ko ubuhamya bwabantu babiri ari ubwukuri , 18 Nje ndikwitangira ubuhamya bwanje , na Data wantumye ari kubuntangira . 19 Nuko baramubaza ngo : Iswo ari he ? Yesu arasubiza ngo : Ntabyo munzi arinjewe ari na Data . Iyaba mwari munzi , mwari kumenya na Data . 20 Yesu yabawiye ayo magambo , arikwigisha mu kanisa , ahantu babikaga isadaka , ariko nta muntu numwe wagombaga kumufata kuberako isaha ye yari itari yagera 21 Yesu arababwira kandi ngo : Nje ndigendeye , Muzanshaka , kandi muzapfa mufiriye mu byaha byanyu , ntabwo mwashobora kuza iyo ndikuja . 22 Kuribyo Abayuda baragamba ngo : Mbese aziyica ubwe wenyine ? kuko aragambye ngo : Ntabwo mushobora kuza iyo ndi kuja . 23 Ariko Yesu aramubwira ngo : Muturuka hasi , ariko njewe nduwo hejuru . Mur'abiyisi , 24 ariko njewe , ndabwo nduw'iyisi . Niyo mpamvu nababwiye yuko muzapfira mubyaha byanyu , kuberako niba mutizeye uwo ndiwe , muzapfira mubyaha byanyu . 25 Baramubanza ngo : Uri nde ? Yesu arabazubiza ngo : Nduwo nababwiye kuva muntangiriro . 26 Mfite byinci byo kubagambaho mbacira urubanza , ariko uwantumye nuwukuri , kandi ibyo namunvishijeho mbibwiraga isi . 27 Ntabwo bumvise ko arikubabwira ibyerekeye Se . 28 Yesu arababwira ngo : igihe muza shora hejurur umwana w'umuntu nibwo muzamenya uwo ndiwe , kandi ko ntaco nkora kubwanje njenyine , ariko ko ndikugamba nkurikije ibyo Data yanyigishije . 29 Uwantumye arikumwe nanje , ntabwo yandetse njenyine , kuko burigihe cyose nkora ibyiza . 30 Gukurikiza nibyo Yesu yigishije , bituma abantu kangari bamwizera . 31 Nuko abwira Abayuda bari bamwizeye ngo : Nimuguma kuba mujambo ryanje muri abigishwa banje byukuri . 32 Muzamenya ukuri nuko uko ukuri kuzabaha ubuhuru . 33 Maze baramusubiza ngo : Turi urubyaro gwa Aburahamu , ntabwo twigeze tuba abagaragu b'umuntu , nigute wagamba ngo muzaba huru ? 34 Yesu arababwira ngo : Mubyukuri umuntu wese uzahitamo gukora icaha azaba ari umugaragu wicaha . 35 Nyamara umugaragu ndaguma munzu ariko umwana ayiguma mo . 36 Niba rero umwana abahaye ubuhuru , muzadamarara . 37 Nzi yuko muri urubyari rwa Aburahamu ariko mushaka kunyica kuberako ijambo ryanje ritari kubinjira mo . 38 Ndikugamba ibyo nabonye kuri Data , ariko mwebwe , murigukora ibyo mwumvishije kuri swo . 39 Ariko noneho murigushaka kunyica , njewe wababwiye ukuri numvishije ku Imana . 40 Ibyo Aburahamu ntaho yigeze kubikora . Mukora imirimo ya so . 41 Baramubwira ngo : Ntaho turi ibibyarane , dufite data umwe , Imana . 42 Yesu arababwira ngo : yabaye Imana ariyo So , mwari kunkunda , kubera ko mu Imana arimo nkomoka . 43 Kandi arimo naturutse , Ntabwo naje ku bwanje , ahubwo niwe wantumye . Kubera iki mutunvaga invugo yanje ? kubera ko mutashobora gusobanukirwa ijambo ryanje . 44 Muri abaso shetani , kandi murashaka gusohoza ubyo so yifuriza . Yabaye umwicanyi kuva kuntangiriro ,Ntabwo yahagararaga mukuri , kuko ntakuri kuba muriwe . igihe avuga ibinyoma aba avuga ibye ; kuberako ari umubeshi na se w'ibinyoma . 45 Njewe , kuko nvuga ukuri , ntabwlo munyemeza 46 Ninde muri mwe uza nyemeza ibyaha ? Niba nvuga ukuri , kubera iki mutanyemeraga ? 47 Uri uw'Imana , asobanukirwaga bamagambo y'Imana ; mwewe nti musobanukirwa kubera ko mutari ab'Imana . 48 Abayahudi bara musubiza ngo : Ntabwo dufite ukuri ko kugamba ko uri Umusamariya , Kandi ko ufite daimoni ? 49 Yesu arabasubiza ngo : Ntabwo nfite daimoni ; ahubwo nubaha Data , namwe mura mpohotera. 50 Ntabwo ndigushaka icubahiro canje , hariho umwe ugishaka kandi niwe uca imanza . 51 Mubyu ukuri ndabibabwiye , niba hari umuntu ugumana ijambo ryanje , ntabwo azapfa. 52 Akokanya Abayahudi bara mubwira ngo : tumenye ko ufite daimoni . Aburahamu yarapfuye , abahanuzi nabo barapfuye , none uragabye ngo umuntu agumye mujambo ntabwo azapfa . 53 weho uri mukuru gusumba Data Abrahamu wapfuye ? Abahanuzi nabo barapfuye . Weho wibwira ko urinde ? 55 Yesu arabasubiza ngo : Niba ubwanje nishize hejuru , icubahiro canje n'ubusa . Data niwe unshira hejuru . Uwo mugamba ko ariwe Mana yanyu kandi mutamuzi. 54 Ariko njewe ho ndamuzi ; kandi yabaye nvuga ko ntamuzi , narikuba nsana namwe , umubishi . Ariko njewe nda muzi , kandi ndinda ijambo rye. Aburahamu , 56 So yiteye hejuru kubera ibwishimo yuko yabonaka umusi gwanje ; yaragubonye maze arishima . 57 Abayahudi baramubwira ngo : Ntabwo wari wagira imyaka mirongo itanu uvutse none wabonye Aburahamu ? 58 Yesu arabasubiza ngo : Mubwukuri ndabiba byiye mbere yuko aburahamu abaho , nje ndiho . 59 Hejuru y'ibyo batoragura amabuye ngo bagamutere maze Yesu arihisha maze ava mu kanisa.