Yohana 8
2
Yesu aragenda agana ku musozi wa Elayo .
1
Ariko ,mugitondo karekare yongera kuja mukanisa , nuko abantu bose baza aho ari . Amaze kwicara , arabigisha .
3
Nuko abakarani n'Abafarisayo bazana umugore wafashwe ari gusambana .
4
Bamuhagarika hagati y'abantu , nuko babwira Yesu ngo : Mwigisha uyu mugore yafashwe mpiri arigusambana .
5
Musa , mumategeko , yadutegetse ko abagore ngaba tubicisha amabuye : None weho ubivuzeho iki ?
6
Ibyo babigambaga bamutega kugira ngo babone ibyo bamurega . Ariko Yesu amaze kunama yandigisha urutoke hasi .
7
Mugihe bakomezaga kumubaza arunamuka arababwira ngo : Niba hari umuntu umwe uziko atagira icaha , aba uwambere kumutera ibuye .
8
Nuko yongera kunama yandika kubutaka .
9
Mugihe bumvise ibyo , bamaze kuregwa n'umutima nama gwabo , batangira kunyonyomba bigendera umwe umwe , kuhera kubakuru ukageza kubanyuma ,
10
nuko Yesu asigara wenyine hamwe nawa mugore waruri hagati . Amaze kunamuka , abona wamugore gusa ,
11
aramubwira ngo : Mugore , abakuregaga barihe ? Nta muntu numwe ugucira urubanza ? Arasubiza ngo : Oya , mwami . Nuko Yesu aramubwira ngo : Nanje ntabwo ndikugucira urubanza , genda ariko ntuzongere kukora icaha .
12
Yesu araongera arabwira ngo : Ndi umwangaza wisi , umuntu wese unkurikira ntabwo azagendera mumwijima , ariko azabona umwangaza w'ubuzima . Hejuru yibyo , Abafarisayo baramubwira
13
ngo : Weho , urikwitangira ubuhamya , ubwo buhamya bwawe ntaho arubwukuri .
16
Yesu arabasubiza ngo : Nubwo ndikwitangira ubuhamya ,ubuhamya bwanje nubw'ukuri ,kuko njewe nzi iyo navuye niyo ndi kuja , ariko mwebwe , ntabwo muzi ayi mva niyo ndikuja .
15
Muriguca imanza mukoresheje umubiri , ariko njewe ntawe nshiriye urubanza .
14
Kandi niba nciye urubanza , urubanza rwaje n'ubw'ykuri , kuko ntari njenyine ariko Data wantumye arihamwe nanje .
17
Byanditswe mu mategeko yanyu ko ubuhamya bwabantu babiri ari ubwukuri ,
18
Nje ndikwitangira ubuhamya bwanje , na Data wantumye ari kubuntangira .
19
Nuko baramubaza ngo : Iswo ari he ? Yesu arasubiza ngo : Ntabyo munzi arinjewe ari na Data . Iyaba mwari munzi , mwari kumenya na Data .
20
Yesu yabawiye ayo magambo , arikwigisha mu kanisa , ahantu babikaga isadaka , ariko nta muntu numwe wagombaga kumufata kuberako isaha ye yari itari yagera
21
Yesu arababwira kandi ngo : Nje ndigendeye , Muzanshaka , kandi muzapfa mufiriye mu byaha byanyu , ntabwo mwashobora kuza iyo ndikuja .
22
Kuribyo Abayuda baragamba ngo : Mbese aziyica ubwe wenyine ? kuko aragambye ngo : Ntabwo mushobora kuza iyo ndi kuja .
23
Ariko Yesu aramubwira ngo : Muturuka hasi , ariko njewe nduwo hejuru . Mur'abiyisi ,
24
ariko njewe , ndabwo nduw'iyisi . Niyo mpamvu nababwiye yuko muzapfira mubyaha byanyu , kuberako niba mutizeye uwo ndiwe , muzapfira mubyaha byanyu .
25
Baramubanza ngo : Uri nde ? Yesu arabazubiza ngo : Nduwo nababwiye kuva muntangiriro .
26
Mfite byinci byo kubagambaho mbacira urubanza , ariko uwantumye nuwukuri , kandi ibyo namunvishijeho mbibwiraga isi .
27
Ntabwo bumvise ko arikubabwira ibyerekeye Se .
28
Yesu arababwira ngo : igihe muza shora hejurur umwana w'umuntu nibwo muzamenya uwo ndiwe , kandi ko ntaco nkora kubwanje njenyine , ariko ko ndikugamba nkurikije ibyo Data yanyigishije .
29
Uwantumye arikumwe nanje , ntabwo yandetse njenyine , kuko burigihe cyose nkora ibyiza .
30
Gukurikiza nibyo Yesu yigishije , bituma abantu kangari bamwizera .
31
Nuko abwira Abayuda bari bamwizeye ngo : Nimuguma kuba mujambo ryanje muri abigishwa banje byukuri .
32
Muzamenya ukuri nuko uko ukuri kuzabaha ubuhuru .
33
Maze baramusubiza ngo : Turi urubyaro gwa Aburahamu , ntabwo twigeze tuba abagaragu b'umuntu , nigute wagamba ngo muzaba huru ?
34
Yesu arababwira ngo : Mubyukuri umuntu wese uzahitamo gukora icaha azaba ari umugaragu wicaha .
35
Nyamara umugaragu ndaguma munzu ariko umwana ayiguma mo .
36
Niba rero umwana abahaye ubuhuru , muzadamarara .
37
Nzi yuko muri urubyari rwa Aburahamu ariko mushaka kunyica kuberako ijambo ryanje ritari kubinjira mo .
38
Ndikugamba ibyo nabonye kuri Data , ariko mwebwe , murigukora ibyo mwumvishije kuri swo .
39
Ariko noneho murigushaka kunyica , njewe wababwiye ukuri numvishije ku Imana .
40
Ibyo Aburahamu ntaho yigeze kubikora . Mukora imirimo ya so .
41
Baramubwira ngo : Ntaho turi ibibyarane , dufite data umwe , Imana .
42
Yesu arababwira ngo : yabaye Imana ariyo So , mwari kunkunda , kubera ko mu Imana arimo nkomoka .
43
Kandi arimo naturutse , Ntabwo naje ku bwanje , ahubwo niwe wantumye . Kubera iki mutunvaga invugo yanje ? kubera ko mutashobora gusobanukirwa ijambo ryanje .
44
Muri abaso shetani , kandi murashaka gusohoza ubyo so yifuriza . Yabaye umwicanyi kuva kuntangiriro ,Ntabwo yahagararaga mukuri , kuko ntakuri kuba muriwe . igihe avuga ibinyoma aba avuga ibye ; kuberako ari umubeshi na se w'ibinyoma .
45
Njewe , kuko nvuga ukuri , ntabwlo munyemeza
46
Ninde muri mwe uza nyemeza ibyaha ? Niba nvuga ukuri , kubera iki mutanyemeraga ?
47
Uri uw'Imana , asobanukirwaga bamagambo y'Imana ; mwewe nti musobanukirwa kubera ko mutari ab'Imana .
48
Abayahudi bara musubiza ngo : Ntabwo dufite ukuri ko kugamba ko uri Umusamariya , Kandi ko ufite daimoni ?
49
Yesu arabasubiza ngo : Ntabwo nfite daimoni ; ahubwo nubaha Data , namwe mura mpohotera.
50
Ntabwo ndigushaka icubahiro canje , hariho umwe ugishaka kandi niwe uca imanza .
51
Mubyu ukuri ndabibabwiye , niba hari umuntu ugumana ijambo ryanje , ntabwo azapfa.
52
Akokanya Abayahudi bara mubwira ngo : tumenye ko ufite daimoni . Aburahamu yarapfuye , abahanuzi nabo barapfuye , none uragabye ngo umuntu agumye mujambo ntabwo azapfa .
53
weho uri mukuru gusumba Data Abrahamu wapfuye ? Abahanuzi nabo barapfuye . Weho wibwira ko urinde ?
55
Yesu arabasubiza ngo : Niba ubwanje nishize hejuru , icubahiro canje n'ubusa . Data niwe unshira hejuru . Uwo mugamba ko ariwe Mana yanyu kandi mutamuzi.
54
Ariko njewe ho ndamuzi ; kandi yabaye nvuga ko ntamuzi , narikuba nsana namwe , umubishi . Ariko njewe nda muzi , kandi ndinda ijambo rye. Aburahamu ,
56
So yiteye hejuru kubera ibwishimo yuko yabonaka umusi gwanje ; yaragubonye maze arishima .
57
Abayahudi baramubwira ngo : Ntabwo wari wagira imyaka mirongo itanu uvutse none wabonye Aburahamu ?
58
Yesu arabasubiza ngo : Mubwukuri ndabiba byiye mbere yuko aburahamu abaho , nje ndiho .
59
Hejuru y'ibyo batoragura amabuye ngo bagamutere maze Yesu arihisha maze ava mu kanisa.