Yohana 7

1 Hanyuma yaho ,Yesu tiyerkeza Igalilaya kuko ntabwo yarashaka kwirigwa Yudea , kuko abayuda bari bari gushaka kumwica . 2 Kandi umunsi mukuru w'ibiroro gwari guri hafi . 3 Benese baramubwira ngo avaho aje Iyudea kugira ngo abashigishwa bawe nabo babone imirimo yo urigukora . Ntamuntu ukoraga ibintu yihishe iyo akenye ngo bamu bone . 4 Nukora ibi bintu wiyereke ab'isi bakumenye . 5 Nkuko na benye nyina nabo ntaho bamwizeraga . 6 Yesu arabagambira ngo Isaha yanje ntabwo yari yagera ariko yanyu yageze tayari . 7 Isi ntabwo yabanga njewe ,barikunyanga nkuko ndikumuhamiriza ko imirimo ye ari mibi . 8 Mutarame mwebwe mugende mu munsi mukuru ariko njewe ntabwo ndatarama igihe canje ntaho caricagera . 9 Arangije kubabwira ibyo asigara Igalilaya . 14 Hagati y'umunsi mukuru ,Yesu atarama mukanisa atangira kwigisha . 15 Abayuda baratangara bari kugamba ngo : yamenye ibyanditwse gute kandi atara geze mu masomo ? 16 Yesu arabasubiza "Ibyo ndikwigisha ntabwo ari ibyanje ahubwo bituruka kuwantumye . 21 Yesu arabasubiza ngo : Nakoze umurimo , mwese murumirwa . Mose yabazaniye gukatwa . 22 Ntaho ariwe bikomotse ho ariko kuri basogokuruza nuko mugakata umuntu kumusi gw'isabato . 28 kandi Yesu yari arikwigisha mukanisa , aragamba ngo : Muranzi kandi muzi niba nturuka he . Ntabwo naje kungufu zanje ariko uwantumye nuwukuri kandi ntago mushobora kumumenya . 29 Njewe, ndamuzi, kubera niwe nturukaho kandi niwe wantumye. 33 Yesu aragamba ngo : Ndacari hamwe akanya kanyori nyuma nigire k'uwantumye. 34 Muzanshaka ariko ntabwo muzambona. Ntan'ubwo mwoshobora kugera aho nzaba ndi. 35 Abayuda baritotomba hagati yabo : Azaja hehe aho tutagomba kumubona ? Nonesi azaja hamwe na babandi batatanijwe mu Bagiriki ? Nonesi azigisha Abagiriki ? 36 Iri ijambo ryo yagambye risobanuye ngw'iki : Ngo muzanshaka ariko ntabwo muzambona, ngo nta n'ubwo mushobora kugera aho nzaba ndi ? 37 K'umusi gwa nyuma, umusi mukuru gukomeye Yesu arahaguruka agamba n'ijwi rirenga: Niba hari umuntu ufite imyota aze iwanje anywe. 38 Umuntu wese unyizeye imigezi y'amazi y'ubuzima gazadudubiriza muri we nkuko ibyanditswe birikugamba. 40 Bamwe mubari bari aho, buvushije ago magambo baratangara : Uyu n'umuhanuzi nyawe. 41 Abandi baragamba : Ni Krisito. Abandi nabo ngo mbesi ni ngombwa ko Krisito yaturuka i Galilaya ? 42 Nonesi ibyanditswe ntibirikugamba ko Krisito agomba guturuka mu muryango gwa Daudi, mu rusisiro rw'i Betelehemu iyo Daudi yari atuye ? 43 Kubera we haboneka amacakubiri mu abantu bari bari ahongaho. 44 Bamwe bar bari gushaka kumufata ariko nta n'umwe wamukozeho. 45 Abakozi bo hasi b'abatambyi bakuru, nabab'Abafarisayo, barigarukira. 46 Maze ba shebuja barababaza ngo kuber'iki mutamufashe ngo mumuzane ? Abo bakozi barabasubiza : Reka da, nta muntu numwe ugambaga neza nkawe. 49 Ko umanza namwe yaboheje akabayobya ? 48 Nonesi nta muntu n'umwe mubakuru cangwa mu Abafarisayo waba yamwizeye ? 47 Ni koko, abantu bose batazi amategeko baba baravumwe. 50 Nikodemu, wari waragiye kwa Yesu nijoro yaramaze kuba umwe muri bo, arababwira ngo: 51 Itegeko ryacu ryohana umuntu ritari rya mwumva no kumenya ico ari kuzira ? 52 Baramusubiza : Nawe si uri umunya Galilaya ? N'ureba neza, uzabona ko i Galilaya na rimwe hatovayo umuhanuzi.