Yohana 6

7 Filipo aramusubiza ngo : Imikati yo twobona ku mafaranga maganabiri ntoyo tosha kugirango buri muntu abone gake . 8 Umwe wo mubigishwa be mbere ya mwene nyina wa Simoni Petro aramubwira ngo : 9 Hano hariho umwana wumuhungu ufite imikati itano yingano namahere abiri , none si yo mariki kuraba bantu bangana baca. 16 Bugorobye abigishwa be bagogomera uruhande ryingezi . 17 Bamaze kwinjira mubwato bambuka ingezi baja Ikapernaumu . Bwari bumamaze kwira , Kandi Yesu yari atari yakabageraho . 18 Hari hari guhuha umuyaga mwinshi ingezi yari yagiye mo umuyaga. 22 Abantu benshi bari basigaye urundi ruhande rwingezi bamenya ko hasigaye ubwato bumwe gusa , kandi ko Yesu atagiye murubwo bwato hamwe nabigishwa be , ahubwo ko bari bagiye bonyine . 23 Bukeye bwaho kuko ubundi bwato bwari bumaze kugera i Tiberia hamwe naho bari baririye imakati umwami amze guhishimira . 24 Bamwe bo murabo bantu benshi , bamaze kureba ko hari Yesu , hari abigishwa be batariho batarama bonyine mur'ubwo bwato buja i Kapernaumu gushaka Yesu . 25 Bamaze kumubona hakurya yi nyanja baramubwira ngo : Rabi wageze hano gihe ki ? 26 Yesu arababwira ngo : Mubwukuri ndabibabyiye muri kunshaka atar'uko mwabonye ibitangaza ariko aruko mwariye imikati mukahaga . 27 Mukore atari kubwo ibiryo byo kubora ahubwo ibizahoraho iteka ryose byo umwana w'umuntu azabaha kuko ariwe wo Data Imana yashize ho icapa. 30 Nikihe gitangaza ukoze baramusubiza kugira ngo : Tukirebe kandi tukwizere ukoze iki ? 31 Badata bariye manu mubutayu bikurikiranye bikurikiranye nibyanditswe yabahaye ugati uvuye mwijuru gwo kurya. 32 Yesu aramubwira ngo : Nukuri nukuri ndikubibabwira Musa nto yabahaye umukati gwo mwijuru 33 ariko Data abaherezaga umukati w'ukuri kuko umukati gw'Imana nugugogoma guva mwijuru kandi gugatanga ubuzima kwisi . 34 Baramubwira ngo : Mwami tuhereze buri musi ugwo mukati . 35 Yesu arabagambira; ni nje mukati w'ubuzima, uzaza kuri nje, ntabwo azagira inzara kandi unyizera ntabwo azagira imyota. Kandi narabibabwiye, 36 mwarambonye ariko ntabwo mwizera. 37 Abo data ampa bose, bazaza aho ndi. Kandi sinzirukana uzaza ahondi. 38 Kuko navuye mwijuru si ugukora ibyonshaka, ahubwo ni ugukora ubushake bw'uwantumye. 39 Kudapoteza n'umwe mubo yampaye, nibwo bushake bw'uwantumye, kandi ko nzabazura ku musi wa nyuma. 40 Ubushake bwa data nuko buri muntu wabonye kandi akizera umwana we, abona ubugingo buhoraho kandi nzamuzura ku musi gwanyuma. 41 Abayuda baramwitotombera kuko yagambye ngo ndumukati gwavuye mwijuru. 42 Kandi bavugaga ngo; Uyu si umuhungu wa Yozefu uwo tuzi ise na nyina/ None ni gute yakwiha kugamba ngo njewe navuye mwijuru/ 43 Yesu arabasubiza ngo; mwerekwivovota. 44 Nta muntu waza aho ndi niba data wantumye ataramuhamagaye kandi nzamuzura ku musi gwa nyuma. 45 Byanditwe mu buhanuzi; Bose bazigishwa n'Imana nuko buri muntu wese wumviye Data kandi akemera amigisho ye, azaza aho ndi. 46 Ntawabonye Data keretse uwavuye ku Imana, uwo niwe wabonye Data. 47 Niby'ukuri, n'ukuri ndabibabwiye, umuntu wese unyizera, afite ubuzima buhoraho. 48 Nje ndi umukati gw'ubugingo. 49 Ababyeyi banyu bariye manu mu butayu, ariko barapfuye. 50 Hano hari umukati guvuye mwijuru, kugira ngo uzaguryaho wese yeregupfa. Ndi umukati muzima gwavuye mwijuru. 51 Umuntu n'arya ugu mukati, azahoraho imisi yose; kandi umukati gwo nzabaha ni umubiri gwanje, gwo nzatanga kubwo ubuzima bw'isi yose. 52 Kubera ibyo yavuze, abayuda bagiye impaka barikwibaza ngo, ashobora gute kuduha umubiri gwe ngo tugurye? 53 Yesu arababwira ngo mubyukuri, n'ukuri ndababwiye, nimutarya umubiri gw'umwana w'umuntu, kandi nimutannywa amaraso ge ntabuzima muba mufite muri mwe. 54 Umuntu wese urya umubiri wanje, kandi akannywa amaraso ganje, afite ubugingo buhoraho, kandi nzamuzura ku musi gwa nyuma. 55 Kuko umubiri gwanje ni ibiryo by'ukuri, kandi amaraso ganje, ni icokunnywa nyakuri. 56 Buri muntu wese urya umubiri gwanje, kandi akannywa amaraso ganje, aguma muri nje kandi nanje nkaba muri we. 57 Nkuko data ubaho muzima yantumye, kandi nkaba ndiho kubwa Data, na niko buri wese uzandya, azabaho kubwanje. 58 Aha ni umukati gwamanutse guvuye mwijuru. Ntabwo bimeze nkuko ba so bariye manu nuko bagapfa. Buri wese urya ugu mugati azabaho imisi yose. 59 Yesu yavugiye aga magambo muri Sinagogi arikwigisha igapernaum. 60 Nuko benshi mu bigishwa bamaze kumwumva, baragamba ngo; irijambo rirashariye, ntawaryihanganira. 61 Yesu amenya muri we ko abigishwa bari kububura kubyo amaze kuvuga, arababaza ngo; ibi mbabwiye, birabashitaje/ 62 Kandi ni mubona umwana w'umuntu azamuka agogomera iyo yari ari mbere,... 63 Umwuka ni we utanga ubugingo, umubiri ntaco gumaze. Amagambo nababwiye niwe mwuka, ni bwo buzima bugingo. 64 Ariko muri mwebwe, harimo abatizera. Kuko Yesu yari azi uturutse mbere, ni bande bari batizeye, kandi yari azi ni nde uzamutanga ari kumugurisha. 65 Nuko yongeraho ngo; Nico gituma nababwiye ko nta uza aho ndi atabiherejwe na Data. 69 Kuva ubwo, benshi mu bigishwa be, barahunga ntibongera kugendana nawe 67 . Nuko Yesu abwira cumi na babiri ngo; mwebwe kuki namwe mutagiye? 68 Simoni Petero aramusubiza ngo : Mwami , tuzaja kwande ufute amagambo yubuzima y'iteka . 66 Kandi natwe twarizeye kandi twamenye ko uri Kristo , uwera w'Imana . 70 Yesu arababwira ngo : Ntahi ari nje wabarobanuye mwebwe uko muri cumu na babiri ? , Kandi umwe murimwe ni Daimoni ! 71 Yagambaga Yuda Eskarioti , mwene Simoni ; kuko ariwe wagombaga kumutanga , we umwe muri cumi na babiri.