Yohana 5
1
Hanyuma yaho umunsi mukuru waba Yuda na Yesu agenda i Yerusalemu .
2
Kandi , i Yerusalemu hafi yumuryango wintama hariho iki zenga muki hebrayo kitwa Betsaida gifite amabara atanu .
3
Hasi yago hari hagyamwe abagwayi kangari : abacumbagira , nibirema , babaga barindiriye uko amazi arahindagurika .
4
kandi umu maraika w'Imana yamanukaga rimwe narimwe nyuma ara birindura amazi , winjiye mo wambere yarakizwaga ingwara yariyo yose
5
Aho hari umugabo warumaze imyaka mirongo itatu numunani arwaye .
6
Yesu amubona agyamye , amenya ko agwaye igihe kirekire , aramubaz ngo : ushaka gukira ? .
7
Umurwayi aramusubiza ngo mwami ntaho nfite wokunshira mukizenga igihe amazi yibirinduye , yonihanganye kuryamo undi aba yamaze kuntanga .
8
Yeus aramubyira ngo : Byuka ufate akarago kawe ugende .
9
Murako kanya uwo murwayi arakira ; afata ikirago ce aragenda .
10
Kandi gwari umunsi wi sabato . Aba Yuda babyira uwo wakize ; niku sabato ; ntibyemewe kwikorera ikirago .
11
Arabasubiza ngo : Uwankijije yambwe ngo : fata ikirago cawe ugende .
12
Baramubaza ngo : Ninde wakubyiye ngo : fata ikirako ugende ?
13
Uwo wari wakize ntiyamenye wamukijije ngo ninde ,kuko Yesu yari yazimiriye mu bantu, kuko harabantu kangari .
21
Kuko Data azura abapfuye kandi agatanga ubuzima , niko umwana atanga ubuzima kuwo yishakiye .
22
Ntawe Data acira urubanza umwana niwe wabihawe byose .
23
Kugira ngo bose bahe icubahiro umwana nkuko bubaha Se utubaha umwana ntiyubaha nase wamutumye .
39
Mucukumbura ibyanditswe kuberako mutekereza ko mufite mo ubuzima : Nibyo bintangira ubuhamya .
40
Ntabwo mushakaga kuza iwanje kugira ngo mubone ubuzima .
41
Icubahiro canje ndago ngikuraga kubantu .
42
Ariko nzi neza ko ntarukundo rw'Imana rubarimo .