Yohana 5

1 Hanyuma yaho umunsi mukuru waba Yuda na Yesu agenda i Yerusalemu . 2 Kandi , i Yerusalemu hafi yumuryango wintama hariho iki zenga muki hebrayo kitwa Betsaida gifite amabara atanu . 3 Hasi yago hari hagyamwe abagwayi kangari : abacumbagira , nibirema , babaga barindiriye uko amazi arahindagurika . 4 kandi umu maraika w'Imana yamanukaga rimwe narimwe nyuma ara birindura amazi , winjiye mo wambere yarakizwaga ingwara yariyo yose 5 Aho hari umugabo warumaze imyaka mirongo itatu numunani arwaye . 6 Yesu amubona agyamye , amenya ko agwaye igihe kirekire , aramubaz ngo : ushaka gukira ? . 7 Umurwayi aramusubiza ngo mwami ntaho nfite wokunshira mukizenga igihe amazi yibirinduye , yonihanganye kuryamo undi aba yamaze kuntanga . 8 Yeus aramubyira ngo : Byuka ufate akarago kawe ugende . 9 Murako kanya uwo murwayi arakira ; afata ikirago ce aragenda . 10 Kandi gwari umunsi wi sabato . Aba Yuda babyira uwo wakize ; niku sabato ; ntibyemewe kwikorera ikirago . 11 Arabasubiza ngo : Uwankijije yambwe ngo : fata ikirago cawe ugende . 12 Baramubaza ngo : Ninde wakubyiye ngo : fata ikirako ugende ? 13 Uwo wari wakize ntiyamenye wamukijije ngo ninde ,kuko Yesu yari yazimiriye mu bantu, kuko harabantu kangari . 21 Kuko Data azura abapfuye kandi agatanga ubuzima , niko umwana atanga ubuzima kuwo yishakiye . 22 Ntawe Data acira urubanza umwana niwe wabihawe byose . 23 Kugira ngo bose bahe icubahiro umwana nkuko bubaha Se utubaha umwana ntiyubaha nase wamutumye . 39 Mucukumbura ibyanditswe kuberako mutekereza ko mufite mo ubuzima : Nibyo bintangira ubuhamya . 40 Ntabwo mushakaga kuza iwanje kugira ngo mubone ubuzima . 41 Icubahiro canje ndago ngikuraga kubantu . 42 Ariko nzi neza ko ntarukundo rw'Imana rubarimo .