Yohana 10

1 Muby'ukuri ndabibabwiye : Wa undi utinjiriraga mu muryango gwikiraro , ariko akazamukira ahandi uwo n'umujura nuwo kunyaga . 2 Umushumba mwiza w'intama yinjiriraga mu muryango . 3 Umushumba mwiza w'intama iyo afunguye umuryango intama zumvaga ijwi rye , akaza kura mu mazina akazisohora hanze akaja kuziragira . 4 Iyo amaze kuzisohora hanze ajaga imbere yazo soze zika mukurikira kubera ko zizi ijwi rye . 5 Intama ntabwo zokurikira umunya mahanga ahubwo zira muhungaga kuko zitazi ijwi ryabanyamahanga . 6 Yesu yababwiye ugo mugani bo ntibamenye ico yashatse kubabwira . 7 Yesu yongera kubabwira ngo : Ndabibabwiye kandi ni njewe umuryango gw'intama . 8 Abantu bose baje imbere yanje nabajura nabo kunyaga , ariko intama ntabwo zumvishije ijwi ryabo . 9 Ninjewe umuryango umuntu wese uza nyuriraho azakizwa , azinjira kandi azasohoka azicara mubwatsi bwiza . 10 Naho umujura azaga aje kwiba , kubaga, no kubomora , njewe nazanywe no kugirango intama zanje zibone ubuzima kandi zikomeze kudamarara . 11 Njewe ndi umushumba mwiza , kandi mushumba mwiza atangaga ubuzima bwe kurengera intama ze . 12 Ariko umucanshuro utari umushumba w'intama iyo igisimba kije ataga intama akirukanka igisimba kikarya izo intama no kuzitatanya. 13 Umucanshura arirukaga ntahangaike ntiyite no kungorane intama zifite . Ariko njewe ndumushumba mwiza . 16 Intama zanje ndazizi kandi nazo ziranzi . 15 Nkuko Data anzi nanje nkaba nzi Data , ntangaga ubuzima bwanje kubera intama zanje . 14 Mfite izindi intama zitari izo muriki kiraro izo nazo ningobwa ko nzazizana kandi nazo zizumva ijwi ryanje hazaba ho umukumbi gumwe n'umushumba umwe . 17 Data arankundaga kuberako ntangaga ubuzima bwanje nyuma nkabwigarurira . 18 Ntamuntu wonyaka ubuzima bwanje ariko mbutangaga njewe njenyine, kandi mfite ubushozi bwo kubwigarurira , nkurikije itegeko nahawe na Data . 20 Kubera ago magambo , hongera kuba ho amacakubiri mu Abayuda . 19 Benshi muribo baravuga ngo : Afite Daimoni , cangwa ni umusazi kuber'iki mu mutegaga atawi ? 21 Abandi baravuga ngo : agamagambo ntabwo arago umuntu ufite daimoni . None si daimoni yofungura amaso g'impumyi ? 24 Ico gihe baribari mu musi mukuru gwo kwibuka gutaha ikanisa i Yerusalemu . Hari igihe c'imbeho . 23 Na Yesu yarai kwitembeza mu kanisa anyuriye mu muryango rwa Salomo . 22 Abayuda baramuzunguruka no kumubwira uza komeza kutu jijisha kugeza ryari ? Niba uri Kristo bitubwire neza . 25 Yesu arabasubiza : Narabibwiye ariko ntabwo mwizeraga . Ibwo nkoraga mwizina rya Data bihamwaga ico ndi co . 26 Ariko ntabwo mwizeraga kuberako mutari bamwe bo mu intama zanje . 27 Intama zanje zumvaga ijwi ryanje , nanje ndazizi kandi zira nkurikiraga . 28 Nzihaga ubuzima bw'iteka ntanubwo zizahera narimwe nta n'umuntu uza zikura mu maboko ganje . 29 Data wazimpaye ni mukuru kuruta bose nta n'umuntu uza zikura mu maboko ga Data . 30 Njewe na Data turi ''Umwe'' 31 Maze ako kanya Abayuda batoragura amabuye ngo ba mwice . 32 Yesu arababwira : Nabakoreye ibintu bwiza bivuye kwa Data kubera ibyo mushaka kunyica . 33 Abayahudi baramusubiza ibikorwa byiza ntabwo aribyo bitumye dushaka kugutera amabuye ahubwo nuko uri gutuka Imana weho nk'umuntu ushaka kwigira Imana . 34 Yesu arabazubiza : Ntabwo byanditswe mu tegeko ryanyu ko nagambye ngo : Muri ibigirwamana . 35 Niba itegeko ryarise ibigirwamana babandi bandikiwe ijambo ry'Imana , kandi koko ibyanditswe bitagomba gukandagiranwa : 36 Uwo Data yejeje , akamutuma mwisi , murikumubwira ngo arigutuk'Imana kubera ko nagabye ngo ndi umwana w'Imana . 37 Niba ntari gukora ibikorwa bya Data , mwere kunyizera . 38 Ariko niba aribyo ndi gukora , mukaba mudashaka kunyizera mwizere basi ibyo bikorwa . Kugira ngo mumenye kandi musobanukirwe ko Data ari muri njewe nanje nkaba muri we . 39 Aho naho kandi bashaka kumufata ariko ara bakwepa. 40 Yesu yigira hakurya ya yorodani aho Yohana ya batirizaga maze yibera yo . 41 Abantu akangari bamusanga yo bari kugamba ngo : Yohana ntagitangaza nakimwe ya koze ariko ibyo ya gambye kuri uyu Yesu n'ukuri . 42 Nako karere abantu akangari bara mwizera .