Yohana 10
1
Muby'ukuri ndabibabwiye : Wa undi utinjiriraga mu muryango gwikiraro , ariko akazamukira ahandi uwo n'umujura nuwo kunyaga .
2
Umushumba mwiza w'intama yinjiriraga mu muryango .
3
Umushumba mwiza w'intama iyo afunguye umuryango intama zumvaga ijwi rye , akaza kura mu mazina akazisohora hanze akaja kuziragira .
4
Iyo amaze kuzisohora hanze ajaga imbere yazo soze zika mukurikira kubera ko zizi ijwi rye .
5
Intama ntabwo zokurikira umunya mahanga ahubwo zira muhungaga kuko zitazi ijwi ryabanyamahanga .
6
Yesu yababwiye ugo mugani bo ntibamenye ico yashatse kubabwira .
7
Yesu yongera kubabwira ngo : Ndabibabwiye kandi ni njewe umuryango gw'intama .
8
Abantu bose baje imbere yanje nabajura nabo kunyaga , ariko intama ntabwo zumvishije ijwi ryabo .
9
Ninjewe umuryango umuntu wese uza nyuriraho azakizwa , azinjira kandi azasohoka azicara mubwatsi bwiza .
10
Naho umujura azaga aje kwiba , kubaga, no kubomora , njewe nazanywe no kugirango intama zanje zibone ubuzima kandi zikomeze kudamarara .
11
Njewe ndi umushumba mwiza , kandi mushumba mwiza atangaga ubuzima bwe kurengera intama ze .
12
Ariko umucanshuro utari umushumba w'intama iyo igisimba kije ataga intama akirukanka igisimba kikarya izo intama no kuzitatanya.
13
Umucanshura arirukaga ntahangaike ntiyite no kungorane intama zifite . Ariko njewe ndumushumba mwiza .
16
Intama zanje ndazizi kandi nazo ziranzi .
15
Nkuko Data anzi nanje nkaba nzi Data , ntangaga ubuzima bwanje kubera intama zanje .
14
Mfite izindi intama zitari izo muriki kiraro izo nazo ningobwa ko nzazizana kandi nazo zizumva ijwi ryanje hazaba ho umukumbi gumwe n'umushumba umwe .
17
Data arankundaga kuberako ntangaga ubuzima bwanje nyuma nkabwigarurira .
18
Ntamuntu wonyaka ubuzima bwanje ariko mbutangaga njewe njenyine, kandi mfite ubushozi bwo kubwigarurira , nkurikije itegeko nahawe na Data .
20
Kubera ago magambo , hongera kuba ho amacakubiri mu Abayuda .
19
Benshi muribo baravuga ngo : Afite Daimoni , cangwa ni umusazi kuber'iki mu mutegaga atawi ?
21
Abandi baravuga ngo : agamagambo ntabwo arago umuntu ufite daimoni . None si daimoni yofungura amaso g'impumyi ?
24
Ico gihe baribari mu musi mukuru gwo kwibuka gutaha ikanisa i Yerusalemu . Hari igihe c'imbeho .
23
Na Yesu yarai kwitembeza mu kanisa anyuriye mu muryango rwa Salomo .
22
Abayuda baramuzunguruka no kumubwira uza komeza kutu jijisha kugeza ryari ? Niba uri Kristo bitubwire neza .
25
Yesu arabasubiza : Narabibwiye ariko ntabwo mwizeraga . Ibwo nkoraga mwizina rya Data bihamwaga ico ndi co .
26
Ariko ntabwo mwizeraga kuberako mutari bamwe bo mu intama zanje .
27
Intama zanje zumvaga ijwi ryanje , nanje ndazizi kandi zira nkurikiraga .
28
Nzihaga ubuzima bw'iteka ntanubwo zizahera narimwe nta n'umuntu uza zikura mu maboko ganje .
29
Data wazimpaye ni mukuru kuruta bose nta n'umuntu uza zikura mu maboko ga Data .
30
Njewe na Data turi ''Umwe''
31
Maze ako kanya Abayuda batoragura amabuye ngo ba mwice .
32
Yesu arababwira : Nabakoreye ibintu bwiza bivuye kwa Data kubera ibyo mushaka kunyica .
33
Abayahudi baramusubiza ibikorwa byiza ntabwo aribyo bitumye dushaka kugutera amabuye ahubwo nuko uri gutuka Imana weho nk'umuntu ushaka kwigira Imana .
34
Yesu arabazubiza : Ntabwo byanditswe mu tegeko ryanyu ko nagambye ngo : Muri ibigirwamana .
35
Niba itegeko ryarise ibigirwamana babandi bandikiwe ijambo ry'Imana , kandi koko ibyanditswe bitagomba gukandagiranwa :
36
Uwo Data yejeje , akamutuma mwisi , murikumubwira ngo arigutuk'Imana kubera ko nagabye ngo ndi umwana w'Imana .
37
Niba ntari gukora ibikorwa bya Data , mwere kunyizera .
38
Ariko niba aribyo ndi gukora , mukaba mudashaka kunyizera mwizere basi ibyo bikorwa . Kugira ngo mumenye kandi musobanukirwe ko Data ari muri njewe nanje nkaba muri we .
39
Aho naho kandi bashaka kumufata ariko ara bakwepa.
40
Yesu yigira hakurya ya yorodani aho Yohana ya batirizaga maze yibera yo .
41
Abantu akangari bamusanga yo bari kugamba ngo : Yohana ntagitangaza nakimwe ya koze ariko ibyo ya gambye kuri uyu Yesu n'ukuri .
42
Nako karere abantu akangari bara mwizera .