Yohana 11

1 Hari hari ho umugabo w'umurwayi , Lazaro w'i Betania urusisiro rwa Mariya na Marita abashiki be . 2 Niwa undi Maria wasize Yesu amavuta kandi amuhanagura amaguru akoresheje imisatsi ye , uwo mwenewenyina Lazaro yara rwaye . 4 Bashiki be batuma ngo baje kushikira Yesu no kumubwira : Mwami , reba uwo ukundaga yarwaye . 3 Yesu amze kubwinva aragamba ngo : Uburwayi bwe ntabwo ari ubwo kumuhitana (Ku mwica ) , Ahubwo nubwo kwereka icubahiro c'Imana kugirango umwana w'imana ahabwe icubahiro mubwo burwayi . 5 kandi yesu yakundaga Marita ,Mariya na Lazaro . 6 Amaze kumenya ko Lazaro arwaye yibera iyo ngiyo iminsi ibiri . 7 Yongera kubwira abigishwa be : Dusubire i Yudea . 8 Abigishwa be baramusubiza : Mwigisha (Rabi) Abayuda bari barigushaka kugutera amabuye none urigushaka ko dusubira i Yudea . 9 Yesu arababwira ngo umunsi gufite amasaha cumu nabiri niba umuntu arikugenda kumanywa ntabwo yo sitara kuko aba arikureba umwangaza gw'iyisi 10 Ariko Umuntu arigutembera mwijoro agoma gusitara umwangaza guba guri kure ye . 11 Amaze kuba bwira ibyo arabasubiza ngo : Lazaro inshuti yacu , araryamye none ngiye kumubyutsa . 12 Abigishwa be bongera baramubwira : mwami , niba aryamye : "Azakira " . 13 Yesu yagambaga kubw'urupfu rwa Lazaro , Ariko bo bategereza kwari kubabwira kusinzira . 14 Nuko rero yesu ababwiza ukuri : "Lazaro yapfuye " 15 Kandi kubera mwebwe kugirango mwizere nishimiye kubona ntabwo narimpari , ariko tugende aho ari . 16 Kubera ibyo , Tomasi witwaga Didumo abwira abagenzi be " Tugende hamwe na Yesu batwicire hamwe ''. 17 Yesu amaze kugera i Betania abona Lazaro wari wapfuye amaze imisi ine mukaburi . 18 Kubera ko Betania yari irihafi ya Yerusalemu hafi ibirometeri cumi nabitanu 19 Abayuda akangari bari baje kubayagira kubera musaza wabo yari yapfuye . 20 Marita amaza kumva ko Yesu yaje aja imbere ye naho mariya aguma kwicara mu inzu . 21 Marita abwira Yesu ngo : Iyaba wari uri hano mbere musaza wanje aba atapfuye . 22 Ariko nabuno ndabizi ico wosaba Imana cose yokiguha . 23 Yesu aramubwira ngo musaza wawe aza zuka . 24 Marita aramusubiza ngo : Nzi neza ko azazuka igihe co kuzuka umunsi gwa nyuma . 25 Yesu azamusubiza ngo njewe ndi umuzuko , n'ubuzima uzanyizera wese azabaho , nubwo yaba yarapfuye . 26 Kandi buri umuntu uriwo unyizeraga ntaho azapfa narimwe , " Marita , urabyizeye ? " 27 Marita aramusubiza ngo : Yego Mwami , ndizeyeko uri Kristo umwana w'Imana wari akwiriye kuza mwisi . 28 Amaze kugamba aragenda bunyomboroke ahamagara Maria mushiki we aramubwira : "Mwarimu ari hano kandi ari kugushaka ". 29 Mariya abyumvishije ahaguruka vuba asanganira Yesu . 32 Mariya ageze aho Yesu yarari amubonye yikubita ibirenge aramubwira ngo : Mwami yuba hano musaza wanje tabwo aba yarapfuye . 33 Yesu amubona arira naba Yuda barihamwe yitsa umutima . 34 Arabaza ngo : mwamusize he ? baramusubiza ngo : mwami gwino urebe . 35 Yesu ararira . 43 Amaze kuvuga atera hejuru : Lazaro sohoka . 44 Uwapfuye arassohoka ibirenge na maboko bihambiwe mugi tambara , Yesu aramubwira ngo : Mumuhambure mumureke agende . 45 Abayuda akangari baribzanye na Mariya babona ibyo Yesu baramwizera . 46 Ariko bamwe murabo baza kureba Abafarisayo barabawira ico Yesu yakoze . 47 Noneho abatambwi bakuru nabarisayo bateranya urukiko baravuga ngo : Tubikore dute ko uyu muntu akora ibitangaza akangari . 48 Nitumureka bose baramwemera kandi Abaroma bazaza basenye umugi wacu n'ubwoko bwacu . 51 Nyamara ntu byamuvuye mo kuberako yari umutabwi mukuru murugo mwaka yahanuye ko Yesu azanfira ubwo bwoko . 52 Ntabwo arubwo bwoko ahubwo nuguhuza mumubiri umwe abana b' Imana batatanye . 53 Guhera uwo munsi afata icemezo co kumwica . 54 Yesu ntiyobora kwigaragaza ku ba Yuda ahubwo agya mukirere kyo mubutayo mumuji w'itwa Efraimu agumaho nabigishwa be . 55 Pasika yaba Yuda yegereje abantu akangari bazamuka i Yerusalemu mbere ya Pasika bagenda kwiyeza . Bashaka Yesu barabazanya mu kanisa mutekereza Yesu mute ? Ntabwo azaza mu musi mukuru ? kandi abatabyi bakuru na Bafarisayo bari batanze itegeko nihagira umenya aho ari babimenyeshe bamufate .