Yohana 3

1 Ariko , Nikodemu , umwe mu Abafarisayo , umukuru wa Abayuda, aza nijoro aho Yesu ari, aramubwira ngo : 2 Mwalimu tuzi yuko uri umwalimu mukuru waturutse ku Imana kuko undi muntu ntabwo yashobora gukora ibitangaza ibyo weho ukoze , keretse Imana iri kumwe nawe . 3 Nukuri , ngubwiye ko nimba umuntu atavutse ubwa kabiri , ntabwo ashobora kubona ubwami bw'Imana . 4 Nikodemu aramubwira ngo : Umuntu ashobora kuvuka kandi ashaje ? Yasubira munda ya nyina akongera kuvuka ? 5 Yesu ara musubiza : nukuri niba umuntu atabyawe na mazi , n'umuka ndago ya kwinjira mubwami bw' Imana . 6 Icabyawe n' mubiri naco n'umubiri , icabyawe n'umuka naco n'umuka . 7 Ndutangare ko nakubwiye ngo : ningombwa yuko uvuka bwa kabiri . 8 Umuyaga uhuhira aho ushaka , kandi uruyombo rwayo ukunvikana , ariko ndumenye aho guturutse naho guri kuja . Ukoniko bimeze ku muntu wabwawe n'umuka . 9 Nikodemu ara mubwira ati ibyo byashoboka bite ? 10 Yesu ara muzubiza : Uri umwarimu mukuru wa Israeli , ariko ntaco uzi ! 11 Nukuri ndakubwira ko tugamba ico tuzi kandi duhamya ico twa bonye , namwe ndi mwakire ubuhamya bwacu . 12 Niba mutizeye kandi narababwiye ibintu byo ku isi , muzizera ni mbabwira ibyo mwijuru ? 13 nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwavuye , umwana wumuntu ari mwijuru nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwa vuye yo , umwana w'umuntu uri mwijuru . 14 Nkuko Musa yazamuye inzoka mubutayu , ningobwa umwana w'umuntu azamurwe , 15 kugira ngo umwizera wese ahabwe ubuzima budashira . 16 kuko Imana yakunze abatuye kwisi , yatanze umwana we umwe gusa , 17 kugira ngo umuntu wese , umwizera ye gupfa ahubwo ahabwe ubuzima buhoraho . 18 Cakora ntabwo Imana yatumye umwana wayo kwisi kugira ngo acire abantu urubanza ahubwo nukugira ngo akize abantu . 19 Umwizera ntacibwa ho urubanza , ariko utamwizeye yamaze gucirwa ho urubanza kuko atizeye izina rw'umwana w'Imana . 20 Uru rubanza, nuko umuco gwaje kwisi , abantu bahitamo umwijima kuruta umuco , kuko imirimo yabo yariri mibi . Kuko umuntu wese ukora ibibi yanga umuco , kandi ndabwo yegera umuco kugirango imirimo ye itamenyekana . 21 Ariko ukurikiza ukuri yegera umuco kugirango imirimo ye irebekane , kuko ya yobowe n'Imana . 23 Nyuma yaho , Yesu , hamwe na bigishwa be , aja mugihugu ci Yudaya abana yo nabo , yara batiza ga . 22 Na Yohana yabatirizaga ahitwa Enoni bugufiya Salimu , kuko hariho amazi menshi abantu bazaga kuhabatirizwa . 24 Kuko Yohana ndabwo yari yagafunzwe. 25 haboneka impaka hagati ya banafunzi ba Yohana no nu muyuda umwe kubwerekeye imihango yo kwihumanura . 26 kubonana na Yohana bara mubwira bati ; Rabi , wamuntu waruri hamwe nawe hirya ya yorodani , uwo watangiye ubuhamya , dore ari ku batiza kandi bose bari kuja aho ari . 27 Yohana arasubiza : Umuntu nta shobora kwakira ico adahawe kuva mwijuru . 28 Mwebwe , ubwanyu , muri abahamya banje kubyo navuze ngo : Ntabwo ndi Krisito ahubwo natumwe imbereye . 29 umukwe niwe nyiri mugeni ,naho incuti yu mukwe , naho uherekeje umukwe amuhagarara iruhande , akamunviriza maze akunva ijwi rye aka nezerwa . uko niko ibyishimo byanje bimeze . 30 We agomba gushirwa hejuru naho njewe nga cishwa bugufi . 31 uvuye hejuru aruta bose , uwo kwisi ni wisi , kandi avuga nguwo kwisi . Uvuye mwijuru aruta bose . 32 Arahamiriza ico ya bonye , nico yunvise kandi nta muntu wakira ubutumwa bwe . 33 Uwakiriye ubutumwa bwe , yemeje ko Imana ni ukuri . 34 Maze haboneka impaka hagati ya banafunzi ba Yohana no nu muyuda umwe kubwerekeye imihango yo kwihumanura . 35 baza kubonana na Yohana bara mubwira bati ; Rabi , wamuntu waruri hamwe nawe hirya ya yorodani , 36 uwo watangiye ubuhamya , dore ari ku batiza kandi bose bari kuja aho ari .