Yohana 3
1
Ariko , Nikodemu , umwe mu Abafarisayo , umukuru wa Abayuda, aza nijoro aho Yesu ari, aramubwira ngo :
2
Mwalimu tuzi yuko uri umwalimu mukuru waturutse ku Imana kuko undi muntu ntabwo yashobora gukora ibitangaza ibyo weho ukoze , keretse Imana iri kumwe nawe .
3
Nukuri , ngubwiye ko nimba umuntu atavutse ubwa kabiri , ntabwo ashobora kubona ubwami bw'Imana .
4
Nikodemu aramubwira ngo : Umuntu ashobora kuvuka kandi ashaje ? Yasubira munda ya nyina akongera kuvuka ?
5
Yesu ara musubiza : nukuri niba umuntu atabyawe na mazi , n'umuka ndago ya kwinjira mubwami bw' Imana .
6
Icabyawe n' mubiri naco n'umubiri , icabyawe n'umuka naco n'umuka .
7
Ndutangare ko nakubwiye ngo : ningombwa yuko uvuka bwa kabiri .
8
Umuyaga uhuhira aho ushaka , kandi uruyombo rwayo ukunvikana , ariko ndumenye aho guturutse naho guri kuja . Ukoniko bimeze ku muntu wabwawe n'umuka .
9
Nikodemu ara mubwira ati ibyo byashoboka bite ?
10
Yesu ara muzubiza : Uri umwarimu mukuru wa Israeli , ariko ntaco uzi !
11
Nukuri ndakubwira ko tugamba ico tuzi kandi duhamya ico twa bonye , namwe ndi mwakire ubuhamya bwacu .
12
Niba mutizeye kandi narababwiye ibintu byo ku isi , muzizera ni mbabwira ibyo mwijuru ?
13
nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwavuye , umwana wumuntu ari mwijuru nta muntu wagiye mwijuru , keretse uwa vuye yo , umwana w'umuntu uri mwijuru .
14
Nkuko Musa yazamuye inzoka mubutayu , ningobwa umwana w'umuntu azamurwe ,
15
kugira ngo umwizera wese ahabwe ubuzima budashira .
16
kuko Imana yakunze abatuye kwisi , yatanze umwana we umwe gusa ,
17
kugira ngo umuntu wese , umwizera ye gupfa ahubwo ahabwe ubuzima buhoraho .
18
Cakora ntabwo Imana yatumye umwana wayo kwisi kugira ngo acire abantu urubanza ahubwo nukugira ngo akize abantu .
19
Umwizera ntacibwa ho urubanza , ariko utamwizeye yamaze gucirwa ho urubanza kuko atizeye izina rw'umwana w'Imana .
20
Uru rubanza, nuko umuco gwaje kwisi , abantu bahitamo umwijima kuruta umuco , kuko imirimo yabo yariri mibi . Kuko umuntu wese ukora ibibi yanga umuco , kandi ndabwo yegera umuco kugirango imirimo ye itamenyekana .
21
Ariko ukurikiza ukuri yegera umuco kugirango imirimo ye irebekane , kuko ya yobowe n'Imana .
23
Nyuma yaho , Yesu , hamwe na bigishwa be , aja mugihugu ci Yudaya abana yo nabo , yara batiza ga .
22
Na Yohana yabatirizaga ahitwa Enoni bugufiya Salimu , kuko hariho amazi menshi abantu bazaga kuhabatirizwa .
24
Kuko Yohana ndabwo yari yagafunzwe.
25
haboneka impaka hagati ya banafunzi ba Yohana no nu muyuda umwe kubwerekeye imihango yo kwihumanura .
26
kubonana na Yohana bara mubwira bati ; Rabi , wamuntu waruri hamwe nawe hirya ya yorodani , uwo watangiye ubuhamya , dore ari ku batiza kandi bose bari kuja aho ari .
27
Yohana arasubiza : Umuntu nta shobora kwakira ico adahawe kuva mwijuru .
28
Mwebwe , ubwanyu , muri abahamya banje kubyo navuze ngo : Ntabwo ndi Krisito ahubwo natumwe imbereye .
29
umukwe niwe nyiri mugeni ,naho incuti yu mukwe , naho uherekeje umukwe amuhagarara iruhande , akamunviriza maze akunva ijwi rye aka nezerwa . uko niko ibyishimo byanje bimeze .
30
We agomba gushirwa hejuru naho njewe nga cishwa bugufi .
31
uvuye hejuru aruta bose , uwo kwisi ni wisi , kandi avuga nguwo kwisi . Uvuye mwijuru aruta bose .
32
Arahamiriza ico ya bonye , nico yunvise kandi nta muntu wakira ubutumwa bwe .
33
Uwakiriye ubutumwa bwe , yemeje ko Imana ni ukuri .
34
Maze haboneka impaka hagati ya banafunzi ba Yohana no nu muyuda umwe kubwerekeye imihango yo kwihumanura .
35
baza kubonana na Yohana bara mubwira bati ; Rabi , wamuntu waruri hamwe nawe hirya ya yorodani ,
36
uwo watangiye ubuhamya , dore ari ku batiza kandi bose bari kuja aho ari .