Yakobo 2

1 Benedata, ntimukizere umwami wacu Yesu Kristo, umwami w'icubahiro , murikuvangura, cangwa kubera , bamwe kurusha abandi. 2 Niba hari umuntu winjiye mu Kanisa yanyu yambaye impeta y'izahabu n'imyenda ya bei kali akinjirana n'umukene wambaye imyenda y'ubucocero kandi yanduye , 3 maze ukitaho cane kuri wawundi wambaye neza ukamubwira ngo; icara hano mu mwanya gunoneye, ariko ukabwira wa mukene ngo: " weho ukomeze guhagara hano cyangwa ngo icara ku birenge byanje" 4 ntimugacirane imanza hagati yanyu kandi ntimugahinduke abamanza mufite ibitekerezo bibi. 5 Ni mwumve bene data bakundwa , none si Imana ntiyarobanuye abakene b' iyi isi kugirango bazabe abakire mu kwizera no kuba abaragwa b' ubwami bwo yasezeranyije abamukunda? 6 Ariko mwebwe musuzuguraga abakene. Mbesi ntaho ari abakire babakandamizaga no kubarega mu bucamanza? 7 Mbesi ntaha ari abakire batukishaga izina ryiza mwahamagawe mo? 8 None rero niba mutubahirije itegeko rya ngombya nkuko Ibyanditswe birikugamba: " uzakunde mugenzi wawe nkuko wikundaga weho wenyine" aho uzaba ukoneze neza. 9 Ariko niba uri uwo kuvangura abantu azaba urigukoresha icah, uzahanwa n'itegeko kubera warikandagiranye. 10 Kandi umuntu wese wubahaga amategeko gose ariko akica mo rimwe, agomba guhanwa kubera aba yagishe gose. 11 Kuko Imana yaragambye ngo: " Ntugasambane, ntukice" . Niba udasambanaga ariko ukica, uba wishe itegeko ry' Imana 13 Nuko mugambe kandi mukore nka abari hafi yo gucirwa urubanza, n'amategeko gazanaga ubuhuru. 12 Kuko gucibwa urubanza bije bitagira imbabazi ku bantu batarazerekanye: Imbabazi zitsinda gucibw'urubanza. 14 Bene data, bimaziki niba umuntu agambye ko afite kwizera ariko ntagire ibikorwa? Uko kwizera gushobora kumukiza? 15 Niba mwene swo cangwa mushiki wawe akeney'umwenda n'ibiryo buri musi nuko 16 hakaba umuntu umwe muri mwe akamubwirira ngo: " Wigendere amahoro, uje kwiyotera no kurya neza" ariko ntamuhe ibintu akeneye byo gutunga umubiri we, ibyo biba bimaze iki? 17 Niko bimeze mubyo kwizera, niba kwizera kudafite imirimo kurapfuye. 19 Mbese umuntu ashobora kugamba kandi ngo: " Ufite kwizera ariko njewe mfite ibikorwa". 18 Nyereka ukwizera kwawe kudafite imirimo nzakwereka kwizera kwanje nkoresheje imirimo. Wizeye yuko Imana ari imwe, n'ukuri, ariko amadaimoni nayo arabyizera kandi agakukuza. 20 Ushaka kumenya, wa mupfapfa we, ko ukwizera nkuko kutagira imirimo kutagira umumaro? 21 Aburahamu, sogokuruza wacu, ntiyagizwe umunyakuri n'imirimo mu gihe yatanze umwana we Isaka ku igicaniro? 22 Urareba ko uko kwizera kwe kwerekanywe n'ibikorwa, kandi uko kwizera kwe kwageze kuco kwari kugamije. 23 Niyo mpamvu, ibyanditswe byarasohoye ngo: Aburahamu yizeye Imana nuko ibyo bimuviramo kwitwa umukiranutsi, 24 nuko Aburahamu yitwa inshuti y' Imana. Urabona ko, kubera ibikorwa umuntu yagizwe umunyakuri, bitari kubera kwizera gusa. 25 Muri ubwo buryo, Rahabu wari indaya, yagizwe umunyakuri kubera imirimo mu gihe yakiriye intumwa kandi akazitorokesha azinyuzije mu yindi nzira? 26 Kubera ko, nkuko umubiri gutagira umwuka guba gupfuye, ninako no kwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye.