Yakobo 1

3 Yakobo, umukozi w' Imana n' uwo Umwami wacu Yesu Kristo; mwakire intasho zanje mwebwe ubwoko cumi na bubiri bwatatanyijwe. 2 Mugire ibyishimo byuzuye bene data kubwo ibigeragezo bitandukanya muhuraga nabyo 1 muzi neza ko ikigeragezo co mu kwizera kigomba kubya kwihangana. 4 Mureke kwihangana kwanyu kuzuze ibikorwa muri mwe kugira ngo mukure, hekugira ikiganyabuka muri mwebwe. 5 Ariko niba hari umuntu muri ukeneye ubwenge , abusabe ku Mana ibutangaga ku ubuntu no kuri bose babumusabaga nta mugayo gubariho , kandi Imana izabubahareza nta kibazo. 6 Ariko abisabe afite kwizera, atari gushidikanya, kuko umuntu ushidikanyaga ameze nk' umuvumba go mu mazi kubera ko iyo umuyaga guhushe ajaga hirya no hino ntaho ahagarariye. 7 Umuntu bene nkuwo ntiyibwire ko hari igisubizo co yobona kivuye ku Mana. 8 N' umuntu ufite imitima ibiri, wo kujarajara mu nzira ze zose. 9 Uwibwiraga ko ari umukene, yishimire uko ameze. 10 Naho umukire yirate kubera azi kwichisha bugufi kubera ko azapfa nki iwuwa ryo mu murima. 11 Izuba rizaga rikarishe cane ririkumisha imyaka nyuma amawuwa gakagwa, n'ubwiza bwago bukashira, niko bimeze ku mukire, uko agendaga arigushira, niko abaga arigusiga ibye. 13 Hahirwa iwihanganiraga ibigeragezo kugira ngo namara gutsinda azahabwe ikamba ry' ubuzima ry' Imana yasezeranyije abamukundaga bose. 12 Umuntu nageragezwa atabeshera Imana ngo niyo yamugerageje. Imana ntabwo yageragezwa n' ikibi, nta nubwo yagerageza umuntu. 14 Umuntu agaragezwaga n'irari rye wenyine niryo rimwoshaga no kumuyobya. 15 Mumenye ko irari rihekaga inda y' icaha, icaha camara gukura kikabyara urupfu. 16 Bene data bakundwa, ntimwibeshe. 17 Impano yose ihebuje, impano yose iboneye iturukaga mw'ijuru ku Mana, muriyo ntagucucu cangwa guhinduka kw' ibihe. 18 Imana yahisemo kuduha ubuzima kubwo Ijambo ryayo ry'ukuri kugira ngo tube umuganura go ibyo yaremye. 19 Mumenye neza bavandimwe bakundwa: umuntu wese yihutire kumva ariko atinde gusubiza kandi yere kurakara vuba. 20 Kubera ko uburakari bw' umuntu ntabwo bushobora kuzuza ukuri kw' Imana. 21 Nuko rero, tugomba kwikuraho umwanda n'ibibi bidukikije, twakire kuchisha bugufi kuvuye ku Jambo ryatewe muri twebwe rigomba gukiza imitima yacu. 22 Mwubahe Ijambo, ntimugarukire kuryumva gusa, no kubeshwa n' ibitekerezo byanyu, 23 kuko niba umuntu yumvishije ijambo ntarishire mu bikorwa, abameze nk' umuntu wirebaga mu kiyo uko asana, 24 akitunganya neza mu kito ariko yamara kugenda akibagirwa uko yari asana mbere. 25 Umuntu wese wubahaga itegeko ryiza, azaba mu buhuru kandi azubahwa. Ntabe uwo kumviriza gusa, uyu muntu azahabwa imigisha kubera ko yarishize mu bikorwa. 26 Niba umuntu yibwiraga ko ari ko ari umunyamadini, ariko ntagenzure ururimi rwe, aba ari kubesha umutima gwe n' idini abari iryo kubesha. 27 Idini ry' ukuri ni ridafite umugayo ku Mana Data ni irifashaga imfubyi n'abapfakazi mu ngorane zabo kandi rikirinda abantu kutiyanduza n'ibya iy' isi.