Abigalatiya 4

1 Kandi rero mu gihe cose umuragwa akiri umwana, ndagamba ko adatandukanye n'umugaragu nubwo yaba ariwe nyiribintu byose . 2 Ariko abari munsi ya mategeko yabamurera naba muyobera kugera mugihe ca tegestwe na Se . 3 Natwe rero niko twarituri tukiri abana twari turi munsi ya mategeko gambere ga hoze mwisi . 4 Ariko igihe gikwiriye gisohoye Imana yohereje umwana wayo wavutse kumugore musi yamategeko . 5 kugira ngo ashungure abarimunsti ya metegeko maze duhabwe kuba abana b'Imana . 6 None kubera ko mur'abana, Imana yohereje mu mitima yacu , umwuka g'umwana wayo wa wundi urira ngo : Abba Data ! . 7 Nuko rero ntabwo ukiri umugaragu ahubwo ur'umwana , kandi niba ur' umwana uri n'umuragwa kubwo ubuntu bw'Imana . 8 Kera ubwo mwarimutarakamenya Imana, mwakoreraga ibigigwa mana bitari'Imana byukuri . 9 Ariko buno ubwo mwamaze kumenya Imana , cangwa ko mwamaze kumenywa n'Imana nigute kandi mwongera gusubira muribyo bintu byambere bitagira umumaro kandi bikenye mugashaka kongera gutegekwa nabyo ? 10 Mwubahiriza imisi , amezi , ibihe n'imyaka ! 11 Ndatinya kuba narabakoreye kubusa . 12 Mube nkanje nkuko nanje .Bavandimwe ndabinangirije . 13 Ntaho mwigeze mumpemukira . Muzi yuko byatewe nubumuga bw'umubiri byatumwe mbamenyesha mbere ubutumwa bwiza . 14 Nuko mwageragejwe n'umubiri gwanje ntaho mwigeze munsuzugira nagwa ngo munyinubwe , ahubwo mwanyakiriye nga malaika w'Imana , cangwa nga Yesu Kristo . 15 Ariko se none kwa kwishima kwanyu kurihe ? Nkuko ndabahamiriza yuko niba byashobokaga . Kiba mwarinogoyemo amaso mukagampa . 16 Ese naba narahinduste umwanzi wanyu kubera kubabwira ukuri ? . 17 Umwete bagufitiye ndaho arimwiza ,ariko bashak kugutandukanya natwe kugira aribo mugirira umwete . 18 Nibwiza kugira umwete mubintu bwiza kandi ibihe byose . Ataruko ndi hagati yanyu gusa . 19 Bana banje bato , nongera kunva mbabajwe namwe ubugyane gubo kubyara kugeza igihe Kristo aza baremerwamo . 20 Nifuzaka kuba hamwe namwe buno ngahindura invugo kuko nunva ndamerewe neza kubera mwe . 21 Mubwire ,mwebwe mushaka gutwarwa namategeko , ntaho murasobanukirwa iby'amatekego . 22 Kuko bwanditswe ko Aburahamu yagize abahungu babiri umwe w'umugore wumuja n'undi w'umugore w'isezerano . 23 Ariko uwo umuhungu w'umugore wumuja yavutse kumubiri naho uwavutse kumugore w'isezerano yavutse kuburyo bw'isezerano. 25 Ibibintu birimo umugani kubera ko aba bagore babiri barimo amazeserano abiri . Rimwe ryo kumusozi Sinai ribyara ubuja akaba ariryo Hagari . 24 Kuko Hagari hari umusozi wa Sinayi muri Arabiya kandi ihwanye na Yerusalemu ya none , iri muburetwa hamwe n'abana bayo . 26 Ariko yerusalemu yo mwijuri iri ubuhuru niyo Mama . 27 Kuko byandistwe ngo : Nezerwa wa ngumba we itabyara , tera ijwi hejuru wabire ,wowe utigeze kumva ibise byo kubyara kuko abana binyangwa bazaba benshi kuruta abana binkundwakazi 28 Kuri mwebwe abavandimwe ,kimwe nka Isaka mur'abana b'isezerano . 29 Nuko rero nguko murico gihe uwabyawe n'umubiri yatesaga uwabyawe n'umwuka niko bina meze nanone . 30 Ariko ibyanditswe bigamba ngwiki ? Wirukane umuja n'umwana we kuberako umuhungu w'umuja ataza ragwa hamwe n'umuhungu wumugore w'isezerano . 31 Niyo impanvu rero , bavandimwe tutari abana bumuja ahubwo turi abana bumugore w'isezerano .