Abigalatiya 4
1
Kandi rero mu gihe cose umuragwa akiri umwana, ndagamba ko adatandukanye n'umugaragu nubwo yaba ariwe nyiribintu byose .
2
Ariko abari munsi ya mategeko yabamurera naba muyobera kugera mugihe ca tegestwe na Se .
3
Natwe rero niko twarituri tukiri abana twari turi munsi ya mategeko gambere ga hoze mwisi .
4
Ariko igihe gikwiriye gisohoye Imana yohereje umwana wayo wavutse kumugore musi yamategeko .
5
kugira ngo ashungure abarimunsti ya metegeko maze duhabwe kuba abana b'Imana .
6
None kubera ko mur'abana, Imana yohereje mu mitima yacu , umwuka g'umwana wayo wa wundi urira ngo : Abba Data ! .
7
Nuko rero ntabwo ukiri umugaragu ahubwo ur'umwana , kandi niba ur' umwana uri n'umuragwa kubwo ubuntu bw'Imana .
8
Kera ubwo mwarimutarakamenya Imana, mwakoreraga ibigigwa mana bitari'Imana byukuri .
9
Ariko buno ubwo mwamaze kumenya Imana , cangwa ko mwamaze kumenywa n'Imana nigute kandi mwongera gusubira muribyo bintu byambere bitagira umumaro kandi bikenye mugashaka kongera gutegekwa nabyo ?
10
Mwubahiriza imisi , amezi , ibihe n'imyaka !
11
Ndatinya kuba narabakoreye kubusa .
12
Mube nkanje nkuko nanje .Bavandimwe ndabinangirije .
13
Ntaho mwigeze mumpemukira . Muzi yuko byatewe nubumuga bw'umubiri byatumwe mbamenyesha mbere ubutumwa bwiza .
14
Nuko mwageragejwe n'umubiri gwanje ntaho mwigeze munsuzugira nagwa ngo munyinubwe , ahubwo mwanyakiriye nga malaika w'Imana , cangwa nga Yesu Kristo .
15
Ariko se none kwa kwishima kwanyu kurihe ? Nkuko ndabahamiriza yuko niba byashobokaga . Kiba mwarinogoyemo amaso mukagampa .
16
Ese naba narahinduste umwanzi wanyu kubera kubabwira ukuri ? .
17
Umwete bagufitiye ndaho arimwiza ,ariko bashak kugutandukanya natwe kugira aribo mugirira umwete .
18
Nibwiza kugira umwete mubintu bwiza kandi ibihe byose . Ataruko ndi hagati yanyu gusa .
19
Bana banje bato , nongera kunva mbabajwe namwe ubugyane gubo kubyara kugeza igihe Kristo aza baremerwamo .
20
Nifuzaka kuba hamwe namwe buno ngahindura invugo kuko nunva ndamerewe neza kubera mwe .
21
Mubwire ,mwebwe mushaka gutwarwa namategeko , ntaho murasobanukirwa iby'amatekego .
22
Kuko bwanditswe ko Aburahamu yagize abahungu babiri umwe w'umugore wumuja n'undi w'umugore w'isezerano .
23
Ariko uwo umuhungu w'umugore wumuja yavutse kumubiri naho uwavutse kumugore w'isezerano yavutse kuburyo bw'isezerano.
25
Ibibintu birimo umugani kubera ko aba bagore babiri barimo amazeserano abiri . Rimwe ryo kumusozi Sinai ribyara ubuja akaba ariryo Hagari .
24
Kuko Hagari hari umusozi wa Sinayi muri Arabiya kandi ihwanye na Yerusalemu ya none , iri muburetwa hamwe n'abana bayo .
26
Ariko yerusalemu yo mwijuri iri ubuhuru niyo Mama .
27
Kuko byandistwe ngo : Nezerwa wa ngumba we itabyara , tera ijwi hejuru wabire ,wowe utigeze kumva ibise byo kubyara kuko abana binyangwa bazaba benshi kuruta abana binkundwakazi
28
Kuri mwebwe abavandimwe ,kimwe nka Isaka mur'abana b'isezerano .
29
Nuko rero nguko murico gihe uwabyawe n'umubiri yatesaga uwabyawe n'umwuka niko bina meze nanone .
30
Ariko ibyanditswe bigamba ngwiki ? Wirukane umuja n'umwana we kuberako umuhungu w'umuja ataza ragwa hamwe n'umuhungu wumugore w'isezerano .
31
Niyo impanvu rero , bavandimwe tutari abana bumuja ahubwo turi abana bumugore w'isezerano .