Abigalatiya 5

2 Kristo yadukuriye mubugaragu kugira ngo tube mu ubuhuru. Nuko muhagarare mushikamye kandi ndimwongere kwemera kuba mungoyi yubugaragu . 1 Dore , njewe Paulo ,ndababwira yuko niba mukatswe , Kristo ntaco azabamarira . 4 Kandi nongeye kubihamiriza ko umuntu wese utakatswe ko agomba kubahiriza amategeko gose . 3 Mwe mwese abashakira gukiranuka m' ukuzuza amategeko mwitadukanyije na Kristo ,kandi mwaraguye mureka ubuntu bw'Imana . 5 Naho kuri twewe kubwo umwuka dutegereje ibyiringiro byo gukiranuka tubisheshejwe no kwizera . 6 Kuko muri Yesu Kristo , ari gukatwa cangwa kudakatwa ntamumaro bifite , uretse gusa ukwizera no gukora imirimo mu urukundo . 7 Mwirukaga neza mbere none si ni nde wababujije kubaha ukuri ? 8 uko gushukwa shukwa ntaho kwaturutse k' uwabahamagaye . 9 Agasemburo gakeya gasemburaga ingunguru yose . 10 Mfit ibyiringiro muri mwewe , ko mu Mwami , mutazatekereza ibitandukanye na bino . Ariko umuntu wose uzababuza amahoro , uko azaba ari kose azikorera ingaruka zabyo wenyine . 11 Naho kuri njewe , Bavandimwe niba ncigisha ibyo gukatwa , kuki ndikongera gutetswa ? Igisitaza c'umusaraba kiba kihavuye . 12 Iyaba abo babatesaga bakurwaho. 13 Bavandimwe , mwahamagariwe ubuhuru ariko ubwo buhuru mutabugira urwitwazo rwo kubaho murigukurikiza iby' umubiri , ahubwo muhindurane mukorerana bamwe kubandi mu rukundo . 14 Kuko amategeko gose gasohoreye mu ijambo rimwe , ari ryo rino : uzakunde mugenzi wawe nkuko wikunda . 15 Ariko rero nimurumana muri gushaka kumirana bunguri mwirinde mutamarana. 18 Ndagambye kandi ngo : mugende murikuyoborwa n'umwuka , nibwo mutaza nezeza irari ry' imibiri yanyu . 17 Kuko umubiri gufite ibyo gurarikiraga bitandukanye nibyo umwuka gurarikiraga , kandi n'umwuka gufite ibyo gurarikiraga bitandukanye n' ibyo umubiri , bigendaga bitandukanye , kugira ngo mudakomeza gukora ibyo mwishakiye . 16 Niba muyoborwaga n'umwuka ntaho mutegekwaga n'amategeko . 19 Nyamara imirimo y'umubiri iragaragaraga kandi nayo ni yino : Ubusambanyi , umwanda, kwichamo ibiche, 20 kuramya ibigirwamana , amaji , kwangana , gutongana , ishari , umujinya , amahane , kwitandukanya , guhimba ubudini dini , 21 kwifuza , ugusinda , kurya ivutu, n'ibindi bisa guco . Mbabwiye mbere nkuko nari narabigambyei ko abantu bose bakoraga ibintu nkibi batazahabwa umunane m'ubwami bw'Imana . 22 Ariko amatund g'umwuka ni : urukundo ,ibyishimo , amahoro , kwihangana , kugwaneza , mico mwiza ,no kwizera , guca bugufi no kwifata ari ko kwirinda . 23 Amategeko ntaho gangaga ibyo bintu . 24 Abari muri Kristo babambye umubiri n'impagarare z'umubiri (iruba), n'irari ryago . 25 Niba tubagaho m'umwuka , tugendere na none m' umwuka . 26 Tutashaka gushimwa bidafite umumaro, turikwenderezanya, turikwifuzanya umwe k' uwundi.