Abigalatiya 3

3 Yemwe Abagalatia mwe mutagira ubwenge, ninde wabajambije imitima? Mbesi si ni mu maso gande Yesu Kristo yarekenywe nk'uwabambwe? 2 Dore gusa ico nshaka kumenya kuri mwewe: mbesi mwahawe umwuka kubera imirimo y'amategeko, cangwa n'ukubera kubwirwa ibyo kwizera? 1 Mbesi mwabuze ubwenge kugeziyo? Mwamaze gutangira mu Umwuka, mushaka buno kurangiriza mu mubiri? 5 Amateso gose mwanyuzemo ntaco gabamariye, niba koko ntaco gamaze. 4 None si Ubahaga umwuka kandi agakora ibitangaza muri mwewe, mbesi yoba abikoraga kubera imirimo y'amategeko cangwa si kubera kubwiriza ibyo kwizera? 6 Nkuko Aburahamu yizeye Imana bigatuma yitwa umunyakuri, niko , 7 mumenye abafite kwizera aribo bitwa abana ba Aburahamu. 8 Kandi ibyanditswe, nkuko biteganijwe ko Imana izahindura abanyamahana kuba abanyakuri kubera kwizera, yabibwiye Aburahamu ugo guboneye gutaragera igihe,: " 9 Amoko gose gazakuboneramo imigisha". Kubwo buryo abizeye bose barahawe umugisha hamwe na Aburahamu w' umwizera. 10 Ko abantu bahagaririye ku imirimo y'amategeko bari musi y'umuvumo kuko byanditswe ngo: " Havumwe umuntu wose utubahaga ibyanditswe byose mu gitabo c'amategeko kandi ntabishire mu ibikorwa. 11 Kandi ntahakagire umuntu ugirwa umunyakuri imbere y' Imana kubera amategeko, ibyo n'ukuri nkuko byanditwe ngo: " Umunyakuri azabeshwaho azabeshwaho no kwizera." 12 Nyamara kwizera ntaho kuvaga ku amategeko ariko garikugamba ngo: " Umuntu wese uzashira ibi bintu mu bikorwa, azabeshwaho nabyo." 13 Kristo yaraducunguye kuva mu muvumo gw'amategeko amaze kuba ikivume kubera twewe nkuko byanditswe ngo: " Avumwe umuntu wese umanikwa ku giti" 14 Kugira ngo imigisha ya Aburahamu isohorere abapagani muri Yesu Kristo kandi kugira ngo tubone kubwo kwizera umwukw gwo yadusezeranije. 15 Bavandimwe(ndikugamba nkumuntu), isezerano ryuzuye naho ryaba ryarakozwe n'umuntu, ntaho ryabomorwa n'umuntu, kandi nta muntu wogira ico ya ryongeraho. 16 Nyamara amasezerano gakorewe Aburahamu n'urubyaro rwe. Ntaho bigambye ngo: Imbyaro nkaho ari benci, ariko kuberako byerekeye umwe gusa n'urubyaro rwawe, nukugamba kuri Kristo. 17 Dore ibyo numva isezerano ry'Imana yemeje kera ntaho rishobora kuvanwaho, naho isezerano ribaye imfabusa kubwa amategeko gashizweho imyaka magana ane na mirongo itatu nyuma yaho. 18 Kuko niba umurage uturukaga mu mategeko, ntaho gwarikuva mu masezerano, kandi ni kubera amasezerano Imana yahaye Aburahamu iyo mpano y'ubuntu. 19 Kubera iki amategeko yatanzwe? Amategeko yatanzwe kubera ibyaha, kugezaho urubyaro ruziye uw'iserano ryahawe; ryahamijwe n'abamaraika binyuriye kumuhuza. 20 Nyamara umuhuza ntaho uri uwumuntu umwe gusa, naho Imana yo n'Imwe. 22 Mbese amategeko arwana n'amasezerana y'Imana? Ntibikabeho. Iyo haba haratanzwe itegeko rizana ubuzima, gukiranuka kuba kwarazanywe n'amategeko. 21 Ariko ibyanditswe byakingiranye byose mu byaha, kugira ngo icari casezeranijwe gitangwe kubwo kwizera muri Yesu Kristo ku bizera bose. 23 Mbere yuko kwizera kuza, twari twarakingiranyijwe no kurindwa n'amategeko kubera ukwizera kwarikugiye guhishurwa. 24 Nuko rero uko niko amategeko yatubereye umwarimu uwo kutuyobora kuri kristo, kugira ngo dukiranuke kubwo kwizera. 25 Ubwo ukwizera kwaje, ntaho tukiyoborwa nuwo mwarimu. 26 Kuko mwese muri abana b'Imana kubwo kwizera Yesu Kristo; 27 Mwewe mwese mwabatijwe muri Kristo, mwambaye Kristo. 28 Nti hakiriho umuyuda cangwa umugiriki, ntihakiriho umugaragu cangwa uw'ubuhuru, ntihakiriho umugabo cangwa umugore; kuko mwese mur'umwe muri Kristo. 29 Kandi niba muri aba Kristo, muri urubyaro rw'Aburahamu, abaragwa kubwo isezerano.