Abigalatiya 2

1 Hanyuma y'imyaka cumi n'ine, nongere gutaramira i Yerusalemu ndi hamwe na Barnaba. Mfata na Tito ngo tujane. Kandi nagiyeyo kubera narabihishuriwe. 2 Nuko mbereka ubutumwa bwo ndiguhubiri mu bapagani. Nabuhubirani mu buryo mu mwihariko ku bantu b'abanyacubahiro kugira ngo ntaba ndikwiruka cangwa nirukungangiye ubusa. 3 Ariko Tito wari ari hamwe nanje kandi ari umugiriki ntaho muhatiye gukatwa. 4 Kandi ibyo byatewe n'abavandimwe badakwiriye biyinjije baduseseyemo kugira ngo bahengereze ubuhuru dufite muri Yesu Kristo, bafite umupango go kutugumisha mu ubugaragu. 5 Ntaho twapimye no kubaha akanya ko kubategera amatwi ngo badutegeke nkuko bashaka kugira ngo ukuri k' ubutumwa guhore muri twewe. 8 Abo bashimwaga kandi bagahabwa icubahiro nkuko bari bameze kuva mbere, ibyo ntaco bimbwiye, kuko Imana itabera, abao banyacubahiro ntaco bashoboraga kuntengeka. 6 Ahubwo maze kubona ko ubutumwa nabuherewe abatari bakatwa, nkuko Petero yabuherewe abakaswe. 7 Kuko uwagize Petero intumwa y'abakaswe na niwe wangize abapagani. 9 Bamaze kumwera ko nagiriwe ubuntu, Yakobo, Kefa na Yohana, barebwa ngaho arizo nkingi, baradushigikira, njewe na Barnaba kugira ngo tugendere abapagani nuko nyuma nabo basange abakaswe. 10 Badusabye ikintu co kwibuka abakene gusa kandi nanje nacitayeho. 12 Ariko igihe Kefa yaje muri Antioka, nahanganye nawe kuko yari afite amakemwa. 11 Nuko mbere yuko abantu bakeya bari batumwe na Yakobo baza, yasangiraga n' abapagani, ariko bamaze gusora, arabiteba kubera gutinya abakaswe. 13 Kandi abandi Bayuda babanaga nawe mwaramwigana, kugeza aho Barnabasi nawe yatwawe n'ubwo buryraya bwabo. 14 Maze kubona ko batari kugendera m' ukuri k'ubutumwa, mbwira Kefa imbere y'abantu bose: ' Niba weho w'umuyuda abagaho ukurikije imigendere y'abapagani itari iya Abayuda, kubera iki uriguhatira abapagani kubaho bakurikije imigendere y'Abayuda? 16 Twewe turi Abayuda kuva twavuye, ariko ntaho turi abanyabyaha bo mu bapagani. 15 Ariko, kubera ko tuzi ko atari kubera imirimo y'amategeko bitumaga umuntu agirwa umunyakuri, ariko ko ari ukubera ukwizera yesu Kristo, natwe rero twizeye yesu Kristo kugira ngo tugirwe abanyakuri kubera kwizera Kristo, atari ukubera imirimo y'amategeko, Kuko nta muntu n'umwe uzagirwa umunyakuri kubera imirimo y'amategeko. 19 Ariko ni dushaka kugirwa abanyakuri na Kristo, kandi niba dubonekaga twenyine nka abanyabyaha, mbese Kristo yoba ariwe ukoraga ibyaha? Ntibikabe. 18 Kuko niba nongeye kubaka ibyo nabomoye, mba njenyine nishe amategeko. 17 Kuko amategeko gatumye mpfa kubwo amategeko kugira ngo mbeho kubw' Imana. 20 Nabambanywe na Kristo kandi niba ndiho, ntaho ari njewe uriho, ni Kristo uriho muri njewe; niba ndiho buno mu mubiri, ndiho mu kwizera Umwana w' Imana, wankunze kandi akaba yaritanze kubwanje. 21 Ntaho nanze ubuntu bw' Imana; kuko niba ukuri kubonekaga kubera amategeko, Kristo yaba yarapfiriye ubusa.