Abigalatiya 1

1 Paulo, intumwa , bidaturutse ku bantu cangwa umuntu ariko wahamagawe na Yesu Kristo n' Imana Data wamuzuye kuva mu bapfuye. 2 Hamwe n'abavandimwe bo turi hamwe, no ku makanisa gose go muri Galatia. 3 Ubuntu n'amahoro bivuye ku Mana Data no ku Mwami wacu Yesu Kristo, 4 witanze wenyine kubera ibyaha byacu ngo adukure muri bino bihe bibi byo turimo, ukurikije ubashake by' Imana yacu ariwe Data. 5 Icyubahiro kibe icayo ibihe byose. Amina. 6 Numijwe no kubona mwarihutiye gutera umugongo uwabahamagaje ubuntu bwa Kristo mukimukira mu bundi butumwa. 7 Ntaho uruko hari ubundi butumwa, ariko hariho abantu barikubatesha umutwe kandi bagashaka kuzambya ubutumwa bwa Kristo. 8 Ariko naho yaba twewe, naho yaba Malayika wo mu ijuru uzabatangariza ubundi butumwa butari ubwo twabigishije, avumwe. 9 Nkuko twabigambye mbere, kandi mbisubiyemo yino saha:''niba hariho umuntu ubatangarije ubundi butumwa butari ubwo mwakiriye avumwe. 10 None si buno ndigushaka ngo nshimwe n'abantu cangwa si n' Imana? None si ndigushaka gushimisha abantu? Ninshimisha abantu, ntaho ndaba ndi umukozi wa Kristo. 12 Ndabamenyeshe bavandimwe yuko ubutumwa bwo nabamenyesheje atari ubwo umuntu, 11 Kuko ntaho nabuhawe cangwa ngo mbwigishwe n' umuntu, ahubwo nabuhishuriwe na Yesu Kristo. 13 Mwari muzi imigendere yanje nkiri mu dini ry'Abayuda kuko natesaga birenze urugero no kurimbura i Kanisa ry' Imana. 14 Nkuko njewe narashuga benshi tuganya imyaka bo mu bwoko bwanje kubahiriza no gukurikiza imigenzo y' i dini rya Abayuda. nagira umwete gukabije go gukirikiza imigenzo ya basogokuruza. 15 Ariko mu gihe byashishije uwandondoye nkiri mu nda ya mama kandi akampamagara kubwo ubuntu bwe, 16 akampishurira Umwana we kugira ngo mumeyekanishe mu bapagani, muri ako kanya ntaho nagishije inama umubiri cangwa amaraso 17 kandi ntaho ntaramye i Yerusalemu ku ababye ababaye intumwa mbere yanje, ahubwo nagiye muri Arabia. Nyuma ngaruka i Damasiko. 18 Imyaka itatu irangiye, ndatarama nja i Yerusalemu ngiye gusura Kefa, maze mara iwe imisi cumi n'itanu. 19 Ariko ntaho nigeze mbona n'imwe mu ntumwa kiretse Yakobo mwene nyina wa Yesu. 20 Mubyo mbandikiye, ntaco ndikubesha imbere z' Imana. 21 Nyuma yaho nagiye mu ibirere by' I Siriya n'Ikilikiya, 22 kandi ntaho abakristo bo mu makanisa gi Yudea ntaho bari banzi ku sura, 23 bari barumvishije barakugamba ngo: " Wa wundi wadutesaga kera arikwigwisha ukwizera ko yagirirraga umwete go kurwanya. 24 Kandi bahimbazaga Imana kubera njewe.