1 Abikorinto 8

1 Ku byerekeye inyama baterekereje ibazimu, tuzi ko twese dufite ubwenge. Ubumenyi bubyaraga ubwirasi ariko urukundo rurubakaga. 2 Niba umuntu yibwiraga ko hariho ico azi, ntaho abaga yariyamenya uko agomba kumenya. 3 Ariko niba umuntu akunze Imana, uwo azwi n'Imana. 4 Rero kubyerekeye inyama ziterekerewe abazimu, tuzi ko abazimu batariho mwa yino si, kandi ko hariho Imana imwe gusa. 5 Kuko niba hariho ibiremwa byitwaga imana, haba mu ijuru cangwa ku isi, nkuko hariho mu byukuri imana kangari n'abami kangari. 6 Ariko, kuri twewe, hariho Imana imwe, Data, uw'ibintu byose bikomotseho kandi tukaba turi abe, n'Umwami umwe, Yesu Kristo muri we ibintu byose n'ibye natwe turiho kubera we. 7 Ariko ntaho ari ibiryo bitwegezaga ku Mana, turiye ntaco twiyongereyeho, niba tutariye ntaco tupunguje ho. 8 Mwirinde ahubwo, kugira ngo ubwisanzure bwanyu butazabera ibuye ryo gusitaza abadafite ingufu. 9 Kuko niba hari umuntu urikukureba, weho ufite ubumenyi, wicaye imbere y'ameza mu nzu y'ibizimu, umutima g'ubumenyi gw'uwo muntu udafite ingufu, ntaho guzamutuma kurya izo nyama zatongerewe? 10 Kandi uwo munya ngufu nkeya azarimburwa n'ubwo bumenyi bwawe, umuvandimwe, wo Kristo yapfiriye. 11 Icaha nkico imbere y'umuvandimwe, kandi kuba ubabaje ubwenge bwe, ukoreye icaha Kristo. 12 Nico gituma, niba akaryo kagushije umuvandimwe, ntaho nzarya inyama na rimwe, kugira ngo ntagusha umuvandimwe wanje. 13 Niko bimeze, Umwami yategetse ko abatangazaga ubutumwa babeho kubera ubutumwa.