Isura 14

1 Narebye maze mbona Umwana gw'intama k'umusozi Siyoni muri Yerusalemu, hamwe nabo bantu igihumbi ijana na mirongo ine na bane bafite izina rye nirya Se yandistwe m'uruhanga rwabo. 2 Maze numva ijwi riturutse mu juru , rimerire nk'uruyombo rw'amazi kangari , nk'uruyombo rw'umuhindo gw'inkuba kandi ijwi numvishije ryari rimerire nk'iry'abacuranzi b'inanga bari barigucuranga inanga zabo . 3 Kandi bari barikuririmba indirimbo nshasha hambere y'intebe y'ubwami no hambere y'ibizima bine n'abakambwe . Nta muntu n'umwe washobweye kwiga iyo ndirimbo , usibye ba bandi ibihumbi ijana na mirongo ine na bane , bari bararokewe kuva ku si . 4 Abo n'abatarigeze kw'izambya mu bagore , kuko bari batarasambanye , bakurikiye Umwana w'Intama aho agiye hose . Bacunguwe hagati y'abagabo bameze nk'umuganura gw'Imana n'ugw'Umwana w'Intama 5 kandi mu kannwa kabo nta musi na gumwe havuyemo ububeshi , kuko batari bariho umugayo ugwarigo gose. 6 Nabwenye uwundi malaika wagurukaga hagati y'ijuru , afite umwaze g' Uwiteka, kugira ngo agugeze ku abatuye mu si, kuri buri mahanga gose , ku moko gose , buri indimi zose , no ku abaturage bose . 7 Yagambye n'ijwi rireyi ngo : Mutinye Imana kandi muyihereze ikuzo , kuko isaha ye yo guca urubanza isohweye ,kandi musingize Uwaremye ijuru , n'isi n'ingezi n'amasoko g'amazi . 9 Nuko uwundi Malaika wa gatatu arabakurikira, arikugambisha ijwi rireyi ngo:" niba hari umuntu ukasenge igisimba n'isura yaco , kandi akakira ikimenyetso mu mpanga cangwa ku kiganza ce . 10 Akagnwe , nawe ku zonga y'uburakari bw'Imana, yasutswe itavanze mu kopo n'umujinya , kandi akatabwe m'umuriro gw'amazuku , hambere y'abamalaika batunganye n'imbere y'Umwana w'Intama . 11 Nuko umwotsi gw'amateso gutarama imyaka amagana n'amagana , kandi nta kirihuko kikagire umutaga na n'ijoro kiarikuramya ico gisimba n'ikigirwamana caco, n'umuntu wose ukakire ikimenyetso c'izina ryaco . 12 Aha niho kwihangana kw' intungane kuri, abarindaga amategeko y'Imana no kwizera Yesu . 14 Narebye , mbona igicu c'umweru , hejuru y'igicu hari hikeye umuntu usana n'Umwana w'umuntu. Yari afite ku mutwe gwe ipete ry'izahabu , no mu ntoke ze yari afite agakerezo gakarishe . 15 Nuko uwundi malaika arasohoka mu kanisa , agamba n'ijwi rireyi , arikubwira wa wundi wikeye hejuru y'igicu ngo : " Terera agakerezo, usarure kuko isaha yo gusarura igerire , kubera ko ibisarurwa by'isi byerire . 16 Nuko uwari wikeye hejuru y'igicu ajugunya agakerezo ku si nuko isi irasarurwa . 17 Undi malaika asohoka mu kanisa riri mu juru , afite nawe agakerezo gakarishe. Nuko uwundi Malaika , wategekaga umuriro , 18 Uwundi asohoka mu gitwikiro abwira wa wundi wari afite agakerezo gakarishe ngo: Agakerezo gasarure imizabibu m'umurima gw'isi ! Nuko kusanya imizabibu(ibitoki)hamwe kubera ko (ibitoke ) imizabibu zayo zerire. 19 Nuko Malaika atunganya agakerezo ku si , nuko asarura ibitoki by'isi , ajugunya ibyo yasaruye mu muzinga munini g'umujinya gw'Imana . 20 Nuko ugwo muzinga gukandagirirwa hanze y'umuji n'uko amaraso gava mur'ugo muzinga , kugeza k'ubyuma byamafarashi , k'ubuso bungana na stadio igihumbi n'amagana atandatu .