Isura 1

1 Nyowe Paulo, intumwa ya Yesu Kristo k' ubushaka by'Imana, n' umuvukanyi Timoteyo. 2 Ku ntungane n'abavukanyi bizeye Kristo Yesu bari i Kolosayi. Muhabwe n' Imana Data wacu twese ubuntu n'ituze. 3 Turigushima Imana Se w'Umwami wacu Yesu Kristo kandi ndo turuhaga kubasabira. 4 Turigushima Imana kubera twumvishije uko mwashije ibyiringiro byanyu muri Kristo Yesu kandi ko mukundaga abo Imana yicaguriye. 5 Mukundaga abizeye hamwe na twewe kubera ko murindiriye cane ibyo Imana yababikiye mu juru. Ibyo mwabyumvishije igihe mwabwiwe umwaze gwa kweli, arigo Umwaze guboneye gwerekeye Kristo. 6 Abizeye barigutangaza Umwaze go mwayumvishije muri i Kolosayi arigo Umwaze ku bantu bose. Ugo Mwaze gwabakoreyemo umusi gwo hambere mwamenye ko Imana iboneye. Ugo Mwaze gumerire ng' umurima gwatewemo imbuto zikuraga kandi zikatange umusaruro munini. 7 Kuko amigisho mwahewe na Epafura, umukozi mwira wacu dukundaga, ni Umwaze Guboneye. Yakoreye Kristo n' umutima gumwe mu cimbo cacu. 8 Yatubwiye ko mukundaga abantu bose b' Imana kubera ko Umwuka gw' Imana gwabaheye ingufu zo gukunda Imana n' abandi bantu. 9 Nizo mpamvu na twe, guturuka umusi twabimenye, ndo tuburaga kubasabira ku Mana, turigusaba ko mwomenya neza ubushake byayo, no kubaha ubwenge byose n' ubumenyi bwo m' Umwuka. 10 Turikubasabira ngo mubereho k' uburyo mutunganiye Umwami wacu kandi murikumushimisha muri byose, mutungenye, mwujwiye amatunda mu mirimo zose ziboneye, kandi mukurire m' ukumenya Imana. 11 Turigusaba ngo Imana ibahe ingufu zose kugira ngo mushobwere kwihanganira buri kibazo. /12 Turigusaba ngo mubereho murikwishima no gushimira Imana Data wacu twese, kuko yabise abakwiriye kubera hamwe n' abandi bo yicaguriye. Yabigize guco kugira ngo ibahere hamwe ibiboneye yababikiye m' umwangaza. 13 Imana yadukuye mu bibi byabaga birikudutegeka, buno yamushobweje, Umwana we, Uwo Akundaga, kubera hejuru yacu. 14 Yanyuriye mu Mwana we ngo aduhe ubuhuru bwo kureka icaha, niko kugamba ko yatubabariye ibyaha. 15 Uwo Mwana, niwe shusho y' Imana yo tudashobweye kurebaho, niwo wo hambere y'ibiremwa byose. 16 Kuko muri we nimo haberaga ibintu byose byo mu juru no mu si byaremewe, ibirebekanaga n'ibitarebekanaga, icumbi c' Ubwami, n'ubwami byose, n'ubutware byose n'ubushobozi byose byaremwe nawe kandi yabyiremeye. 17 Yabeye intagiro ya byose kandi ibintu byose byabeyeho kubwe. 18 Niwe mutwe g' umubiri ariryo kanisa, n'itangiro, uwazewe hambere mu bapfiye, kugira ngo abe uwo hambere muri byose. 19 Kuko Imana yakunze kwicaza ukuzura kose muri we. 20 Yakunze kwiyunganishe n'ibintu byose; ibiri mu si n'ibiri mu juru yamuzanishije amahoro, kubwo umusaraba gwe. 21 Naho mwewe, Imana yababonagamo abwanzi kera, kandi ndo mwa aga mumwiji kubera imirimo yanyu n' ibitekerezo bibi. 22 Ariko buno yabagize umwe na we m' umubiri no mu nyama ye anyuriye mu gupfa kwa Yesu, kugira ngo abizanire mutungenye, mutaremaye cangwa murikunuka kubera umucafu. 23 Mubeye mugumye kwizera, kandi mwubakirwe ku misingi, muhageze neza mubyo twizeye. Mwere guhindukira ngo mureke ibyiringiro by'umwaze go mwayunvishije, go ibiremwa byose byo mu si y' ijuru bayigishijwe,ni go nyowe Paulo nabereye umukozi . 24 Buno, ndikwishimira amateso ndikunyuramo kubera mwewe, kandi ku byaburire ku mateso ga Kristo, ndikubyuzuriza m' umubiri gwa nyowe, ariryo kanisa. 25 Iryo kanisa naribereye umukozi, nkurikije akazi Imana yampeye kubera mwewe, kugira ngo nigishe igambo ry' Imana ryujwiye, 26 Ndikufunurira isiri yahishwe mu bihe byose. Ariko ririkwiyerekana neza ku ntungane ze. 27 Imana yashatse kubamenyesha ubukire bw'ububonere bwa yino siri hagati y' abapagani. Iyo siri ni kumenya Kristo muri mwewe aribyo byiringiro by'ububonere burikwija. 28 Uwo Kristo niwe turikubatangariza, turikuburira umuntu wose, turikwigisha umuntu wose ubwenge byose, kugira ngo tukereke Imana umuntu wose wujwiye muri Kristo. 29 Ico nico gitumye nkoraga no kurwanisha ingufu Kristo yampeye.