Isura 12

1 Hanyuma yaho rehobowamu amaze gushinyikira ubwami bwe areka amategeko y'Uwiteka hamwe na Bisiraeli bose. 2 Nuko mu mwaka wagatatu, kungoma yareho bowamu shishaki umwami wa Eggiputa atera Iyerusalemu kuko ba cumuye ku Witeka Imana. 3 Yari afite imodoka magana biri, nabagenderana, ku mafarashi inzo ku miryango itatu na bantu beshi cane bavanye nawe muri Egiputa, abalubimu, n'Abasukimu n'Abo muri Etiyopiya. 4 Nuko Atsinda imidugudu yaba yuda yari izugurutswe ni nkike nuko kandi yongera atera Iyerusalemu. 5 Nuko umuhanuzi shenaya asanyo reha bowamu n'abatware b'Abayuda, bari bateraniye Iyerusalemu ba hunze shishaka araba bwira ngo guconiko Imana izabye mwarantaye nicyo gitumyemba hana mu maboko ya yashishaki. 6 Maze abatware ba Israeli n'umwami bi cisha bugufi baragamba ngo: Uwiteka arakiranuka koko: 8 Ariko ahubwo bazaba abakozi be kugira ngo bamenye umuhake bwanye nu buhake bwabami b'Ibindi bihugu. 9 Nuko shishaki umwami wa Egiputa atera Iyerusalemu; anyaga ubutunzi byo munzu y'Uwiteka n'ubwo munzu y'umwami arabjyana byose ajya na n'ingabo ziza habu Salomono ya curishije. 10 Nuko umwami reho bowamu aherako acurisha ingabozi miringa ngo zisubure mu nyara nga yazo azibitswa abatware baba rinzi barundaga urungi rw'Inzu y'Umwami. 11 Kandi mugihe umwami yajaya y'injira munzu y'Uwiteka abarinzi ba muzungurukanga barazizana ga maze ya sohoka bakazizubiza munzu ya barenzi. 12 Maze y'icishije bugufi uburakari bw'Imana bumuvaho, bituma ata murimbura kandi nibuyuda hari hari ho ibyizo. 13 Nuko Uwo mwami rehobowamu yikomereza Iyerusalemu arahategeka kandi yagiye kungoma amaze imyaka mirongo ine numwe avutse amara imyaka cumini rindwi Iyerusalemu arikugomo. 14 Ariko yarakiranirwaga, kuko atagiraga umwete wo gushaka Uwiteka. 15 Nuko imirimo ya Rehoboau iyabanje n'iyaherutse, mbese ntiyanditswe mu by'umuhanzi Shemaya no mu bya Iddo bamenya, mu buryo bw'ibitabo byandikwagamo amazina y'abavuka? Kandi ibihe byose, hakajya habaho intambara hagati ya Rehoboamu na Yeroboamu. 16 Nuko Rehobaamu aratanga asanga basekuruza, ahambwa mu mudugudu wa Dawidi; maze umuhungu we Abiya yima ingoma ye.