Matayo 6

1 Ntimugakore ibyiza imbere y'abantu kugira ngo babarebe : kuko nimukora guco ntamugisha muzabona kwa Data wo mwijuru . 2 Nushaka kutura i sadaka ntukavuze ingunga imbere zawe nkuko iryarya zibikoreraga mu masinagogi no mu mayira kugira ngo bashimwe n'abantu . Ndababwiye mukuri ko bafite ibihembo byabo. 3 Ariko weho nujagutura i sadaka akaboko kawe kurutandi kekumenya ibyo akaboko kawe kiburyo karigukora . 4 Isadaka zawe zitangwe mubanga na Data wa twese urebaga amabanga gose azaguha imigisha . 5 Nimushaka gusenga , mwekuba nk'indyarya, zikundaga gusenga zihagaze mu masinagogi no mumpande z'inzira kugira ngo barebwe n'abantu . 6 Ndabibabwiye muby'ukuri ko bamaze kubona ibihembo byabo. Ariko weho , nushaka gusenga , izinjire mumbere yawe wiherere ukinge urugi , usenge So uriahantu h'ibanga kandi na So ureba ibihishwe azabigukorera. 7 Kandi nimuba murigusenga ntimu gambe amagambo menci gatagira akamaro nkuko abapagani babi kora kuko bategerezaga yuko mukubamba amagambo menci niho bazasubizwa. 8 Nuko rero mwegusana nabo ; kubera ko So wo mw'ijuru azi byose byo mukeneye mbere mutari mwabumbura akamwa kanyu . 9 Dore uko mugomba kuja murasenga guca : Data wa twese uri mw'ijuru , izina ryawe ryubahwe , 10 Ubwami bwawe buze , ubushake bwawe bube hose mwisi no mwijuru . 11 Uduhe none ibiryo byacu bya buri musi. 12 Utubabarire ibyaha byacu nkuko natwe tubabariraga ababidukoreraga . 13 Ntutureke ngo dutsindwe n'ibigeragezo ahubwo uturinde umwanzi . 14 kubera mwewe nimubabarira abantu ibyaha byabo iSo wo mwijuru azababarira ibyaha byanyu. 15 Ariko nimudashobora kubabarira abantu ibyaha byabo ,So wo mw'ijuru nawe ntaho azababarira ibyaha byanyu . 16 Kandi nimushaka kwiyiriza ubusu ,mwekuba nk'indyarya no gukambya impanga , barigushaka ko abantu nibabona uko biyirije ubusa . 17 Ndababwiye mukuri ko bamaze kubona ibihembo byabo . 18 Ariko wowe niwiyiriza ubusa uzambare neza no kwisiga amavuta. Kugira ngo abantu batekumenya ko wirije ubusa ahubwo So uri mu mabanga gose ariwe umenya ibyawe no kuguha igisubizo . 19 Mwe kwibikira imali yanyu mwisi aho inyenzi n'ingese bigeraga n'abajura bakabomora no kwiba . 20 Ahubwo mubike i mali yanyu mw'ijuru aho inyenzi n'ingese bitageraga naho abajura batoshobora kwiba . 21 Kubera aho i mali y'umuntu iri niho n'umuti gwe gubaga . 22 Itara ry'umubiri n'ijisho , niba ijisho ryawe riboneye , umubiri gose guzagira umwangaza . 23 Ariko niba ijisho ryawe rizambye ,umubiri gwawe gose guhindutse umwijima , niba umwangaza guri muri wowe ni kangahe guzaba umwijima mu nini! 24 Nta muntu woshobora gukorera abami babiri , kubera yokwanga umwe agakunda uwundi, ntaho woshobora gukorera Imana ni mali . 25 Kubwibyo , ndababwiye ngo : mwekwiganyira kubyerekeye imiberereho ngo muzarya iki ejo, cangwa muzanywa iki, no kumibiri yanyu, ngo muzambara iki , mbesi ubuzima si biruta ibiryo, n'umubiri guruta imyenda? 26 Nimurebe inyoni zo mukirere, ntaho zihingaga ngo zisarure cangwa ngo zihunike mu kigega ariko Data azihaga ibiryo . Nonesi mwewe si mufite agaciro kuruta inyoni ? 27 N'inde muri mwewe nubwo yakwiganyira ushobora kwiyongeraho kuburebure bwe ? 28 Kubera iki muhangayikishwaga n'imyenda ? mwitegereze murebe uko amauwa go mumurima gakuraga: ntaco gakoraga no gushona imyenda ; ariko ndababwiye ko ari na Salomo mu bwiza bwe ntaho yambaye nkaberwe nka rimwe murago mauwa . 29 Nonesi niba Imana yambikaga ibyatsi byo mu mirima biriho na none kandi ijo gazatwikwa , azabura gute kubambika , kuki mufite kwizera gukeya ? ` 30 Niba Imana yambika guca ubwatsi bwo mumurima biriho buno ejo bukazatabwa mumuriro azabuzwa niki kubambika kurushaho, mwebwe abafite kwizera guke mwe? 31 Nuko rero ntimuhangaike no kugamba ngo : ejo tuzarya iki , tuzanywa iki no kwambara iki ? 32 Kuko ibyo byose nabapagani babishakaga.iso wo mwijuru azi ibyo mukeneye. 33 Mumanze gushaka ubwami bw'ijuru n'ukuri kose kw'Imana ,ibindi byose mukeneye bizabongererwa. 34 Nuko rero ntimuhangaikire ibyejo , kuko ejo hazishakira ibyayo . ibibi bya none bishiranaga nugo musi