Matayo 5

1 Abonye abantu kangari, Yesu atarama umusozi, amaze kwicara , abigishwa be baramwegera . 2 Nuko amaze kubumbura akanwa, arabigisha ngo : 3 Hahirwa abakene bo mu mitima kuko ubwami bw'ijuru ar' ubwabo . 4 Hahirwa abafite agahinda , kuko nibo bazahozwa . 5 Hahirwa abokwicisha bugufi , nibo bazatura isi . 6 Hahirwa afite inzara n'omyota y'ukuri ,kuko nibo bazahazwa . 7 Hahirwa abanyembabazi kuko nabo bazababarirwa . 8 Hahirwa abat'imitima iboneye kuko nibo bazabona b'Imana . 9 Hahirwa abanga amahoro kubera bizitwa abana b'Imana . 10 Hahirwa abagirirwaga nabi barikuzira ukuri, kubera ubwami bw'ijuru n'ubwabo . 11 Namwe murahirwa iyo barikubatuka no kubagirira barikubabeshara kubw'izina ryanje . 12 mwishime kandi munezezerwe , kuberako mufite ingororano itomenye mw'ijuru , mumenye ko uko niko bagiruye nabi abahanuzi babayeho mbere yanyu . 13 Mwebwe muri umunyu gw'isi , ariko si umunyu niguzamba guzashirirwa mo iki kugirango gongere kuryiha ? Ntaho guba gumaze , ahubwo nukuguta hanze abantu bakagukandagira . 14 Kandi muri umwangaza gw'isi , urusisiro rwubatswe hejuru ku musozi ntaho gwakwichisha . 15 Abantu iyo bakije itara nto bazishira munsi y'igitebo , ahubwo nukurishira hejuru ku meza kugira ngo yangarize abantu bose m'unzu . 16 Niko bimeze namwe umwangaza gwanyu gumurikire abantu bose, nibabone inikorwa byanyu byiza , bahimbaza data wa twese uri mwijuru . 17 ntimugire ngo naje gukuraho amategeko cangwa abahanuzi , ntaho naje kubikuraho ahubwo kubitimiza. 18 Kubera ko mbabwije ukuri yuko nubwo isi n'ijuru bizakurwaho , inyuguti ukuri yuko nubwo isi n'ijuru bizahoraho kugije igihe co byose bizasohora . 19 Umuntu uzapima gukuraho itegeko rimwe muri gano mategeko cangwa kwigisha abantu kubitora , azitwa mutoya mubwami bwo mw'ijuru , ariko uzigisha no kugashira mu bikorwa azitwa mukuru mu bwami bwo mwijuru . 20 Kubera ndabibwiye mwebwe , niba ukuri kwanyu kutagomba kuruta ukuri kwa abakarani n'Abafarisayo utaho muzinjira nagakeya m'ubwami bw'ijuru . 21 mumaze kumvako abantu bakera babwiwe ngo : ntukice , uzica wese azacibwa urubanza . 22 ariko nanje ndababwiye ngo : umuntu wese uzarakarira mugenzi we , azacirwa urubanza , uzatuka mwenese ngo wa mupfu we , azahamwa n'urukiko , kandi uzatuka mwene se ngo : wa gicucu we , agomba gutabwa mu muriro wo muri gihonomo . 23 Nuko rero , n'ujana i sadaka yawe gutura , ukibuka ko ufitanye ikibazo na mugenzi wawe . 24 Reka iyo sadaka yawe umanze uje gukiranuka na mugenzi wawe .Ubone ugaruke gutura isadaka yawe . 25 Niba mugiye mwumwikane mukiri mwijira kugira ngo atakurega ku mucamanza , watsindwa akakujanira abasoda ngo bagufunge muri pirizo . 26 Nukuri ndababwiye , ntaho uzawa muri pirizo utari warangiza i deni ryose . 27 Kandi mwumwishije abantu ba kera bavuze ngo : ntugasambane . 28 Ariko njewe ndanabwiye: umuntu uzareba umugore wabandi akamwifuza , azaba amaze kusambana nawe mu mutima . 29 Niba ijisho ryawe ry'iburyo ritumye ukora icaha , urikure mo maze urite kure yawe ; kuberako biraruta ko urigingo rumwe rwo kumubiri rworimbuka aho kugira ngo umubiri gwawe gose guje muri gihonomo . 30 Kandi ukuboko kwawe kw'iburyo nigutuma ukora icaha , uguce ugute kure yawe , kubera ko nibyiza ko ukuboko kumwe kwacibwa ahokugira ngo umubiri gose guje muri gihonomo . 31 Byarawizwe ngo : umuntu wese uzatandukana n'umugore we azamuhe wiwandikorwo gutandukana . 32 Ariko njewe n'umugore we azamuhe wiwandiko rwo gutakana n'umugore we atari yuko yasambanye , azaba amugize umusambanyi n'umuntu wese uzasohoza uwo mugore azaba arigusambana . 33 Kandi mwumvishije ko byabwiwe aba kera ngo : Ntukarahire ibinyoma , ahubwo uzatimize ibyo warahiriye imana ko uzabikora 34 Ariko ndababwiye mwebwe : Ntukarahire , ari ku byerekeye ijuru , 35 kubera ijuru n'intebe y'umwana Imana , cangwa kubyerekeye isi kubera isi n'intebe y'ibirenge by'Imana cangwa kuri Yerusalemu kuko n'umugi g'Umwami ukomeye . 36 Kandi ntukarahirire ku mutwe gwawe kubera ntabushobozi ufite bwo guhindura umusatsi gwawe ngo gube umweru cangwa urukara . 37 Ahubwo amagambo ganyu gabe : ingo , ingo , oya , oya naho ibirenze ibyo biba bivuye kuri satani . 38 Mwumvije kandi ko byangabwe ngo : Ijisho ku jisho , iryinyo ku rindi . 39 Ariko njewe ndababwiye ntimukabuze umuntu mubi ushaka kubagirira nabi kubikora, kandi umuntu nagu kubita urushi kutama ry'ubyuryo azamuhe n'itama ry'ugutandi akubite. 40 Umuntu nashaka impaka kuri weho ngo atwara ikanzu yawe , uzamuhe n'umwitero . 41 Uzaguteka ngo mujyane i Kilometre kimwe uzamugeze ku bilometre bibiri . 42 Uzagusaba uzaruhereze , nizagusaba idemi ntukamwangire . 45 Mwumvishije ko byavuzwe ngo uzakunde mugenzi wawe, uzange umwanzi wawe. 44 Ariko njewe ndababwiriye ngo ; muzakunde abanzi banyu, abazavuma mwebwe muzabarage imigisha , mugirire neza abanzi banyu , musengere ababasuzuguraga nabababuzaga amahoro . 43 Kugirango mubone kwitwa abama b'imana data wo mwijuru , kubera we ategekaga izuba ngo rivire ababi n'abeza kandi agwisha imvura kuba kiranutsi no kubanyabyaha. 46 None si ni mukunda ababakundaga gusa muzahembwa iki ? abasoreshaga umusoro nabo sibakoraga guco ? , 47 niba muzaramutsa benenyoko gusa , muzaba mukoze ikihe ciza kuruta abandi ? n'abapagani nabo siko bakoraga ? 48 Nuko rero mube abakirinutsi nkuko data watwese wo mw'ijuru ari umukuranutsi .