Matayo 23

1 Nuko Yesu abwira iteraniro hamwe n'abigishwa be, 2 Aragamba: Abakarani n'abafarisayo bicaye muntebe ya Musa. 3 Amagambo gose bababwiraga gukora mugumve kandi mugashire mubikorwa ariko mutakora ngabari kwikiza kubera ko hariho abagambaga ntibabishire mubikorwa, ibyo bagambye. 4 Nibyo , muzi gukorera abandi imitwaro iremereye yo mutashobora kwikorera. 5 Kandi ibyo mukoraga mubamushaka ngo babarebwe no gushimwa n'abantu nik aratasi bambaraga zandistwe ho amagambo g'Imana bazigiraga nini bakongera ibimokora by'ikanzu zabo . 6 Bakundaga kwicara kuntembe zi mbere igihe c'ubukwe no kwigaragaza muma sinagogi. 7 Bakunda kuramutswa mu masoko no gushaka ko babita ngo: Rabi. 8 Ariko mwebwe ndibabite ba Rabi kubera umwalimu wanyu n'umwe, namwe muri abavandimwe. 9 Kandi ntimukite umuntu n'umwe ngo Data kuko Data n'umwe wo mwijuru. 10 Mwe kwitwa mwalimu kubera umwalimu wanyu n'umwe ariwe Kristo. 11 Ugaragara ko nimukuru muri mwe azabe umugaragu wanyu. 12 Ushaka kwishira hejura azashirwa hasi n'uzicisha bugufi azashirwa hejuru. 13 Ariko muzabona ishano Abafarisayo n'Abakarani mwa ndyarya mwe kubera ko muzitiraga abantu kwinjira mu bwami bw'ijuru namwe ubwanyu ntaho mushaka kubwinjiramo nabashaka kwinjira mo murababuza. 14 Muzabona ishano, Abakarani n'Abafarisayo mwa ndyarya mwe kubera muryaga amazu g'abapfakazi, no muburyarya mugasenga amasengesho maremare, kubera ibyo, muzacirwaho urubanza rukomeye. 15 Muzabona ishano mwa ndyarya mwe Abakarani n'Abafarisayo, mufataga ingezi muka ihuza n'isi, ariko nyuma mukabigira Gihonomo kurusha uko mumeze. 16 Muzabona ishano mwewe abayobozi b'impumyi mugambaga ngo uzarahirisha inzu y'Imana ntaco bitwaye ariko uzarahirihisha izahabu murusengero azaba afunzwe niyo ndahiro. 17 Mwa bipfapfa mwe bimpumyi niki gikuru hagati y'izahabu ni nzu y'Imana? 18 Mbesi umuntu urahiye kuri rutari ntaco amaze, ariko isadaka isengewe kuri rutari iba ifunzwe niryo sengesho. 19 Mwa mpumyi mwe nikihe gikuru hagati y'isadaka na rutari itangiweho isadaka. 20 Nuko rero urahiriye kuri rutari aba arahiye rutari n'ibiyiriho byose. 21 Kandi urahiriyeshije inzu y'Imana aba arahirishije nibirimo byose. 22 Urahiriye ijuru aba arahiye imbere y'intebe y'Ubwami bw'ijuri n'uyicayeho. 23 Muzabona ishano mwewe abakarani n'abafarisayo bi ndyarya mutanga kimwe ca cumi ci bintu byo kuryosha ibiryo ariko mukirengagiza amategeko, urubanza, imbabazi no kwizera, ningombwa byose kubimenya ntaco musuzuguye. 24 Mwewe abayobozi b'impumyi mwica izazi ariko mukamira bunguri ingamia. 25 Mwa ndyarya mwe z'Abakarani n'Abafarisayo mufite ishano, mwozaga hanze y'ikopo n'isahani ariko mwujujemo ibintu bihwanye no kwifuza kwanyu. 26 Weho mufarisayo w'impumyi manza woze mu kopo no musahani ubone koza inyuma. 27 Mufite ishano mwe Abakarani n'Abafarisayo bi ndyarya kubera musana na makaburi gasizwe icoka gagasana neza inyuma ariko ndani ar'amagufa g'abapfu guzuye umwanda. 28 Namwe hanze mugaragara ngabanya kuri n'imbere yabantu ariko muri mwewe mwuzuye uburyarya n'ibibi byose. 29 Mwa ndyarya mwe Abakarani n'Abafarisayo muzabona ishano, mwicaga no kubaka amakaburi g'abahanuzi, abanya kuri mukabahamba. 30 Mukagamba ngo: Yabaye twarahoze ho kubwa ba sogokuru aho tuba twara komeranye n'abahanuzi. 31 Ubwo rero mwiyemereye yuko mur'abana ba babandi bishe abahanuzi. 32 Ngaho rero mwuzuze igipimo ca basogokuru banyu. 33 Mwewe muri nzoka ,abana b'ibiyoka binini , muzasimbuka gute urubanza rwa Gihonomo. 34 None rero ngiye kubatumira abahanuzi n'abantu bafite ubwenge n'abanditsi kandi benci muri bo bazabica no kubabamba, abandi muri bo bazabakubitira kukarubanda no kubirukana mu migi yanyu. 35 Kugirango amaraso gose gamenetse kuva kuntangiro y'isi gazababarweho: Kuva ku maraso ga Abeli umunyakuri n'amaraso ga Zakaria, umwana wa Barakiya uwo mwiciye kuri rutari ahantu hera. 36 Mbabwije ukuri, agamagambo gose gazaza gasohore ku rubyaro rwanyu rwose. 37 Ee Yerusalema, Yerusalema weho wicaga abahanuzi no kubatera amabuye, abaje bari kugusanga. Nikangahe bashatse kuza kurundarunda abana bawe, nkuko inkoko irundarunda ubushwi musi yamababa iri mukaga ? 38 Nico gituma inzu yanyu izasigara ntakintu kiyirimo. 39 Nuko mbabwije ukuri ntaho muzongera kumbona, kugeza igihe co muzagamba ngo: Hahirwa uzaza mw'izina rw'Uwiteka.