Yohana 18

1 Amaze kugamba ago magambo Yesu ajana n' abigishwa be murundi ruhande rw'umuvumba rwumugezi gwi Kodroni , ahabaga ho agashamba yinjira mo we nabigishwa be . 2 Yuda wamutanze , yari azi aho hantu , kuko Yesu nabigishwa be bahateraniraga . 3 Nuko Yuda amaze guhabwa igikundi ca basoda n'abakozi bakoreraga abatambyi bakuru , n' Abafarisayo, baza bacana amatara , ibishishimuza, imori bafite n' intwaro . 4 Yesu amaze kumenya ibigiye kumugeraho byose , arabegera arababza ngo : Murigushaka nde ? 5 Baramusubiza ngo : Yesu w' i Nazareti . Yesu arabawira ngo ni njewe na Yuda wamugambaniye yarari hamwe nabo . 6 Yesu amaze kubabwira ngo : Ni njewe basubira inyuma bahirima hasi . 7 Arongera kandi arababaza ngo murigushaka nde ? Baragamba ngo : Yesu w' i Nazareti 8 Yesu arasubiza . Nababwiye ko ninjewe . Ko ari njewe wo muri gushaka mureke bano bagende . 9 Agamba ibyo kugira ngo ijambo ryo yavuze risohore ngo : Nta n'umwe wo natakaje mubo wampaye . 10 Simoni Petero wari ufite umusho , aragusohora akubita umugaragu w'umutambyi mukuru , amuca ugutwi kw'iburyo . Uwo mugaragu bamwitaga Malko . 11 Yesu abwira Petero ngo , subiza umucho gwawe murubati . None si ngombwa ko gnwa igikombe co Data yampaye ngo nkignwe? 12 Igikundi ca basoda n'umutware wabo nabakozi ba Abayuda bafata Yesu bara muboha . 13 Babaza kumujana kwa Ana kuko yari Sebukwe wa Kayafa wari umutambyi mukuru mur' ugo mwaka . 14 Na Kayafa niwe wari watanze inama ku Bayuda ngo : Bifite akamaro ko umuntu mwe apfa kubw' abantu . 15 Simoni Petero hamwe n' uwundi mwigisha bakurikira Yesu . Uwo mwigisha yarazwi nuwo mutabyi mukuru kandi yinjira hamwe na Yesu mu urugo rw' umutambyi mukuru . 16 Ariko Petero asigara hanze hafi y'umuryango. Uwo wundi mwigishwa wari azwi n' umutambyi mukuru arasohoka abwira umucunzi w'umuryango nuko yinjiza Petero . 17 Nuko umujakazi w'umuchunzi w'umuryango abwira Petero ngo nawe , ntaho urumwe bo mubigishwa buyu mugabo ? Aragamba ngo ntaho ndiwe 18 Abagaragu n' igikundi ca Basoda bari baraho bacanye umuriro gwa makara kumbabura kuko harihari ho imbeho ,kandi bari kota . Petero yari ari hamwe nabo bari kota . 22 Amaze kuvuga ago magambo umwe muri abo bakozi b'abatambyi wari uraho akubita Yesu urushi ari kugamba ngo uko niko ushubije umutambyi mukuru ? 23 Yesu aragamba : Niba nagambye nabi erekana ico nagambye kibi ; kandi niba nagabye neza unkubitiye iki 24 Ana amutuma aboshwe ka Kayafa umutambyi mukuru. 25 muri bo aramubaza: "ngo nawe ntaho ur'umwe m'ubigishwa be ? Arahakana aragamba ngo: " Ntabwo nd' uwo muribo . 26 Umwe mu bakozi b'umutabyi mukuru umubyeyi wuwo Petero yaciye ugutwi agamba ngo : Ntabwo nakubonye uri nawe mu gashamba ? 27 Petero yongera kumuhakana ako kanya isake irabika . 28 Bajana Yesu kwa Kayafa munzu y' Imanza . Yari ari mugitondo kugirango bataza kwiyanduza kugira ngo barye Pasika . 29 Pilato arasohoka kugira ngo aje aho bari , arababaza ngo : "n' ikirego ki murikurega uyu mugabo ? 30 Baramusubiza ngo yo ataba umunyabyaha ntaho tuba tumukuzaniye . 32 Kubera ibyo Pilato arababwira ngo : Mumufate mwenyine mumucire urubanza mukurikije amategeko ganyu . Abayuda baramubwira ngo ntabwo twemerewe kwica umuntu . 31 Bagambye ibyo kugira ngo hasohore ijambo ryo Yesu yagambye igihe co yerekana urupfu rwo azapfa . 33 Pilato asubira munzu y'imanza , yakura Yesu aramubaza ngo : Uri umwami w' Abayuda ? 34 Yesu aramusubiza ngo : Ibyo ubigambye kubwawe cangwa si n'abandi bakubwiye ibyanje ? 35 Pilato arasubiza ngo : Njewe ntaho ndi Umuyuda ? Ubwoko bwawe n' abatambyi bakuru nibo bakuzanye hano; Wakoziki ? 36 Ubwami bwanje ntabwo ari ubw'isi , Yesu aramusubiza . Ubwami bwanje iyo buba ubw'isi abagaragu banje baba barangwanirira , kugirango ntajanwa kuba Abayuda , ariko ubwami bwanje ntari ubwa hano kw'isi . 37 Pilato aramubaza ngo :"Ur'umwami ? Yesu aramusubiza ngo : Urabigambye, nd'umwami koko . Naravutse kandi naje mur'iyino isi guhamya ukuri. Buri umuntu uri mukuri yumvaga ijwi ryanje . 38 Pilato aramubwira ngo : Ukuri n'iki ? Amaze kugamba ibyo , arongera arasohoka aja ahari Abayuda baramubwira ngo : Ntakosa mbonye muri we . 39 Ariko mufite umugenzo ko babarekurira umunyororo umwe ku musi mukuri gwa Pasika , murashaka ko mbarekurira Umwami w' Abayuda ? 40 Ariko barongera barayomba ngo : "Oya ntaho ariwe , ahubwo Baraba . Kandi Baraba uwo yari umwicanyi n' igisambo .