Yohana 18
1
Amaze kugamba ago magambo Yesu ajana n' abigishwa be murundi ruhande rw'umuvumba rwumugezi gwi Kodroni , ahabaga ho agashamba yinjira mo we nabigishwa be .
2
Yuda wamutanze , yari azi aho hantu , kuko Yesu nabigishwa be bahateraniraga .
3
Nuko Yuda amaze guhabwa igikundi ca basoda n'abakozi bakoreraga abatambyi bakuru , n' Abafarisayo, baza bacana amatara , ibishishimuza, imori bafite n' intwaro .
4
Yesu amaze kumenya ibigiye kumugeraho byose , arabegera arababza ngo : Murigushaka nde ?
5
Baramusubiza ngo : Yesu w' i Nazareti . Yesu arabawira ngo ni njewe na Yuda wamugambaniye yarari hamwe nabo .
6
Yesu amaze kubabwira ngo : Ni njewe basubira inyuma bahirima hasi .
7
Arongera kandi arababaza ngo murigushaka nde ? Baragamba ngo : Yesu w' i Nazareti
8
Yesu arasubiza . Nababwiye ko ninjewe . Ko ari njewe wo muri gushaka mureke bano bagende .
9
Agamba ibyo kugira ngo ijambo ryo yavuze risohore ngo : Nta n'umwe wo natakaje mubo wampaye .
10
Simoni Petero wari ufite umusho , aragusohora akubita umugaragu w'umutambyi mukuru , amuca ugutwi kw'iburyo . Uwo mugaragu bamwitaga Malko .
11
Yesu abwira Petero ngo , subiza umucho gwawe murubati . None si ngombwa ko gnwa igikombe co Data yampaye ngo nkignwe?
12
Igikundi ca basoda n'umutware wabo nabakozi ba Abayuda bafata Yesu bara muboha .
13
Babaza kumujana kwa Ana kuko yari Sebukwe wa Kayafa wari umutambyi mukuru mur' ugo mwaka .
14
Na Kayafa niwe wari watanze inama ku Bayuda ngo : Bifite akamaro ko umuntu mwe apfa kubw' abantu .
15
Simoni Petero hamwe n' uwundi mwigisha bakurikira Yesu . Uwo mwigisha yarazwi nuwo mutabyi mukuru kandi yinjira hamwe na Yesu mu urugo rw' umutambyi mukuru .
16
Ariko Petero asigara hanze hafi y'umuryango. Uwo wundi mwigishwa wari azwi n' umutambyi mukuru arasohoka abwira umucunzi w'umuryango nuko yinjiza Petero .
17
Nuko umujakazi w'umuchunzi w'umuryango abwira Petero ngo nawe , ntaho urumwe bo mubigishwa buyu mugabo ? Aragamba ngo ntaho ndiwe
18
Abagaragu n' igikundi ca Basoda bari baraho bacanye umuriro gwa makara kumbabura kuko harihari ho imbeho ,kandi bari kota . Petero yari ari hamwe nabo bari kota .
22
Amaze kuvuga ago magambo umwe muri abo bakozi b'abatambyi wari uraho akubita Yesu urushi ari kugamba ngo uko niko ushubije umutambyi mukuru ?
23
Yesu aragamba : Niba nagambye nabi erekana ico nagambye kibi ; kandi niba nagabye neza unkubitiye iki
24
Ana amutuma aboshwe ka Kayafa umutambyi mukuru.
25
muri bo aramubaza: "ngo nawe ntaho ur'umwe m'ubigishwa be ? Arahakana aragamba ngo: " Ntabwo nd' uwo muribo .
26
Umwe mu bakozi b'umutabyi mukuru umubyeyi wuwo Petero yaciye ugutwi agamba ngo : Ntabwo nakubonye uri nawe mu gashamba ?
27
Petero yongera kumuhakana ako kanya isake irabika .
28
Bajana Yesu kwa Kayafa munzu y' Imanza . Yari ari mugitondo kugirango bataza kwiyanduza kugira ngo barye Pasika .
29
Pilato arasohoka kugira ngo aje aho bari , arababaza ngo : "n' ikirego ki murikurega uyu mugabo ?
30
Baramusubiza ngo yo ataba umunyabyaha ntaho tuba tumukuzaniye .
32
Kubera ibyo Pilato arababwira ngo : Mumufate mwenyine mumucire urubanza mukurikije amategeko ganyu . Abayuda baramubwira ngo ntabwo twemerewe kwica umuntu .
31
Bagambye ibyo kugira ngo hasohore ijambo ryo Yesu yagambye igihe co yerekana urupfu rwo azapfa .
33
Pilato asubira munzu y'imanza , yakura Yesu aramubaza ngo : Uri umwami w' Abayuda ?
34
Yesu aramusubiza ngo : Ibyo ubigambye kubwawe cangwa si n'abandi bakubwiye ibyanje ?
35
Pilato arasubiza ngo : Njewe ntaho ndi Umuyuda ? Ubwoko bwawe n' abatambyi bakuru nibo bakuzanye hano; Wakoziki ?
36
Ubwami bwanje ntabwo ari ubw'isi , Yesu aramusubiza . Ubwami bwanje iyo buba ubw'isi abagaragu banje baba barangwanirira , kugirango ntajanwa kuba Abayuda , ariko ubwami bwanje ntari ubwa hano kw'isi .
37
Pilato aramubaza ngo :"Ur'umwami ? Yesu aramusubiza ngo : Urabigambye, nd'umwami koko . Naravutse kandi naje mur'iyino isi guhamya ukuri. Buri umuntu uri mukuri yumvaga ijwi ryanje .
38
Pilato aramubwira ngo : Ukuri n'iki ? Amaze kugamba ibyo , arongera arasohoka aja ahari Abayuda baramubwira ngo : Ntakosa mbonye muri we .
39
Ariko mufite umugenzo ko babarekurira umunyororo umwe ku musi mukuri gwa Pasika , murashaka ko mbarekurira Umwami w' Abayuda ?
40
Ariko barongera barayomba ngo : "Oya ntaho ariwe , ahubwo Baraba . Kandi Baraba uwo yari umwicanyi n' igisambo .