Yohana 16
1
Nababwiye ibyo bintu kugira ngo bitababera impamvu yo kugwa .
2
Baza birukana muma Sinagogi kandi igihe kira geze aho baz bica barikwibwira ngo bari gushimisha Imana .
8
Kandi N'Amara kuza azunvisha abantu ibyerekeye icaha ,ukuri n'urubanza kandi
9
kubyerekeye icaha : kubera ko batanyizeraga .
10
Ukuri : kuko ngiye kwa Data kandi ko mutazongera kumbona .
11
urubanza : kuko mwami w'isi shetani yamaze gucirwa ho urubanza .
12
Ndacafite ibintu byinshi byo kubabwira ariko ntabwo mushobora kubyihanganira buno .
13
igihe co umufasha aza mara kuza , umwuka w'ukuri aza bayobora mukuri kose .kuko ntazagamba ibimuturutse ho ariko azagamba ibyo yaze kumva no kubabwira ibirimbere yanyu .
14
Azampesha icubahiro kubera azaba arikugamba ibinturutse ho , Nuko nawe abibawire .
16
Hasigaye igihe gitoya ntimuzongere kumbona nanyuma yigihe gitoya muza mbona , kuko ngiye kwa Data .
19
Yesu amenyako bashaka kumubaza , maze arababwira ngo : Murikubazanya hagati yanyu hejuru yibyo amaze kuvuga : Ngo hasigaye igihe gito ntimuzongera kumbona , ikindi gihe gitoya mukongera mukambona .
20
M'ukuri ndabibabyiye , muzarira ndetse muzitotomba abisi bo bazishima ariko mwemwe muzababara ariko umubabaro gwanyu guza hinduka ibyishimo .
21
Umugore iyo ari ku bise agiraga umubabaro kuberako igihe kigeze ,ariko amara kubyara umwana ntabwo yongeraga kwibuka uburyane kubera ibyishimo abafite , kuwo umuntu umaze kuvukira mwisi.
26
Ico gihe muzasaba mu zina ryanje kandi ndababwiye nzasaba Data abahe ibyo mwifuza .
27
Kuberako Data ubwe arabakundaga kuberako namwe mwamukunze kandi muka mwizera , konanje naturutse kwa Data .
28
Naturutse kuri Data nuko nzahano mwisi uburero ngiye kuva mwisi nigire kwa Data .
29
Abigishwa be baramubwira ngo : Dore noneho urikugamba weruye udakoresheje imigani .
30
Noneho tumaze kumenya ko uzi byose , yuko kandi ntaho aringombwa ko tugira ico tuku baza niyo mpamvu tumaze kwemerako wavuye ku Imana .
31
Yesu arabasubiza " Noneho muranyizeye"
32
Dore noneho isaha irageze ndetse imaze gusohora aho mugiye gutatana buri umuntu akaja kurwe ruhande ,maze njewe munsige njenyine . Ariko ndihamwe na Data .
33
Nababwiye ibyo byose kugiranngo mugire amahoro muri nje . Mumenye ko muzabona imibabaro muri iyisi ariko ni muhumure kuko namaze gutsinda isi .