Yohana 16

1 Nababwiye ibyo bintu kugira ngo bitababera impamvu yo kugwa . 2 Baza birukana muma Sinagogi kandi igihe kira geze aho baz bica barikwibwira ngo bari gushimisha Imana . 8 Kandi N'Amara kuza azunvisha abantu ibyerekeye icaha ,ukuri n'urubanza kandi 9 kubyerekeye icaha : kubera ko batanyizeraga . 10 Ukuri : kuko ngiye kwa Data kandi ko mutazongera kumbona . 11 urubanza : kuko mwami w'isi shetani yamaze gucirwa ho urubanza . 12 Ndacafite ibintu byinshi byo kubabwira ariko ntabwo mushobora kubyihanganira buno . 13 igihe co umufasha aza mara kuza , umwuka w'ukuri aza bayobora mukuri kose .kuko ntazagamba ibimuturutse ho ariko azagamba ibyo yaze kumva no kubabwira ibirimbere yanyu . 14 Azampesha icubahiro kubera azaba arikugamba ibinturutse ho , Nuko nawe abibawire . 16 Hasigaye igihe gitoya ntimuzongere kumbona nanyuma yigihe gitoya muza mbona , kuko ngiye kwa Data . 19 Yesu amenyako bashaka kumubaza , maze arababwira ngo : Murikubazanya hagati yanyu hejuru yibyo amaze kuvuga : Ngo hasigaye igihe gito ntimuzongera kumbona , ikindi gihe gitoya mukongera mukambona . 20 M'ukuri ndabibabyiye , muzarira ndetse muzitotomba abisi bo bazishima ariko mwemwe muzababara ariko umubabaro gwanyu guza hinduka ibyishimo . 21 Umugore iyo ari ku bise agiraga umubabaro kuberako igihe kigeze ,ariko amara kubyara umwana ntabwo yongeraga kwibuka uburyane kubera ibyishimo abafite , kuwo umuntu umaze kuvukira mwisi. 26 Ico gihe muzasaba mu zina ryanje kandi ndababwiye nzasaba Data abahe ibyo mwifuza . 27 Kuberako Data ubwe arabakundaga kuberako namwe mwamukunze kandi muka mwizera , konanje naturutse kwa Data . 28 Naturutse kuri Data nuko nzahano mwisi uburero ngiye kuva mwisi nigire kwa Data . 29 Abigishwa be baramubwira ngo : Dore noneho urikugamba weruye udakoresheje imigani . 30 Noneho tumaze kumenya ko uzi byose , yuko kandi ntaho aringombwa ko tugira ico tuku baza niyo mpamvu tumaze kwemerako wavuye ku Imana . 31 Yesu arabasubiza " Noneho muranyizeye" 32 Dore noneho isaha irageze ndetse imaze gusohora aho mugiye gutatana buri umuntu akaja kurwe ruhande ,maze njewe munsige njenyine . Ariko ndihamwe na Data . 33 Nababwiye ibyo byose kugiranngo mugire amahoro muri nje . Mumenye ko muzabona imibabaro muri iyisi ariko ni muhumure kuko namaze gutsinda isi .