Yohana 1

1 Mu ntangiriro hariho Jambo, Kandi uwo Jambo yarari kumwe n'Imana, kandi Jambo yar'Imana. 2 Mu ntangiriro uwo Jambo yarari hamwe n'Imana. 3 Ibintu byose byakozwe nawe, Kandi nta na kimwe mu ibyakozwe kitakozwe nawe. 4 Muri we harimo ubugingo, kandi ubugingo bwari umwangaza gw'abantu. 5 Umwangaza gwakira mu mwijima ariko umwijima ntabwo gwashoboye kugwakira. 7 Haboneka umugabo utumwe n'Imana, izina rye ni Yohana. 6 Yaje kuba umuhamya, kugira ngo ahamirize umwangaza, maze bose bizere binyuriye muri we. 8 Ntabwo we yarari umwangaza ariko we yaje kugira ngo atange ubuhamya bw'umwangaza. 9 Ugo mwangaza gwar'umwangaza g'ukuri, kuko, mugihe gwazaga mu isi, gwashoboye kuvira buri muntu wese. 10 Yarari mw'isi, kandi isi yakozwe nawe, ariko isi ntabwo yamumenye. 11 Yaje aziye bene wabo, ariko bene wabo ntabwo bamwakiriye. 12 Ariko kuri bose bamwakiriye, kandi bizeye izina rye, yabahaye ubushobozi bwo guhinduka abana b'Imana, abo bavutse, 13 atari kubw'amaraso, cangwa ubushake bw'umubiri, cangwa bw'umuntu, ariko kubw'ubushake bw'Imana. 14 Kandi ijambo ryagizwe umubiri, ritura hagati yacu, ryuzuye ubuntu n'ikuri, kandi twitegereje icubahiro ce, icubahiro nk'icu mwana w'ikinege wavuye kuri se. 15 Yahana yamutangiye ubuhamya, agamba n'ijwi rirenga ngo : Niwe nagambye ngo : Uwo, uje hanyuma yanje, niwe wambanjirije, kuko yabaye ho mbere yanje. 16 Kandi mu ibimwuzuye nimwo twese twaherewe ubuntu k'ubundi. 17 Kuko itegeko ryatanzwe na Musa, naho ubuntu n'ukuri byaje bivuye kuri Yesu Krisito. 18 Nta muntu n'umwe wigeze kubona Imana, umwana w'ikinege uri mu gituza ca Data, niwe wamumenyekanishije. 19 Dore ubuhamya bwa Yahana, mu gihe Abayuda batumye Abatambyi n'Abalewi i Yerusalemu, kubwo kumubaza ngo : Weho uri nde ? 20 Arabyemera k'umugaragaro, ntabwo yabihakanye, agamba yeruye ko atari we Krisito. 21 Nuko baramubaza ngo : N'ibiki ? Uri Eliya ? Kandi aragamba ngo : Ntabwo ndi we. Uri umuhanuzi ? Arasubiza ngo : Oya. 22 Maze baramubwira ngo : Kugira ngo dushobore gutanga igisubizo ku badutumye. Wowe noneho wigamba iki, ico uri co? 23 Aragamba ngo : Ndi ijwi ry'uwabirira m'ubutayu : Muringanyize inzira y'Umwami, nkuko umuhanuzi Yesaya yagambye. 24 Abari batumwe bari Abafarisayo. Bongera kumutera iki kibazo : 25 Kuki uri kubatiza, niba utari Krisito, cangwa si Eliya, cangwa si umuhanuzi ? 26 Yohana arabasubiza ngo : Njewe, mbatiza n'amazi, ariko hagati yanyu hari umuntu wo mutazi, 27 uraza nyuma yanje Ntabwo nkwiriye gupfundura utugozi tw'ibirato bye. 28 Ibyo bintu byabereye i Betaniya hakurya ya Yorodani, aho Yohana yabatiorizaga. 29 Bukeye bwaho, aje, aragamba ngo : Reba intama y'Imana, ikuraho ibyaha by'abantu. 30 Niwe wavuze ngo nyuma yanje hazaza umugabo wambnjirije; kuko yabayeho ntarabaho. 31 Sinari muzi ariko kugirango amenyekane mu Israeli niyo mpamvu naje kubatiza mu mazi. 32 Yohana amutangira ubuhamya: Nabonye umuka umanuka uva mwijuru , umeze nkinuma uhagarara hejuru ye . 33 Ntaho nrimuzi, ariko uwantumye kubatirisha amazi , uwo yambyiko , uyo azabona umuka ukamuhangarara ho niwe ubatiza n'umuka wera . 34 Narabibonye mpamya ko arumwana w'Imana . 35 Bukeye bwaho , Yohana yari akira ho , arikumwe nabo bigishwa be ; 36 babonye Yesu anyura ho , baravugana ngo , nguyu umwana w'intama w'Imana . 37 Abo bigishwa babiri bamwunvitse avuga ayo magambo bakurikira Yesu . 38 Yesu arebye inyuma arebako bamukurikiye , arababyira ati : Murashaka iki ? 39 baramusubiza ngo : 'Bisobanurwa mwigisha ". Arababyira ati muze murebe , baragenda babona aho yabaga . 40 Andreya mwene se wa petero yarar'umwe wabo babiri wari wunvise amagambo ya Yoana nibo bakurikiye Yesu . 41 Niwe wabaye uwambere guhura na mwenese aramubwira twabonye Masiya (Bisobanura ngo Kristo). 42 Amuzanira Yesu , Yeus amubonye aravuga ngo uri Simoni umwana Yona ; uzitwa Kefa ( Bisobanura ngoIbuye) 43 Bukeye bwaho Yesu ashaka kuja i Galilaya azanga yo Filipo . Aramubyira ati : Nkurikira . 44 Filipo yari wi Betania mumugi wa Andereya na Simoni . 45 Filipo ahura na Nataneili aramubyira ati : Twabonye uwoi musa twanditse muma tegeko , nuho abahanuzi bavuze ho Yesu wi Nazareti mwene Daudi . 46 Nataneili aramubyira ati i Nazarateti hava yo ikintu ciza ,Filipo aramusubiza , gwino , urebe . 47 Yesu abonye Nataneili avuga ati mubwukuri nguyu mwisiraeli utari mo uburimanganya . 48 Natanaeli aramubaza ati ni hehe wambonye ? Yesu aramusubiza , mbere yuko Filipo aguhamagara , igihe wari munsi digitizing cu mutini narakubonye . 49 Natanaeli aramusubiza no ku mubywira : Mwigisha , uri umwana, uri umwami w'Israeli . 50 Yesu aramusubiza , kuko nakubwiye , kuko nakubonye uri munsi wi mutini ,urizera , uzareba ibintu bikomeye kuruta ibi . 51 Arongera kumubwira , nuku nukuri uhereye none uzareba ijuru rikinguwe , aba maraika b'Imana batarama noku gogoma hejuru w'umwana wumuntu .