Abikolosayi 2
1
Ndashaka ko, mumenya uburyo barwanirira intambara ikomeye no kubari muri Laodikia, no kutarigeze babona kushusho yanje.
2
Kugira ngo bagire umutima w'uzuye guhumurizwa bahurizwe murukundo kandi bahozwe ubyenge byose byo kumenya ubuntu bw'Imana aribwo kumenya Kristo.
3
Ubwiru buhishwemo ubutunzi bwose bw'ubwenge no kumenya.
4
Ndagamba bino kugira ngo hatagira umuntu ubabesha amagambo yo kuyobya.
5
Kuko, batari hamwe namwe ubyo umubiri, mba ndikumwe namwe mumuka, ndeba nishimiye imwifatire mwiza iri hagati yanyu, muburyo mushikamwe mukwizera Kristo kwanyu.
6
Nuko rero kuko mwakiriye Umwami Yesu Kristo, mugendere muri we.
7
Mumereye imizi muriwe, kandi mushikamishijwe no kwizera, ubyo inyigisho mwakiriye, mugume kuzura mubikorwa by'ubuntu.
8
Mwirinde muntu ubahindura ubwenge akoresheje inyigisho ze n'ububeshi bye, yishigikirije kumigenzo yabandu no kunyigisho za mbere z'isi, zitari izo kuri Kristo.
9
Kuko muri we hatuwe mo muburyo by'umubiri ubumana byose byuzuye.
10
Mufite byose byuzuye muri we, we mutwe wubutware byose n'ubushobozi byose.
11
Kandi muri mwe nimwo mwakozwe, umukato utarakozwe n'ukuboko k'umuntu ariko umukato wa Kristo, ariko kwikuraho umubiri gwi byaha.
12
Kuberako mwababaywe na Kristo mu mubatizo kandi akaba anarimwe mwazuranye nawe, kubwo kwizera ingufu z'Imana yamu zuye mubapfuye.
13
Mwewe mwari mwarapfuye muzize ibyaha byanyuno kubwwo kukatwa kwimibiri yanyu, yabagize bazima hamwe nawe, atunganiye ubuntu ubwo ibyaha byacu.
14
Yahanaguyeho ibaruwa yaturegeragaho no kuduchira urubanza, yayikuyeho ayibamba kumusaraba.
15
Yatse ingufu abatware n'abafite ubushobozi abakoza isoni kumugaragaru, abivuga hejuru kumusaraba.
16
Ntihakagire umuntu ubachira urubanza kubijanye ni biryo changwa ibyo kuywa, cangwa kuby'imisi mikuru, cangwa ibyu kwezi kubonetse, cangwa ibyi sabato.
17
Kuko ibyo byari ikicucu ci bintu bizaza ariko umubiri uri muri Kristo.
18
Ntihakagire umuntu wera kubwinyungu ze ubabyira kubona ibihembo byo kwirukanga kwanyu (byimirimo yanyu) yiyoberanyishije kurusha bugufi no gusenga abamarayika, kandi bishigikiriza amagerekwa yabo baba bababyimbishijwe n'ikiburi cubusa bitewe n'ibitekerezo bye by'umubiri.
19
Atabashije kwifatanya ni mitwe, ariwe mubiri rwose avana ho gukura kwayo intangwe n'Imana, Agatangira byingingo n'imitsi bitanga agateranywa nazo nabyo.
20
Niba mwarapfuye hamwe na Kristo kubwo amategeko yambere y'isi, kuberiki mumeze nkaho mugituye kwisi, bakaba bakibahatira gukurikira ayo mategeko?
21
Ntuyakire! ntukayasogongeraho!
22
Ibibintu byose bizamba mugire cyo kubikoresha igihe mukurikiza amategeko z'inyigisho z'abantu.
23
Mu byukuri bagaragara nga bafite ubwenge kugira ngo abandu bihimbire uburyo bwo gusenga mubushake, bigire ngabihoroheje, bifate ku by'umubiri, ariko ibyo nta mumaro wukuri bifite kandi n'ibyo kunezeza umubiri.