Abikolosayi 1
1
Paulo, intumwa ya Yesu Kristo kubyo ubusheka by'Imana, na mwene data Timoteyo.
2
Kubera nabene date bizerwa muri Kristo bari Ikolosayi ubuntu na mahoro, bihabye n'Imana data wa twese.
3
Turi gushima Imana se w'Umwami wacu Yesu Kristo kandi ntaho turuha kubasabira.
4
Tumaze kunva ukwizera kwanyu muri Kristo hamwe nurukundo mugirira abera bose.
5
Kubyo ibyiringiro mwateganirijwe mwijuru nuko yaba ryukuri, ico ijambo ryu ubutumwa gya bamenyesheje mbere.
6
Riri hagati yanyu no umwisi nzima, rifite amatunda, kandi rira kura, kuko bimeze hagati yanyu, kuva umunsi mwabyonvise kandi mukamenya ubundu bw'Imana bujana n'ukuri.
7
Kuko imigisha mwahawe na Epafura, umukozi mugenzi wacu dukunda.
8
Akaba umugabura w'ibyimana wa Kristo. Kandi yatumenyesheje urukundo umwuka wabashijemo kandi ubakoresha.
9
Nizo mpanvu natwe, kuba mu musi twabimenyeye, ntaho tubura kubasengera kumana, turigusabako mwuzura kumenya ubushake by'Imana, turigusaba ko buruzwa kumenya ubushake by'Imana, n'ubwenge byose no ubumenyi byo mumuka.
10
Kugira ngo mugendere kuburyo mutunganiye Umwami wacu kandi mumushimishe muri byose, mwere na matunda mu mirimo yose mwiza, kandi mukurire mukumenyi Mana.
11
Mukomezwe ningufu zose ze kuko ubushobozi byi chubahiro bye bungana, ugira ngo muhoro iminsi yose muhangana mu byishimo kandi mutegereje.
12
Mushime Data, wabashoboje kugira umurage kumugabane wabizera mu muco,
13
Yadukuye mubaraga zu mwijima nyuma atujana mu byami by'Umwana we.
14
Akundwa nuwo dufitiye mo guhiduka, abana b'Imana n'okubabarirwa ibyaha.
15
Uwo mwana, niwe shusho y' Imana itabonwa, infura y'ibiremwa byose.
16
Kuko muri we nimo ibindu byose biri mwijuru n'ibiri mwisi byaremewe, ibirebekana n'ibita rebekana, intebe y'Ubwami, n'ubwami byose, n'ubutware byose n'ubushobozi byose byaremwe nawe kandi biremwa kubwe.
17
Yabaye intagiriro ya byose kandi ibintu byose bibaho kubye.
18
Niwe mutwe wumubiri w'ikanisa, n'itangiro, imfura yo mubafuye, kugira ngo abe uwa mbere muri byose.
19
Kuko Imana yashatse kwicaza ukuzura kose muri we.
20
Yashatse kugira ngo mwiyunganishe n'ibintu byose; ibiri mw'isi n'ibiri mwijuru amuzanisha amahoro, kubwo umusaraba we.
21
Naho mwewe, mwari muri abanya mahanga kera n'abandi mubitekerezo n'imirimo yanyu, yamaze kubunganisha munzira yurupfu rye mumubiri we.
22
Kugira ngo abagaragarize imbere ye ngambera batagira kugira ico abagayaho kandi nta nenge mufite.
23
Niba muguma kandi mushikamiye mubyo twizeye, ntimuhindukire ngo mureke ibyiringiro by'ubutumwa bwo mwunvishije, bwigishijwe kubya remye byose byo musi y'ijuru, byo njewe Paulo nabereye intumwa (Umukoresha).
24
Ndikwishimira mu mibabaro yanje, kandi kubyabuze mu mubabaro ya Kristo, ndiku byuzuriza mumubiri wanje, ariryo kanisa;
25
Nikuriyo kanisa naboneye umukozi kubwo umurimo Imana yampaye kubera mwe, kugira ngo n'igisha ijambo ry'Imana ni buryo bigaragaye.
26
Aribwo bwiru bwahishuwe mubihe byose, Ariko bikaba byarahishuriwe abera be.
27
Imana yashatse kubamenyesha ubukiri bw'ubwiza bwubwo bwiru hagati yabapagani, ibyo kumenya Kristo murimwe aribyo byiringiro by'ubyiza.
28
Niwe dutangaza, tuburira umuntu wese, twigisha umuntu wese ubwenge byose, kugira ngo tuzamurikire Imana umuntu wese, wuzuye muri Kristo.
29
Ico nico gitumye nkora, ndwanisha ingufu ze zinkorera mo.