2 Abikorinto 8

1 Reka , bene data , tubamenyeshe ubuntu bw'Imana byahishuwe mu makanisa g'i Makedonia. 2 Naho banyuriye mu mateso akangari , ibyishimo birenze , n'ubukene byo mu mutima , bwababyariye ubutunzi byinshi . 3 Nemeje ko bitanze badasunistwe badakurikije ibyo bafite , ahubwo ubushobozi bwabo . 4 Kandi badusaba barikutwinginga ngo twakire amaturo g'umusahada bari bateranyirije abera . 5 Kandi ntaho byabaye gusa nkuko twari dutegereje , ariko bamanjije kwitanga k'Umwami nyuma kuri twewe , bakurikije ubushake bw'Imana . 6 Nuko rero twahaye Tito ako kazi ko kurangiza icyo gikorwa canyu cyo gufasha nkuko yari yaragatangije. 7 Nkuko muribeza mukwiriye muri byose ,mu kwizera , mu magambo , ubwenge , umwete munzira zose , no mu urukundo mudufitiye , mukore uburyo bwose ngo muberwe muri m'urukundo. 8 Ntaho ndikubabwira ibyo byose nk'urukubategeka , ariko n'ukugira ngo mubimenye . 9 Kuko muzi ubuntu bw'Imana wacu Yesu kristo ,wigize umukene kubera mwewe kandi yari ari umukire , kugira ngo ubukene bwe bubahindure abakire . 10 Ibi n'ibitekerezo byanje byo ntanze, atari kuri mwewe gusa mwatangiye gukora , ariko kuri mwewe mwagize ubushake bwiza kuva m'umwaka gwashize . 11 Murangize akazi mukoresheje ingufu mufite umwete mwakoresheje muri ubwo bushake . 12 Niba ubushake bwiza buriho, byemerewe umuntu gutanga akurije ibyo afite ariko ntaho yotanga ibyo adafite. 13 Ntaho aruko dushaka kubababaza kugira ngo tuhumurize abandi , ariko dushaka gukurikiza uburinganire , mu bihe bikurikiranye n'ibibarenze bizasubiza ibyo mukeneye . 14 Kugira ngo ibyo mudakeneye bibe ibibazo byanyu kugira ngo habe ho kungana . 15 Bikurikije ibyanditswe " uwakusanyije ibyinshi ntaco yari afite naho uwakusanyije bikeya ntaco yari abuze'' . 16 Imana ishimwe kuko yashize mu mutima gwa Tito ugo mwete kuri mwewe . 17 kuko yamenye ibyo twasabye , kandi akoresha ingufu zose kugira ngo aze iwanyu . 18 Turamubatumiye hamwe n'umuvandimwe ufite ishimwe mu makanisa gose gutangaza ubutumwa buboneye. 19 Ikirushijeho n' uko amakanisa gamufashije no kumurobanura muri benshi kugira ngo aduherekeze gufasha abakene. Ibyo byabaye kugira ngo Imana ihabwe icubahiro kandi no kubera umwete dufite go gufasha abakene. 20 Dukoraga guco kugira ngo abantu bere kudutuka kubyerekeye ugo muchango go twahagarikiye . 21 Kuko dushakishaga ibiboneye , atari gusa imbere y'Imana , ariko n'imbere y'abantu . 22 Tubitumye hamwe n'umuvandimwe wacu , uwo werekanye ko afite umwete mu nzira akangari kandi akaba atari yaruha kugwerekana kubera ko yagumye kutwizera . 23 Nuko rero , ibyerekeye Tito , numwe hamwe natwe muri byose tubakoreraga . Naho kubyerekeye intumwa z'amakanisa kandi n'icubahiro ca Kristo. 24 Kubyerekeye urukundo rwe kandi mwereke amakanisa kuki tubiratiraga.