2 Abikorinto 11
1
Yoba mwanyihanganira gatoya kubera ubusazi bwanje ! Ariko mwewe , munyihanganire .
2
Kuko njewe mbafitiye ishari rivuye ku Mana kubera ko nabarambagirije umusore umwe , kugira ngo nzaberekane kwa Kristo muri abahara bakiri isugi kandi baboneye .
3
Ariko rero , nkuko inzoka yahabuye Eva ikoreshesheje amayere , niko ndigutinya ko ibitekerezo byanyu bizamba nuko mukava mu nzira zo kwicisha bugufi imbere ya Kristo .
4
Kuko , niba hariho umuntu umaze kubigisha uwundi Yesu uri tofauti n'uwo twababwirije , kandi niba mwarakiriye ugundi mwuka utari ugo mwakiye , cangwa ugundi mwaze tofauti nugo mwemeye , ibyo byo nta n'umwe wo byemerwa .
5
Kandi rero ndikubona ko nta yindi ntumwa yakozwe neza kundusha .
6
Niba ndi muto ku byerekeye kugamba , ntaho ndi umuswa w'ubwenge kandi mu nzira zose no bintu byose twarabiberetse .
7
cangwa si n'icaha kubona twaracishije bugufi kugira ngo muzamurwe igihe nabigishikaga ubutumwa bw'Imana ?
8
Niyatse iby'izindi kanisa barikumpa nk'umushahara , kugira ngo mbakorere .
9
N'igihe nari ndi iwanyu ngisanga ndi mu bukene , ntaho nababereye umuzigo umuntu wariwe wese . Kuko abavandimwe b'i Makedonia bampaye ibyo nkeneye . Muri byose nirinze kubabera umuzigo , kandi nzahora ndikubyirinda .
10
Kubera ukuri kwa Kristo kuri muri njewe , ngambye ko ntawe uzashobora kunyaka uko kwirita mu bice byose bya Akaya .
11
Kuki ? nuko si ntabakundaga ? Imana yonyine irabizi !
12
Ariko ndigukora kandi nzahora ndigukora guco kugira ngo nkureho urwitazo, hatabaho abameze nka twe mu bintu barikwiratira .
13
Abantu nk'abo n'intumwa z'ububeshi ubakozi bi mbandi , bigiraga intumwa za Kristo .
14
Kandi ntaho ibyo bitangaje , kuko shetani wonyine yiyitaga malaika w'umutaga .
15
Ntaho ari bisha rero ko abakozi be bihindura abakozi b'ukuri . Umwisho gwabo guzahwana n'ibikorwa byabo .
16
Mbisubiyemo , ntihagire undeba ngaho ndi umuntu wataye umutwe , niba ari guca murikundeba ng'umupfapfa , munyakire kugira ngo nanje nirate .
17
Ibyo ndikugamba , niyemeje ko nanje mfite ukuri ko kwirata , ntaho mbigambye nkaho ari ijambo ry'Umwami , ariko ni ngaho ndikubigamba mu bupfapfa .
18
Kuko habaye hariho abantu akangari biratiraga mu mubiri nanje nzirata .
19
Kuko mwihanganiraga k'ubushake abapfapfa , mwewe muri abanyebwenge .
20
Niba umuntu abagize imbata , niba hariho uri kurya , niba hariho uri kubifatira , niba hariho urikubasuzugura , niba hariho uri kubanoba , muramwemeraga .
21
Mfite isoni zo kubigamba kuko naberetse intege nkeya ,ariko , icyo umuntu yapima gukora , ndikugamba nk'umupfapfa , nanje nzabikora .
22
Mbese si n'Abaheburayo nanje ndiwe , n' Abaisraeli si ? nanje ndiwe . N'ababyawe na Abrahamu si ? nanje ni guco .
23
N'abakozi ba Kristo ? Ndikugamba nk'umuntu warenze imipaka . Ndushijeho : mu kazi ndabarushije , mu gukubitwa , ndabarusha , mu gufungwa ndabarusha . kenshi nari ndi hafi yo gupfa .
24
Gatanu Abayuda bankubise ibiboko mirongo ine ugakuraho kimwe .
25
Gatatu bankubitishije imizo , rimwe natewe amabuye, gatatu narazamye , namaze umusi gumwe n'ijoro mu cobo kireyi cane .
26
Ibihe byinshi mu urugendo nageze igihe co gupfira mu ngezi , naguye mu maboko g'abasambo , naguye mu akaga gatewe n'abiwacu , abapagani , ingezi , kandi hafi yo kwichwa n'abene wacu b'ibinyoma .
27
Nabaye mu kazi no mu ngorane , ibihe byinshi ntaho nasinziraga , inzara n'imyota ndabizi , kenshi ntaho naryaga , imbeho no kwambara ubusa narabimereye .
28
Kandi , ntagambye ibindi , naremerewe buri musi n'amagambo go mu makanisa .
29
Ni nde ubuze ingufu kugira ngo nanje mbure ingufu " ni nde si wagushije umuvandimwe kugira ngo nanje ntaguma gusha ?
30
Niba nkwiriye kwirata ,nzahora ndikwiratira ibyo kubura ingufu kwanje .
31
Imana y'Umwami Yesu , ariwe Se , ishimwe iteka ryose , kandi iziko ntarikubesha .
32
Igihe nari ndi i Damasiko , umutegetsi hasi y'umwami Areta yaracungishije umugi w'aba i Damasiko ngo bamfate .
33
Ariko banshize mu gisobane, banyuza mu dirisha barantorokesha, ndanyururuka , muva mu ntoki .