Isura 22

1 Nuko yanyeretse umugezi gubeshagaho abantu bagnoye ku mazi gaviyemo. Ago mazi gari garikwerereza nk'ibuye rya kristale, gari gariguturuka mu ntebe y'Imana n'iy'Umwana w'Intama. 2 Gwatemberaga hagati y'inzira nini y'umugi. Hagati y'umugi no ku nkengero z'umugezi hari hariho igiti c'ubuzima, kirikwera amatunda cumi n'ibiri ga buri bwoko , kirikwera imbuto buri kwezi , kandi amababi yaco , gaberaga umuti gw' isj yose . 3 Ndo hakabe imivumo tena. Intebe y' ubutegetsi y'Imana ni y'Umwana w'intama ikabe mu mugi, niho abakozi bayo bakayikorere . 4 Kandi bakamurebe mu maso, kandi izina ryayo rikabe ryandikirwe mu mpanga zabo . 5 Ndo hakabeho tena ijoro. Kandi ndo bakakenere amatara cangwa ikimori, kubera ko Umwami Imana ikababere umwangaza, kandi bakabe abategetsi imyaka amagana n'amagana . 6 Nuko arambwira ngo : "Gano i amagambo go kwiringirwa na aga kweli kandi gakashohwere. Umwami Mana werekaga imyuka z' imbuzi yatumye malaika wayo ngo abyereke abantu bayikoreraga ko bino bintu bigombye gusohora vuba 7 Reba , ndija vuba , Imana ikagishe m' ubwinshi ubikaga gano magambo g'imburo za kino gitabo . 8 Ni nyowe Yohana. Ni nyowe wayumvishije kandi wabwenye ibyo bintu kandi igihe co kubyumva no kubibona , napfukamiye uwo malaika wari ari kubinyereka , kugira ngo muramye: 9 Arambuza arikumbwira ngo : Were kubikora ! Ndi mwira wawe mu kazi k' Imana, n'umwe muri bene swo b' imbuzi, n'abumviraga amagambo ga kino gitabo . 10 Kandi arambwira ngo : "Were guhisha guno mwaze gwerekeye ibyo Imana yakubwiye hambere muri kino gitabo, kubera ko igihe kigerire co gusohoza buno butumwa. 11 Igihe kigerire, uwenda kugumya mu bibi agumye kibikora. Uzambye agumye mu mucafu. Intungane zigumye gutungana, kandi uwera agumye kwera . 12 Reba ndija bwangu , kandi ndija n'umushahara kugira ngo ndihe buri muntu ibikurikije ibyo yakorire. 13 Nyowe , ndi Alfa na Omega , uwo hambere n'uwa mwisho . Nabeyeho hambere ya byose, kandi ni nyowe umwisho gwa byose. 14 Barahiriwe abafuraga amaropo gago kugira ngo babone uruhusa rwo kwegera no kurya ku matunda g'igiti c'ibuzima. Nibo bakinjire mu miryango g'umugi . 15 Hanze hakabe imbwa , abacuruguzi, abasambanyi , abacunnyi , abasenga ibisanamu , na buri muntu wicaga, abasengaga uduhindi, kandi n' abakundaga kubesha kandi bakabesha amaisha gabo gose. Abo ndo bakayinjire muri ugo mugi. 16 Nyowe, Yesu, natumye malaika ngo abwire abizeye mu makanisa ko ari ibya kweli. Nyowe nazewe m'umuryango gwa Daudi, uwo imbuzi zabateguje ko ngayije. Ndi inyenyeri yo kubarasira mu gitondo . 17 Kandi Umuka gw' Imana n'abantu be, aribo mugeni wa Kristo baragamba ngo : "Inja " Kandi uwumvishije agambe ngo " "Inja " Kandi uwishwe n' imyota yije; ushaka wose, afate amazi g'ubuzima k'ubuntu. 18 Ndiguhamiriza buri muntu wose wumvaga amagambo g'imburo ya kino gitabo . Nimba hariho umuntu wongeye ho ikintu , Imana ikamusuke ho ibyago byanditswe muri kino gitabo . 19 Kandi umuntu ukapunguze ikintu kuri gano magambo ga kino gitabo ca yino mburo, Imana ikamwake umugabane gwe ku giti c'ubuzima no kuri gwa mugi gutungenye, byanditswe mu kino kigitabo . 20 Usinyiye bino bintu ko ari ibya kweli agambire ngo : Yego ! Ndikwija vuba. Nyowe Yohana ndasubiza. Bibe guco! Amena ! Wije Mwami Yesu ! 21 Ubuntu bw'Umwami Yesu bubere hamwe na mwewe mwese.