Isura 9

1 Abantu bagenderaga mu mwijima babonye umwangaza mwinshi, abari batuyu mu gihugo cigicucu curupfu, barasiwe n'umwangaza. 2 Wagwijije ubwoko, baba benshi wabongeye ibyishimo, bishimira imbere yawe, nkuko abantu bishimiraga bari gusarura, nkibyo abantu bishimiraga barikugabana iminyago. 3 Kubera ko umutwaro gwasi gumerereye. nigegene bamukubitaga mu bitugu, ninkoni yuwamutegekeshaga agahato, wabivunnye nko kuri gwa musi gwabamediyoni. 4 Kubera ko ibirato bose bari bambaye mu ntambara, ni myenda yose y'intambara, yagaraguwe mu maraso, bazayi twika yikaribwa nu muriro. 5 Kubera ko, umwana yatuvukiye, twahawe umwana wa muhungu ubutware buzaba ku butugu bye. bazamwita, igitangaza, umujanama Imana ikomeye, data wa bose uhoragaho, imwami wamahoro. 6 Guha igihugo kuja mbere na mahoro gadashira ku ntebe ya Davidi nnubutegetsi bwe kubukomeza no kubushidikiza ukuri nubutabera, kuva none ni misi yose. ibyo nibyo uhoragaho niringabo azasohoresha umwete gwe. 7 Uhoragaho umwete ubutumwa kuri Yakobo, bugera kuri Isirayeli. 8 Abantu bose bazabwumva, Efuraimu nabatuye Isamariya, abavuganaga ijiga nubwbone ngo: 9 Amatafari garaguye, tuzubakisha amabuye gabajijwe. imivumu yatemirwe, ariko mu fasi yayo, tuzakoresha imyerezi. 10 Ico nico kizatuma uhoragaho azateza abanzi ba rezini, kandi akabahesha intwaro. 11 Abasuriya bazaturuka imbere na bafirisiti bamutureke inyuma bazasamira isirayeri bamurye, nyamara uburakari, bwuhoragaho ntabwo ukuboko kwe kuracarambuye. 12 Abantu ntabwo bagarukiye uwa bahannye, kandi ntabwo bashatse uhoragaho nyiringabo. 13 Nico kizatuma uhoragaho azavanaho umutwe nikibuno ibiti byingazi nurubingo ku musi gumwe. 14 Umugabo ukuze numucamanza nibo mutwe, numuhanuzi wigishaga ibinyoma niwe kibuno. 15 Abayoboraga aba bantu barabayo byaga. kandi abemeye kuyobowa nabo bararimbuka. 16 Bazatuma uhoragaho atishimira abasore babo, kandi atababarire impfubyi zabo, naba pfakazi babo kubera ko bose banduye, bose ni babi, kandi iminwa yose ivugaga ibibi, ibinyabapfu. nyamara uburakari bwuhoragaho ntabwo bwashize, ahubwo ukuboko kwe, kuracambuye. 17 Kuko gukuranirwa gutwikaga nkumuriro, gutwikaga imishubi nimifatangwe, gugakongeza ibihuru byo mu shamba bikazingazingwa mu mwotsi guga tumbagira hejuru. 18 Uburakari bwuhoragaho nyiringabo nibwo buteye igihugo gukongoka, abantu bakamera nkinkwi zo gushanisha umuriro. ntawe ubarira mwene se. 19 Umuntu nugupiya hariya, ariko agahora ashanje. azarya ni byibumoso ariko ntabwo azahaga. bizagaraho umuntu azarya inyama yo kukuboko kwe. 20 Manase azarya Efuraimu, Efuraimu nawe azarya Manse. kandi bombi bazafatanya batere Yuda nyamara uburakari bwuhoragaho ntabwo buzashira, ahubwo ukuboko kwe, karacarambuwe.