1 Ubuhanuro ku kibaya co kwerekerwamo. umeze gute, ko abantu bawe bose buriye hejuru yamazu? 2 Umugi gwishimye, gwuzuyemo umunezero, nimpundu zibwishimo abapfu banyu ntabwo bajicwa ninkota, ntabwo bazapfira mu ntambara. 3 Abategetsi bawe bose bahungira hamwe bazizwe abapirizonye na barikayo; abaturage bose bahindutse impfungwa igihe bari bari guhungira kure. 4 Nico gitumye ngamba ngo: murebe hirya munvane amaso. ngiye kurira cane, mwere kwishura ngo muramara umubabaro gwo mfitiye umuhara wubwoko bwanje unyazwe. 5 Kuko numusi gwagahinda, kwiheba no kunyukwanyukwa, biturutse ku uhoragaho, Umwami nyiringabo, mu kibayo co kwerekerwamo. babomora ibipangu byamabuye, maze urusaku, no kuboraga ku mubabaro, bigera mu misozi miremire. 6 Abanya Elamu bambaye ibirwanisho, bazanye abasoda bari mu magare, nabandi bagendera ku mafarashi, kandi nabi i kiri nabo basohore ingabo. 7 Nuko ibibaya byawe byiza byuzuyemo amagare gintambara, nabagendera kumafarashi bateze ku irembo ryawe. 8 Uburinzi bwose bwa Yuda bwa hurudutse, ugo musi uzaja gushaka intwaro zibaga munzu yo mu ishamba. 9 Mubonye ibyuho byo mu murwa gwa Dawidi ko ari byinshi, nuko mikaranirize hamwe amazi go mu kidendezi co hepfo. 10 Mubare amazu ya Yerusalemu, maze muyabomore kugira ngo mukomeze ibipangu. 11 Amazi go mu kidendezi ca kera mugacukirire iriba hagati y'ibipangu byombi, ariko ntabwo mwazirikanye uwari warakoze ibyo mbere, kandi ntabwo mwise kuwabirembye kera cane. 12 Umwami uhoragaho nyiringabo, arikubibutsa kuri ugu musi, ngo: murire kandi mwikubite ku gatuza mwiyogoshe ku mitwe kandi mwambare ibigunira. 13 Ariko mwebe mwinezeza no kwishima! mubaga ibimasa, nintama, murya inyama, mwinywera ka vino ngo: turye, tunnywe kuko ejo tuzapfa. 14 Uhoragaho nyiringabo ni we wa binyeretse. Hoya. iki caha ntabwo zizabavanaho kugeza aho muzapfira. niko Umwami uhoragaho nyiringabo agambye. 15 Ukoniko Umwami, uhoragaho nyiringabo agambye. ugendere umuhehesi, shebuna ariwe mujera winzu y'ubwami mubwire ngo: 16 Urigukora iki hano? kandi ufite iki hano? ushaka gucukura imva? ariko kwicukurira imva abantu no hejuru, akibariza ubuturo mu rutare! 17 Reba uhoragaho azakujungunyisha imbaraga, ni koko azagufata. 18 Akuzingazinga akujugunyi nkumuupira mu gihugo kigari, aho niho uzagwa, kandi niho amagare gawe gicubahiro gazaga. weho rukozasoni rwinzu ya shobuja we. 19 Nza kwaka ubutware bwawe, uhoragaho azagukura ku bukuru bwawe. 20 Muri iyo misi, nzahamagara umukozi wanje Eliakimu muhungu wa Hilikiya. 21 Nzamwambika umwambaro gwawe, mukenyeze umukandara gwawe, maze mugahire ubutware bwawe, kandi azaba se wabaturage bose b'Iyerusalemu nabo munzu ya Dawidi. 22 Nzashira ku bihugu bye, urufunguzo mwinzu ya Dawidi. ni afungura, ntawe uzafunga. kandi ni afunga, ntawe uzafungura. 23 Nzamushimangira nkumusumari gugiye ahantu hakomeye, azabera inzu ya se intebe y'icubahiro. 24 Maze bazamushakaho icubahiro cinzu ya se cyose, urubyaro rwe nurwa bene wabo, nibintu bitoya byose, uhereye kubikombe, ukageza no kubicuma byose. 25 Uhoragaho nyiringabo aravuga ngo: ariko ugo musumari gwashimangiwe ahantu hakomeyeguzakuka, kandi guzatemwa gugwe, kandi umutwaro yari yakorejwe gumuveho niwe ibivuze.